skol
Kigali

Search: Ethiopia (789)

Mukura VS ntiyabashije kwigaranzura Musanze Etincelles itsinda Amagaju

• Etincelles iyoboye urutonde rw’agateganyo rwa shampiyona nyuma yo gutsinda Amagaju 1-0 • Mukura VS yananiwe gutsinda Musanze banganya 0-0.
5 November 2017 496 0

Kuvuguruzanya gukomeye hagati ya FERWAFA na Antoine Hey

• FERWAFA yatangaje ko umutoza Antoine Hey yataye akazi nta ruhushya asabye • Antoine Hey yahakanye ko yataye akazi nkuko FERWAFA na MINISPOC babivuze ko ahubwo yari mu kazi ke • Kuvuguruzanya...
3 November 2017 798 0

Mu mafoto reba inzu 11 zo muri Afurika zisekeje utasanga ahandi

Wabonye inzu nyinshi nziza ku mugabane w’Afurika harimo indende cyane n’izindi nyinshi zitandukanye, Gusa birashoboka ko utarabona inzu zitangaje ushobora no kubona ukirirwa useka umunsi wose....
30 October 2017 7782 0

FERWAFA yihanije Hey usigaye uta akazi uko yishakiye

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryandikiye umutoza w’ikipe y’igihugu Antoine Hey rimusaba kugaruka ku kazi ndetse no gutanga ibisobanuro ku mpamvu yatumye ata akazi adasabye...
25 October 2017 425 0

Umuyobozi Mushya wa EASF yasuye Ingabo z’u Rwanda

Minisitiri w’Ingabo, James Kabarebe ari kumwe n’Umugaba Mukuru Gen Patrick Nyamvumba, bakiriye Dr. Abdillahi Omar Bouh, umuyobozi w’Umutwe w’Ingabo z’Ibihugu byo mu karere utabara aho rukomeye, EASF,...
18 October 2017 607 0

MININFRA yasinye imihigo yo kwagura no kubungabunga ibikorwa remezo

Minisiteri y’ibikorwa remezo n’ibigo biyishamimiyeho basinye amasezerano y’imihigo aho ngo hashyizweho ingamba zizatuma hubahirizwa ireme n’agaciro k’ibikorwa biba byitezwe byumwihariko ngo hirindwa...
18 October 2017 325 0

Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo kuwa 4 Ukwakira 2017

None ku wa Gatatu, tariki ya 04 Ukwakira 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame. 1. Inama y’Abaminisitiri yemeje...
4 October 2017 1618 0

Patriots BBC na APR WBBC zitwaye neza ku mikino ya Kabiri ya Zone V

Ikipe ya Patriots na APR WBBC zihagarariye u Rwanda mu mikino y’akarere ka gatanu muri Afurika (Zone v) mu mukino wa Basketball,zitwaye neza ku mikino ya kabiri zakinnye muri iri rushanwa aho...
3 October 2017 244 0

Patriots BBC yatangiye zone V itsinda APR WBBC itsindwa na KCCA

Ikipe ya Patriots yatangiye imikino y’akarere ka Gatanu inyagira Hawassa City yo muri Ethiopia amanota 110 kuri 43 mu gihe ikipe ihagarariye u Rwanda mu bagore yatsinzwe na KCCA amanota 57 kuri...
2 October 2017 84 0

Patriots BBC iri mu itsinda ry’urupfu yarahiriye kwegukana igikombe cya Zone V

Ku munsi w’ejo taliki ya 30 Nzeri 2017, nibwo ikipe ya Patriots na APR WBBC zahagurutse I Knombe zerekeza mu mugi wa Kampala mu gihugu cya Uganda haratangira imikino y’akarere ka Gatanu mu mikino...
30 September 2017 209 0

