Uyu munsi nibwo abategura irushanwa rya Tour du Rwanda na FERWACY bashyize hanze inzira,abaterankunga n’amakipe azitabira irushanwa rya Tour du Rwanda 2021 ryo ku rwego rwa 2.1 rizakinwa tariki...
NGABO MEDARD yavutse tariki 7 Kanama 1989 azwi cyane ku Izina rya Meddy , ni Umuhanzi w’ Umunyarwanda akaba aririmba mu njyana ya RnB na Pop ni umuririmbyi , umwanditsi...
Dr Léon Mugesera yabyukiye mu rukiko rw’ubujurire i Kigali, aho yabonetse yambaye ishapure nini cyane mu ijosi mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 25 Nzeri...
Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben ni we muhanzi nyarwanda umwe uri ku rutonde rw’abahatanira ibihembo mpuzamahanga ku rwego rwa Afurika byitwa AFRIMMA 2020. Kuri urwo rutonde kandi hariho...
Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu n’ubutabera, (Lantos Foundation for Human Rights and Justice), watangiye kuvuganira Rusesabagina Paul, aho uvuga ko ubutegetsi bw’u Rwanda bumuziza...
Umukinnyi Mugiraneza Jean Baptiste Migi yatangaje ko bitarenze mu kwa cumi azaba yanditse ibaruwa isezera mu ikipe y"igihugu Amavubi, nubwo we ku giti cye yamaze...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu waa Gatandatu tariki ya 08 Kanama 2020 umuntu wa 06 yahitanwe na Coronavirus mu Rwanda mu gihe abantu 6 bose bo mu mujyi wa Kigali banduye Coronavirus...
Uwahoze ari umuyobozi wa Rayon Sports,Paul Muvunyi yatangaje byinshi ku byatumye yamamaza Munyakazi Sadate uyoboye ikipe ubu birimo ko yaje abizeza ibitangaza ndetse atangaza ko icyo amusaba ari...
Amazina ye ni Ngundu mu rurimi rw’ikigande,mu kinyarwanda rikaba risobanuye ’Mpfizi’ afite imyaka 50,akaba ari umunyarwanda wavukiye muri Uganda,aho umubyeyi we umwe ari Umunyarwanda undi nawe akaba...
Umuyobozi wa Alibaba group Jack Ma ari na we washinze Umuryango Jack Ma Foundation mu rwego rwo guhangana n’Icyorezo cya Koronavirusi (COVID-19), yongeye kwitanga ibikoresho bitandukanye birimo...
Mu kiganiro Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yagiranye n’abashoramari barenga 400 baturuka hirya no hino ku isi, bahujwe na ‘Invest Africa’ mu rwego rwo kuganira ku bibazo by’ubukungu bishobora...
Umusore w’impunzi wabarizwaga mu itsinda ry’abazwi nk’aba LGBTI yimanitse mu giti arapfa ku muhanda uri imbere y’ibiro bya UNHCR mu mujyi wa Nairobi nk’uko bagenzi be...
Bitunguranye, kuri uyu wa Kane tariki ya 9 Mata 2020 Perezida Paul Kagame yakuye ku mirimo Amb. Olivier J.P Nduhungirehe wari Minisitiri wa Leta muri Ministeri y’Ububanyi n’Amahanga ushinzwe...
Perezida Paul Kagame yitabiriye inama yahuje abayobozi batandukanye muri Afurika, yagarutse ku guhuriza hamwe imbaraga mu gushaka ibisubizo ku cyorezo cya COVID-19 giterwa na Coronavirus,...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 03 Mata 2020,Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko habonetse abantu 5 banduye icyorezo cya Covid-19 bituma umubare w’abanduye iki cyorezo uba abantu...
Padiri mukuru wo kuri paruwasi ya Mutolere yo muri Diyosezi ya Kabale ni mu karere ka Kisoro mu burengerazuba bwa Uganda witwa Rev. Fr. John Bazimenyera ari mu kaga kuko yatawe muri yombi nyuma...