Ku masegonda yanyuma bigoranye REG BBC ihagarariye u Rwanda mu mikino BAL yatsinze SLAC amanota 83-81 maze uba umukino wa 2 itsinze muri 5 igomba gukina.
Umukobwa ukiri muto byavugwaga ko yaciwe amande kubera kwinjira mu kibuga kugira ngo asabe umupira wo kwambara Cristiano Ronaldo mu mukino Portugal yanganyije na Repubulika ya Irlande 0-0,yavuze...
Umuryango umwe wo mu Bwongereza watunguye benshi ubwo watemberaga hanyuma ushyira ubuzima bwawo mu kaga ushinga ihema hafi y’imanga ndende cyane yari yatewe n’inkangu ikomeye yabaye muri ako gace...
Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Wales, Ryan Giggs arashinjwa gukubita umukunzi we Kate Greville ubwo yarimo gupakira ibikapu bye ngo yigendere nyuma y’uko bashwanye amushinja kumuca...
Umugabo witwa Adrian Butler w’imyaka 51 n’umugore we Natasha Rice w’imyaka 34 bafashwe bari gusambanira ku muhanda w’imbere y’isoko ku manywa y’ihangu bagejejwe imbere...
Mu guhugu cya Kenya umudepite witwa Zuleika Hassan wari umwe mu bahagarariye abagore yasohowe mu ngoro y’inteko ishinga amategeko nyuma y’uko aje mu kazi ari kumwe n’uruhinja rwe rw’amezi...
Perezida wa USA,Donald J.Trump yavuze ko umutwe w’iterabwoba wa ISIS uri hafi gutsindwa ubwo yasuraga mu buryo butunguranye ingabo za USA ziba muri Iraq.
Inyubako ikoreramo Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika ndetse akanayituramo we n’umuryango we, izwi nka ‘White House’ n’ubwo hari benshi bakunze kuyitiranya n’inzu yitwa ‘United States Capitol’...
Sebukwe na nyirabukwe ba Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bakomoka mu gihugu cya Slovenia bahawe ubwenegihugu bw’Amerika mu ibanga.
Ku kibazo cy’ abimukira, Ivanka Trump, umukobwa wa Donald Trump yagaragaje ko atemereranya na se. Mu nama yabereye i Washington, iyi mfura ya Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika ’n’ uburakari...
Umukinnyi witwa Ciaran Clark ukinira Newcastle United mu cyiciro cya mbere mu Bwongereza,yavuye mu bitaro nyuma yo gukubitirwa mu kabari k’ahitwa Magaluf n’amabandi bahuriyemo ubwo bashakaga...
Umutoza Jorge Sampaoli w’ikipe ya Argentina yatangaje ko impamvu ikomeye iri gutuma Lionel Messi atitwara neza mu gikombe cy’isi kiri kubera mu Burusiya ari uko bagenzi be batariku rwego rwo hejuru...
Perezida Donald Trump yavuye ku izima ahagarika itegeko yari yashyizeho ryo kwambura abana bato ba nyina bafashwe bari kwinjira muri USA mu buryo bunyuranyije n’amategeko banyuze ku mupaka w’iki...
Kabuhariwe Lionel Messi ukinira ikipe ya FC Barcelona n’ikipe y’igihugu ya Argentina yatangaje ko igitego yatsinze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League bahuye na Manchester United mu mwaka...
Benshi mu batuye isi bahanze amaso imikino y’igikombe cy’isi ibura iminsi 3igatangira mu Burusiya aho ibihugu 32 bigabanyije mu matsinda 4 bizesurana muri iki gihe cy’ukwezi dore ko iki gikombe...
Ku nshuro ya 21 hagiye kuba igikombe cy’isi cy’umupira w’amaguru kigiye kubera mu Burusiya aho amakipe 32 yamaze gutangaza abakinnyi 23 azakoresha ndetse na nimero...