Kigali Investment Company niyo yaguze mu cyamunara UTC ya Rujugiro

Kigali Investment Company iyoborwa na Karangwa Gashabana Paul niyo yaguze umuturirwa wa Rujugiro muri cyamunara kuri miliyari 6.877.150 (Miliyari esheshatu, miliyoni 877 n’ibihumbi 150 z’amafaranga...
25 September 2017 5441 0

Minisitiri Busingye yavuze ko kurwanya ibyaha byambukiranya imipaka bisaba ingamba zihamye

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Johnston Busingye yavuze ko kurwanya no gukumira ibyaha byambukiranya imipaka bisaba ingamba zihamye n’ubufatanye buhoraho hagati ya Polisi zo...
17 September 2017 226 0

Reba ibihugu bifite Passports zikomeye ku isi

Muri iki gihe abantu benshi bakunda kuzenguruka ibihugu bakenera ibyangombwa bibemerera kwinjira mu gihugu kimwe bajya mu kindi ,aho bitewe n’igihugu ukomokamo passport igufasha kwinjira byoroshye...
14 September 2017 9731 0

Minisitiri w’ intebe mushya w’ u Rwanda yakorewe ibirori byo kumusezera no kumwifuriza ishya n’ ihirwe

Minisitiri mushya w’ intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente yakorewe ibirori n’ abakozi ndetse n’ abayobozi ba banki y’ Isi, bamusezeraho ari nako bamwifuriza ishya n’ ihirwe mu mirimo agiyemo yo...
9 September 2017 7533 0

Umukobwa wiyemeje kuzengeruka isi na moto ari mu Rwanda [amafoto]

Umukobwa w’ imyaka 38 ukomoka mu gihugu cya Ukraine wiyemeje kuzengeruka ibihugu byose byo ku Isi agenda kuri moto yageze mu Rwanda anyurwa n’ isuku yahasanze. Uyu mukobwa witwa Grechishkina Anna...
6 September 2017 4706 0

Amakipe azitabira Tour du Rwanda y’uyu mwaka yamenyekanye

Kuri uyu munsi Taliki ya 02 Nzeri uyu mwaka, nibwo Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare hano mu Rwanda ryamaze gutangaza amakipe 17 azitabira Tour du Rwanda, irushanwa rigiye kuba ku...
2 September 2017 548 0

Abanyarwanda bakuriweho Viza ku berekeza mu bihugu 22 bikurikira-URUTONDE

Nyuma yuko u Rwanda rwiyemeje guha ikaze abanyamahanga bashaka kuruzamo bakabakuriraho visa abandi bakoroherezwa kujya bayisaba baramaze kugera mu gihugu, ubu noneho n’Abanyarwanda bakuriweho visa...
24 August 2017 26156 0

Reba urutonde rw’ inzu 11 zitangaje kurusha izindi harimo ikoze nk’ urukweto [AMAFOTO]

Ikinyamakuru Afuricaranking gikora intonde z’ ibintu bitandukanye cyakoze inkuru igaragara inzu 11 zitangaje kurusha izindi muri Afurika muri zo harimo ikoze mu ishusho y’ urukweto n’ ikoze mu...
19 August 2017 10068 0

U Budage bwashyikirije u Rwanda Twagiramungu ucyekwaho Jenoside

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Kanama, ubutabera bw’u Budage bwagejeje mu Rwanda Twagiramungu Jean washakishwaga n’ubutabera bw’u Rwanda. Akekwaho uruhare mu byaha bya Jenoside...
18 August 2017 3653 0

Paul Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda 2017-2024

Igitondo cyiza musomyi w’Umuryango.rw Umuryango.rw wabanye nawe mu gihugu cyose muri gahunda zo kwiyamamaza ku bakandida batatu bahataniraga kuyobora u Rwanda, uwegukanye intsinzi ni Paul Kagame...
18 August 2017 3380 0

Amavubi atsinze Sudan mu mukino wa Gicuti

Ikipe y’ u Rwanda Amavubi yatsinze Sudan ibitego 2-1, mu mukino wa gicuti wabaye kuri uyu wa Mbere taliki ya 07 Kanama kuri stade ya Kigali I Nyamirambo. Uyu mukino amakipe yombi yawuteguye mu...
7 August 2017 625 0

