Kuri iki cyumweru nibwo mu irushanwa rya Tour de France bari bageze ku gace ka 9 kari kagizwe n’ibirometero 181,5.kavaga ahitwa Nantua kerekeza Chambery aho kabayemo impanuka nyinshi cyane mu...
Umuhanzi Bruce Melodie niwe uyoboye abahanzi b’Abanyarwanda kuri ubu nyumayo gukora amateka yo kuba umuhanzi Nyarwanda wa mbere utsindiye Trace Awards.
Umunya Denmark,Jonas Vingegaard yegukanye Tour de France 2022 nyuma yo kurangiza uduce 21 ariwe umaze gukoresha igihe gito cyane kurusha abandi ku ntera ya kilometero 3.353 zakinwe.
Nyuma...
Kabuhariwe mu mukino wo gusiganwa ku magare Peter Sagan ukinira ikipe ya Bora Hansgrohe yo mu budage yirukanwe mu irushanwa rya Tour de France nyuma yo guteza impanuka ubwo abasiganwa...
Umunya Espagne w’imyaka 37 Alejandro Valverde ukinira ikipe ya Movistar yakoze impanuka ikomeye cyane ubwo yasiganwaga mu gace ka mbere ka Tour de France kabaga kuri uyu wa gatandatu taliki ya 01...
Umwongereza Chris Froome wakuzwe na benshi muri Tour de France kubera ubuhanga bwe mu kuzamuka imisozi ya Alpes na Pyrenees,yageze mu Rwanda aho aje gukina Tour du Rwanda 2023.
Mu ijoro ryo...
Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije,Democratic Green Party of Rwanda,Dr Frank Habineza yavuze ko adashyigikiye ibiherutse gu tangazwa na Perezida wa Repubulika Paul...
Radiyo yo mu Bufaransa, France Inter, yasabye imbabazi inemera ‘ubujiji’ ku kiganiro iherutse gutangaza gikubiyemo imvugo zipfobya Jenoside yakorewe Abatutsi.
Kabuhariwe mu gusiganwa ku magare Areruya Joseph ari mu biganiro byimbitse n’ikipe ya Delko Marseille Province (DMP) yo mu Bufaransa ndetse amakuru atugeraho aravuga ko ashobora kuyisinyira mu...
Ku munsi w’ejo nibwo abasore bagize Team Rwanda babashije kwiyongerera amahirwe yo kwerekeza mu irushanwa rya Tour de l’Avenir rifatwa nka Tour de France y’abatarengeje imyaka 23 rikinwa n’amakipe...
• Tour du Rwanda yafashije abakinnyi batandukanye kugera ku rwego mpuzamahanga
• Kuva yaba mpuzamahanga mu mwaka 2009 yafashije abakinnyi batandukanye gukina amarushanwa akomeye arimo na Tour de...
Christopher Froome umwongereza ukomeje kuyobora urutonde rusange muri Tour de France y’uyu mwaka iri kugera ku musozo yatangaje ko umunya Colombia Rigoberto Uran ariwe mukinnyi abona wamwambura...
Umwongereza Christopher Froome utazibagirwa na benshi kubera ubuhanga yagaragaje mu kuzamuka imisozi ya Pyrenees,Alpes,Col du Pierre Saint Martin n’iyindi,agiye kuza mu Rwanda gukina irushanwa rya...
Abakinnyi bakomeye mu mukino wo gusiganwa ku magare ku isi,barimo umunya Slovakia,Peter Sagan,n’umwongereza Chris Froome bitezwe muri Tour du Rwanda y’umwaka...
Ikinyamakuru France Football cyatangaje ko uyu mwaka wa 2020 kitazatanga igihembo cya Ballon d’or cyari kimaze imyaka myinshi gitangwa ariko uyu mwaka cyakomwe mu nkokora na...
Umufaransakazi Cindy Lee, ushaka kwiyamamaza mu matora ya Perezida mu Bufaransa, yatawe muri yombi yambaye ubusa mu gice cyo hejuru ubwo yari mu myigaragambyo yo kurwanya ruswa.
Cindy Lee...
Madamu wa Perezida w’Ubufaransa witwa Brigitte Macron agiye kujyana mu nkiko abamushinja ko yavutse ari umuhungu mu nyuma agahinduza igitsinababicishije ku mbuga nkoranyambaga.
Uyu mudamu...
Joseph Murasampongo, sewabo wa Emmanuel Abayisenga ushinjwa kwica umupadiri mu Bufaransa, yabwiye BBC ko bimwe mu byavuzwe kuri Abayisenga n’umuryango wabo nta kuri...
Umuhanzi w’icyamamare ku Isi Antoine Christophe Agbepa Mumba uzwi nka Koffi Olomide ukomoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, RDC, yaburanishijwe n’urukiko rwa Nanterre mu Bufaransa ku byaha...