None kuwa Gatanu, tariki ya 09 Ukuboza 2016, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri yatangiye...
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gasabo ifunze abagabo babiri bacyekwaho kuba mu gatsiko k’abashuka abantu bakambura amafaranga babizeza inyungu zikomoka ku Mushinga wa baringa ugamije guteza imbere...
Ku kigo nderabuzima cya Kabuye giherereye mu karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali, harwariye umugore witwa Akaniwabo Jacqueline uvuga ko commando wa polisi yamukubise akamuhindura intere ubwo yari...
Kuri iki cyumweru tariki 25 Ukuboza 2016 ubwo u Rwanda rwifatanyije n’ Isi yose mu byishimo by’Umunsi Mukuru wa Noheli, mu Rwanda byari agahebuzo ku miryango y’abana barenga 30 bavukiye mu mavuriro...
Kuri sitasiyo ya Polisi ya Kimisagara hafungiwe uwitwa Nisingizwe Jean d’Amour, wafatiwe mucyuho agurisha moto ifite nomero za purake RD 060H bikekwa ko yibwe I Remera mu karere ka Gasabo....
Polisi y’u Rwanda n’umuryango ushinzwe kurwanya ruswa n’akarengane mu Rwanda (Transparency International Rwanda- TI Rwanda), kuri uyu wa gatanu tariki ya 30 Ukuboza batangije ubukangurambaga...
Umuturage wo mu murenge wa Nyakabanda mu karere ka Nyarugenge witwa Akimana Belyse arashimira Polisi y’u Rwanda kuba yarafashe umuntu wari wamwibye moto ye ndetse ikayimushyikiriza tariki ya 30...
Biziyaremye Evariste, uri mu kigero cy’imyaka 25 y’amavuko yitabye Imana nyuma yo kurohama mu bwogero bwa hoteli iri ku kiyaga cya Muhazi mu gice kiri mu karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali....
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasuye igice cyagenewe inganda mu mujyi wa Kigali Special economic zone asaba ko hakongerwa ireme n’ ubwinshi bw’ ibikorerwa mu Rwanda ariko ntibikomeze guhenda....
Guverinoma y’u Rwanda yashyikirije Sosiyete Oshen Health Care Rwanda Ltd , imicungire y’Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal(King Faisal Hospital)
Ni mu muhango wabaye ku wa Kabiri tariki ya 7...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yibukije abanyarwanda ko batagomba gutekereza ko hari uzava ahandi akabatabara igihe imvura yatinze kugwa, agaragaza ko bashobora gutekereza uzabatara ntaze...
Abagororwa bafungiye muri gereza Nkuru ya Kigali ariyo gereza ya Nyarugenge izwi ku izina rya 1930 batangiye kwimurirwa muri gereza ya Mageragere.
Iki gikorwa cyatangiye mu gitondo cyo kuri uyu...
Kuri uyu wa 15 Gashyantare 2016 Evode Imena n’abo baregwa mu rubanza rumwe, bagejejwe ku Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ruri i Nyamirambo, mu rubanza ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo....
Polisi y’u Rwanda yashyikirijwe abagabo babiri bari barahungiye muri Uganda nyuma yo gutoroka gereza, ikaba yarabakiriye ku italiki ya 21 Gashyantare ku mupaka wa Gatuna.
Abagaruwe ni Ndimubanzi...
Mu mikwabu itandukanye yakozwe na Polisi y’u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali mu ijoro ryo kuwa Gatatu tariki ya 1 Werurwe 2017, hafashwe ibikoresho bitandukanye birimo iby’ikoranabuhanga n’ibindi...
Ku italiki ya 11 Werurwe uyu mwaka, Polisi ikorera mu karere ka Bugesera yashyikirije moto ebyiri zibwe mu bihe bitandukanye ba nyirazo. Izo moto zarafashwe ku bufatanye n’abaturage, ubwo zabaga...
Umukobwa w’ imyaka 27 wo mu murenge wa Shyembe akagari ka Gihango mu karere ka Rutsiro wari wagambiriye kwiyambura ubuzima kubera guhozwa ku nkenke n’ ababyeyi be bamuhora ko yabyariye iwabo ,...
Ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru tariki ya 2 Mata 2017, inzu y’ umuturage iherereye ahitwa Cyahafi munsi y’ amashuri ya Cyahafi na Gereza ya Nyarugenge yafashwe n’ inkongi y’ umuriro yangirikiramo...
Umuryango w’Abibumbye uvuga ko amahanga yose akwiye kwigira ku byo u Rwanda rwagezeho nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi yabaye mu mwaka 1994.
Tariki ya 7 Mata buri mwaka, Loni yemeje ko ari...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika, Au, Moussa Faki Mahamat kuri uyu wa 8 Mata 2017.
Faki Mahamat yaje kwifatanya...
Violette Uwamahoro, Umunyarwandakazi ufite ubwenegihugu bw’Ubwongereza, wari warafatiwe mu Rwanda agafungwa kubera ibyaha yari akurikiranweho, kuri ubu yageze mu Bwongereza mu gihe yari yafunguwe...
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko amasomo y’Igihembwe cya Kabiri cy’Amashuri yisumbuye azatangira kuwa Kabiri tariki ya 18 Mata 2017.
Ni muri urwo rwego yamenyesheje kare abayobozi b’ibigo...