• FERWAFA yatangaje ko umutoza Antoine Hey yataye akazi nta ruhushya asabye
• Antoine Hey yahakanye ko yataye akazi nkuko FERWAFA na MINISPOC babivuze ko ahubwo yari mu kazi ke
• Kuvuguruzanya...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryandikiye umutoza w’ikipe y’igihugu Antoine Hey rimusaba kugaruka ku kazi ndetse no gutanga ibisobanuro ku mpamvu yatumye ata akazi adasabye...
Minisitiri w’Ingabo, James Kabarebe ari kumwe n’Umugaba Mukuru Gen Patrick Nyamvumba, bakiriye Dr. Abdillahi Omar Bouh, umuyobozi w’Umutwe w’Ingabo z’Ibihugu byo mu karere utabara aho rukomeye, EASF,...
None ku wa Gatatu, tariki ya 04 Ukwakira 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje...
Ikipe ya Patriots na APR WBBC zihagarariye u Rwanda mu mikino y’akarere ka gatanu muri Afurika (Zone v) mu mukino wa Basketball,zitwaye neza ku mikino ya kabiri zakinnye muri iri rushanwa aho...
Ikipe ya Patriots yatangiye imikino y’akarere ka Gatanu inyagira Hawassa City yo muri Ethiopia amanota 110 kuri 43 mu gihe ikipe ihagarariye u Rwanda mu bagore yatsinzwe na KCCA amanota 57 kuri...
Ku munsi w’ejo taliki ya 30 Nzeri 2017, nibwo ikipe ya Patriots na APR WBBC zahagurutse I Knombe zerekeza mu mugi wa Kampala mu gihugu cya Uganda haratangira imikino y’akarere ka Gatanu mu mikino...
Kigali Investment Company iyoborwa na Karangwa Gashabana Paul niyo yaguze umuturirwa wa Rujugiro muri cyamunara kuri miliyari 6.877.150 (Miliyari esheshatu, miliyoni 877 n’ibihumbi 150 z’amafaranga...
Kuri uyu munsi Taliki ya 02 Nzeri uyu mwaka, nibwo Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare hano mu Rwanda ryamaze gutangaza amakipe 17 azitabira Tour du Rwanda, irushanwa rigiye kuba ku...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Kanama, ubutabera bw’u Budage bwagejeje mu Rwanda Twagiramungu Jean washakishwaga n’ubutabera bw’u Rwanda. Akekwaho uruhare mu byaha bya Jenoside...
Igitondo cyiza musomyi w’Umuryango.rw
Umuryango.rw wabanye nawe mu gihugu cyose muri gahunda zo kwiyamamaza ku bakandida batatu bahataniraga kuyobora u Rwanda, uwegukanye intsinzi ni Paul Kagame...
Ikipe y’ u Rwanda Amavubi yatsinze Sudan ibitego 2-1, mu mukino wa gicuti wabaye kuri uyu wa Mbere taliki ya 07 Kanama kuri stade ya Kigali I Nyamirambo.
Uyu mukino amakipe yombi yawuteguye mu...
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 04 Kanama 2017 nibwo abakunzi b’imikino ngororamubiri bategerezanyije amatsiko shampiyona y’isi y’iyi mikino iraza kubera mu mugi wa London aho izasozwa ku italiki ya 13...
Nyirarukundo Salome yamaze kwerekeza I London mu bwongereza kuri uyu wa kabiri taliki ya 01 Kanama aho agiye kwitabira shampiyona y’isi mu mikino ngororamubiri igomba gutangira kuri uyu wa gatanu...
Mu gihe hasigaye iminsi mike ngo imikino ya shampiyona y’isi mu mikino ngororamubiri (IAAF World Championships 2017) izabera I London mu Bwongereza itangire,Nyirarukundo Salome amaze iminsi mu...
Ibyaranze tariki ya 23 Nyakanga birimo kuba Autriche-Hongrie yarahaye gasopo ubwami bwa Serbia kubera ibyaha by’iyicwa ry’igikomangoma Francois Ferdinand byanabaye intandaro y’intambara ya mbere...
Nyuma y’uko ubwongereza butoye kuva mu muryango w’ubumwe bw’ibihugu by’uburayi David Cameroon yahise yegura ku mwanya wa Minisitiri w’intebe, ni kimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka.
Turi tariki 13...
Perezida Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi muri Israel kuwa 09 Nyakanga 2017, aho yageze akakirwa na Minisitiri w’Itangazamakuru muri iki gihugu, Ayoob Kara.
Nyuma yo kumwakira ku kibuga...
Intumwa y’ Imana Dr Paul Gitwaza Zion Temple ku Isi yatangaje ko Imana yamuhishuriye ko u Rwanda ruzaba icyitegererezo cy’ Afurika mu myumvire n’ imikorere.
Yabitangaje kuri iki Cyumweru tariki 9...