Reba abakinnyi 10 bitezwe cyane muri shampiyona y’isi igiye kubera I London (Amafoto)

Kuri uyu wa gatanu taliki ya 04 Kanama 2017 nibwo abakunzi b’imikino ngororamubiri bategerezanyije amatsiko shampiyona y’isi y’iyi mikino iraza kubera mu mugi wa London aho izasozwa ku italiki ya 13...
3 August 2017 956 0

Nyirarukundo yamaze kwerekeza I London

Nyirarukundo Salome yamaze kwerekeza I London mu bwongereza kuri uyu wa kabiri taliki ya 01 Kanama aho agiye kwitabira shampiyona y’isi mu mikino ngororamubiri igomba gutangira kuri uyu wa gatanu...
1 August 2017 423 0

Nyirarukundo Salome ari mu myitozo ya nyuma yo kwerekeza I London

Mu gihe hasigaye iminsi mike ngo imikino ya shampiyona y’isi mu mikino ngororamubiri (IAAF World Championships 2017) izabera I London mu Bwongereza itangire,Nyirarukundo Salome amaze iminsi mu...
26 July 2017 300 0

Umunyarwanda usiganwa ku maguru yaraye akoreye amateka mu Bufaransa

Umunyarwanda Muhitira Felicien ukunze gutazirwa “Magare” yaraye akoze amateka mu gusiganwa igice cya Marathon mu Bufaransa aho yigaranzuye abakinnyi b’ibihangange kuri iki Cyumweru yegukana...
24 July 2017 3249 0

Tariki 23 Nyakanga isobanuye byinshi ku ntandaro y’ intambara ya mbere y’ Isi

Ibyaranze tariki ya 23 Nyakanga birimo kuba Autriche-Hongrie yarahaye gasopo ubwami bwa Serbia kubera ibyaha by’iyicwa ry’igikomangoma Francois Ferdinand byanabaye intandaro y’intambara ya mbere...
23 July 2017 741 0

Umutoza wahoze atoza Amavubi yasezeye ku ikipe yatozaga kubera kumara igihe kinini adahembwa

Umutoza w’ikipe y’Igihugu ya Uganda, Milutin Sredojevic wamamaye nka Micho yeguye kumirimo yo gutoza iyi kipe mu gihe yiteguraga guhura n’Amavubi y’u Rwanda mu ijonjora rya gatatu ryo gushaka itike...
22 July 2017 1104 0

Mu byabaye tariki 13 Nyakanga, David Cameroon wari Minisitiri w’ intebe w’ u Bwongereza yareguye

Nyuma y’uko ubwongereza butoye kuva mu muryango w’ubumwe bw’ibihugu by’uburayi David Cameroon yahise yegura ku mwanya wa Minisitiri w’intebe, ni kimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka. Turi tariki 13...
13 July 2017 363 0

Ishusho y’uruzinduko rwa Perezida Kagame i Yeruzalemu-AMAFOTO 21

Perezida Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi muri Israel kuwa 09 Nyakanga 2017, aho yageze akakirwa na Minisitiri w’Itangazamakuru muri iki gihugu, Ayoob Kara. Nyuma yo kumwakira ku kibuga...
10 July 2017 2183 0

Gitwaza ngo yahishuriwe icyo u Rwanda ruzamarira Afurika

Intumwa y’ Imana Dr Paul Gitwaza Zion Temple ku Isi yatangaje ko Imana yamuhishuriye ko u Rwanda ruzaba icyitegererezo cy’ Afurika mu myumvire n’ imikorere. Yabitangaje kuri iki Cyumweru tariki 9...
10 July 2017 3353 0
0 | ... | 510 | 540 | 570 | 600 | 630 | 660 | 690 | 720 | 750 | 780