Umuraperi Clifford Harris uzwi nka TI yibasiriye umugore wa Donald Trump,Melania,ubwo yashyiraga hanze amashusho yamamaza indirimbo ye yitwa Dear 45, I Ain’t Kanye,yagaragayemo umugore usa na...
Ikipe ya Nigeria itsinze Iceland ibitego 2-0 mu mukino wa kabiri wo mu itsinda D mu gikombe cy’isi, yongera kugaruka mu ruhando rwo gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya 1/16 cy’irangiza mu...
Ubumwe bwa Stephen Curry,Kevin Durant na Klay Thompson bwongeye gufasha ikipe ya Gorden states Warriors kwihaniza Cleveland Cavaliers igendera ku mukinnyi umwe Lebron James ,bayitwara igikombe...
Hirya no hino ku isi by’umwihariko ku mbuga nkoranyambaga hari gucaracara amashusho ya Melania Trump ari kwiyaka umugabo we Donald Trump usanzwe ayobora US nyuma y’ikiganiro mpaka cyabaye mu ijoro...
Mu rukererera rwo kuri uyu wa Mbere nibwo benshi bari bategereje kureba niba Gorden state Warriors iri buze gutwara igikombe cya gatanu cyangwa se niba iraza gutakaza umukino wa 5 w’imikino ya...
Umufasha wa Donald Trump,Melania,yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera ipantaro yafotowe yambaye isa neza n’umubiri bigatuma bamwe bavuga ko yari yambaye...
Umugore wa Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika muri iyi minsi ari mu ruzinduko muri Afurika aho azenguruka mu bihugu bya Afurika birimo Ghana, Kenya, Misiri na Malawi. Uyu mubyeyi akunze...
Nigeria’s Ahmed Musa produced two outstanding goals against an outclassed Iceland, to keep three teams in with a chance of capturing the runner-up spot in a tightly-poised World Cup Group...
Umukobwa witwa Hollie Funke Hersey w’imyaka 22,wigeze gutorerwa kuba Miss Ireland yatangaje ko umugabo witwa Manuel Munares yamukorakoye ku maguru no ku nda yarangiza akamubwira ngo “ibi bikwiriye...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Perezida w’Intara ya Rhineland-Palatinat, Malu Dreyer, uri mu Rwanda mu rwego rwo kureba aho imishinga bafatanya n’u Rwanda igeze ishyirwa mu...
Mu kiganiro n’itangazamakuru, James yavuze ko Bwana Trump abiba amacakubiri ndetse akaba yaratumye abagendera ku irondabwoko bumva bashyigikiwe.
Mu kumusubiza, Bwana Trump yashidikanyije ku bwenge...
Umufasha wa Perezida wa US,Melania Trump yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye kubera ifoto yashyize hanze yicaye ku ntebe yo muri White House akikijwe n’abagabo...
Ikipe ya Argentina ntiyahiriwe n’umukino wayo wa mbere w ’itsinda D mu gikombe cy’isi wayihuje na Iceland, kuko inganyije igitego 1-1 ,Lionel Messi agahusha...
Umugore wa Perezida wa USA Donald Trump witwa Melania Trump ari mu bitaro byitwa Walter Reed National Military Medical Center aho ari kuvugwa uburwayi afite bw’impyiko,abaganga bavuze ko...
Umwanditsi witwa Michael Wolff yasohoye igitabo cyitwa ’Fire and Fury: Inside the Trump White House’ avuga ko perezida wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump n’umugore we Melania Trump badacana...
Abantu benshi bibasiye Umufasha wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Melania Trump bamuziza ko yasomeye isengesho rya ‘Dawe uri mu Ijuru’ mu ruhame.
Ku wa Gatandatu, Melania ari kumwe...