Abajura 3 bitwaje intwaro bateze abantu bari bagiye gusura ishusho y’icyamamare ya Yezu iherereye mu mujyi wa Rio de Janeiro bambura buri wese ibyo yari afite byose gusa nta muntu wapfiriye muri...
Umunyarwanda Mugisha Moise wari muri Team Rwanda yitabiriye irushanwa rya Tour de l’Espoir,yigaranzuye abanya Eritrea yegukana agace ka 5 ka Tour de l’Espoir...
Ndayisenga Valens ufite agahigo ko kuba ariwe munyarwanda wenyine watwaye Tour du Rwanda ubwo yari ku rwego rwa 2.2 mu mwaka wa 2014 na 2016,yavuze ko nta mahirwe menshi Abanyarwanda bafite yo...
Umujyanama Mukuru wa Perezida wa Repubulika ushinzwe ibya Gisirikare n’Umutekano, Gen. James Kabarebe, yatangaje ko hari ikibazo kitabonerwa igisubizo ku bijyanye na Jenoside yakorewe Abatutsi...
Dady de Maximo Mwicira Mitali ni umuhanzi w’imyambaro y’ubugeni n’isanzwe, Dad de Maximo yatanze ubuhamya bw’uko yasambanyijwe akanangizwa igitsina muri Jenoside. wamenyekanye mu Rwanda mu bice...
Umutoza wa PSG,yabyukije intambara y’amagambo na Neymar Jr kuko yamunenze kubera imyitwarire mibi yagize kuwa Gatandatu,agakubita igipfunsi umufana wa Rennes warimo gufata amashusho abakinnyi ba...
Tariki ya 07 Mata mu gihugu cy’Ubufaransa yagizwe umunsi wahariwe Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi bikaba byasohotse mu iteka rya Perezida wa Repububulika.
Nyakubahwa perezida Paul Kagame yasabye ibihugu byo ku mugabane w’Uburayi kugabanya kwishyira hejuru bumva ko bari hejuru ku bijyanye no kubahiriza uburenganzira bwa muntu kurusha indi migabane...
Umukinnyi wo hagati mu ikipe ya Chelsea N’golo Kante ukundwa na benshi kubera ko yicisha bugufi ndetse akaba ari n’umuhanga bigaragarira buri wese,yabwiye abanyamakuru ko akiri umwana yakundaga...
Mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo iri mu Burasirazuba bwa Congo Kinshasa hamaze kumenyekana abarwayi babiri ba Ebola, ni bwo bwa mbere iyi ndwara ihavuzwe kuva yakwaduka muri iki gihugu, umuntu wa...
Umusore usanzwe amenyereweho kumurika imideli uzwi ku izina rya Twagira Prince Henry niwe watoranyijwe kuzahagararira u Rwanda mu irushanwa ryo guhatanira ikamba rya Rudasumbwa ku rwego...
Umwe mu bakinnyi ba mbere ku isi mu gusiganwa ku magare,Peter Sagan ukomoka mu gihugu cya Slovakia,yatangaje ko ashyigikiye ko u Rwanda rwahabwa amahirwe yo kwakira shampiyona y’isi ya 2025...
Mu gihe umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi, Mashami Vincent yari yishimiye ko rutahizamu wa Saint Etienne mu Bufaransa, Kevin Monnet-Paquet yavuye mu mvune ku buryo yazanamwifashisha mu mikino iri...
GodFather inzu yo muri Afurika Y’epfo yamamaye mu gutunganya amafilimi,nyirayo akaba na Director yasuye u Rwanda anagirana ibiganiro na bamwe mu bo bahuje umwuga n’abahanzi...
Abantu benshi bakoresha urubuga rwa Facebook bo muri cameroun bavuze kuri iyi nkuru y’akababaro y’umugore wari utwite ari hafi kubyara wirukanwe shishi itabona mu bitaro kuko atari afite amafaranga...
Umunyarwandakazi Miss Nimwiza Meghan wahagarariye u Rwanda mu irushanwa rya Miss World 2019, ntiyabonetse mu bakobwa 40 bagize amahirwe yo kwitwara neza mu cyiciro kizwi nka “top...
Umukinnyi wa FC Barcelona, Lionel Messi, yahamagaye Neymar Jr nyuma yo gusezererwa na Liverpool mu buryo bugayitse ku bitego 4-3 mu mikino yombi,amubwira ko azongera gutwara UEFA Champions League...
Aimbable Bayingana wari perezida w’ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) ari gukorwaho iperereza nyuma yo kwegura ku mirimo ye ku birego bya ruswa n’ihohotera rishingiye ku gitsina...
Perezida wa Repubulika,Paul Kagame, yavuze ko amwe mu makipe yo ku mugabane w’Afurika mu mupira w’amaguru ashoboye ndetse anafite ubushobozi bwo kuba yatwara igikombe cy’isi ariko kubera kwitinya no...
Ikipe ya PSG ikomeje kwigarurira imitima y’abanyarwanda nyuma yo kwemera kwamamaza “VISIT RWANDA”,yatangaje ko yifuza umukinnyi Liverpool igenderaho Sadio Mane kugira ngo imusimbuze Neymar Jr...
Kapiteni wa Real Madrid, Sergio Ramos,yavuze ko Cristiano Ronaldo na Lionel Messi bari ku rwego rwo hejuru cyane kurusha abandi bakinnyi bandi ariyo mpamvu bakwiriye kubategurira Ballon d’or yabo...
Bamwe mu bakunzi b’ikipe ya Real Madrid bababajwe nuko rutahizamu wa PSG,Kylian Mbappe bifuza cyane yasingije Lionel Messi aho bamwe bahise bemeza ko ashaka kuzakinana n’uyu munya Argentina...
Umunya Senegal Sadio Mane w’imyaka 27 yaraye atorewe kuba umukinnyi wahize abandi muri Afurika mu mwaka wa 2019 ahigitse Mohamed Salah na Riyad Mahrez bari...
Imyaka Igera Kuri 26 Ishize Habaye Jenoside Yakorewe Abatutsi, Hari Ibimenyetso Byinshi Bikomeje Kugaragara Bishimangira Ko Yari Yarateguwe, N’ubwo Hari Abakomeje Guhakana Ko...