Gare ya Kacyiru ku munsi ikoreshwa n’ abarenga 1000, nta bwiherero ifite. Abayikoresha n’ abayituriye bavuga ko bibabangamiye kuko biteza umwana.
Abagenzi bakoresha iyi gare bavuga ko hari ubwo...
Umugabo w’imyaka 46 utuye mu Kagari ka Nyabikenke, mu Murege wa Bumbogo, yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma yo gushyamirana n’umugore we akanamubwira ko ‘yamwica icyunamo kikazagera yaraboze...
Muneza Christopher wamamaye nka Christopher Topher muri muzika nyarwanda avuga ko atabonye amahirwe yo kwifotozanya na Perezida Kagame Paul ubwo bari mu birori byo kubyina intsinzi yari amaze...
Paul Kagame wakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza mu karere ka Gasabo ko mujyi wa Kigali, yavuze ko hari abibaza niba u Rwanda ruzagira amahoro igihe azaba atarikiri Perezida wa Repubulika.
Ku...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko hafashwe icyemezo cyo gusenya inzu 28 zo mu Mudugudu w’Urukumbuzi ahazwi nko kwa Dubai, ndetse n’izindi 14 zo mu Karere ka Gasabo zubatswe binyuranye...
Amb.Gatete Claver yongeye gushyirwa mu majwi mu rubanza rw’inyereza rya za miliyari mw’igurwa ry’inyubako ya sosiyete yitwa A&P Ltd.
Serubibi Eric yabwiye urukiko ko Amb.Gatete ariwe watanze...
Impaka zabaye nyinshi mu rukiko bitewe na Pisine ya Dove Hotel ubushinjacyaha buvuga ko Pasiteri Sindayigaya yanyereje miliyoni 32Frw zo kuyubaka we akavuga ko Pisine yayubatse kandi ikoreshwa....
Mu Karere ka Rwamagana mu murenge wa Fumbwe hafi y’urugabano rw’Aka Karere n’Akarere ka Gasabo hatoraguwe umurambo w’umugabo witwa Jean Bosco Nduwayezu bikekwa ko yazize inzara yatewe n’amasengesho...
Ku wa kane tariki 16 Ugushyingo uyu mwaka Polisi y’u Rwanda yaburijemo ibikorwa by’ubwambuzi bushukana bw’amafaranga byakozwe n’abantu babiri biyitaga Abakozi b’Inzego za Leta.
Abakurikiranyweho ibi...
Umugabo witwa Hategekimana Jean Marie Vianney warokotse Jenoside utuye mu Murenge wa Bumbogo mu karere ka Gasabo, yatewe n’abagize banabi bamutwikira inka ebyiri zimo ihaka.
Ibi byabaye kuri uyu...
Muhirwa Theogene w’imyaka 37 y’amavuko afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Ndego nyuma yo gufatanwa umufuka w’urumogi urimo ibiro 12 iwe mu nzu mu rukerera rwo ku italiki ya 13 Kanama .
Ibi...
Dr Frank Habineza watanzwe n’ishyaka, Democratic Green Party avuga ko abanyarwanda nibamutora akaba Perezida w’Igihugu, afite gahunda nyinshi zirimo guteza imbere imirimo iciriritse, guhindura...
Nyabutsitsi Augustin w’imyaka 74 y’amavuko wigishije Perezida Paul Kagame mu wa gatandatu no mu wa Karindwi w’amashuri abanza, yishimira ko yongeye guhura nawe akanamwubakira inzu nziza atuyemo...
Abantu babiri bacyekwagaho ubujura no kwica Ndamyimana Elyse wari Noteri w’Umurenge wa Remera mu karere ka Gasabo, barashwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu ubwo bageragezaga gutoroka inzego...
Indwara y’umwingo ni indwara iterwa no kubyimba kw’agasabo ( Thyroid gland ) ko mu muhogo kazwi kuvubura umusemburo wa thyroxine .ikaba irangwa no kubyimba ahagana mu muhogo...
Mu Mujyi wa Kigali haburanishijwe urubanza rw’abakekwaho icyaha cyo kwica umugore bamurogeye mu nzoga cyabereye mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Gasabo, aho uyu nyakwigendera bakekwaho kumwica...
Mu Karere ka Gasabo mu Kagari ka Nyabisindu mu Murenge wa Remera, haravugwa impfu z’abantu batatu bo mu muryango umwe barimo umugabo n’abana be babiri bitabye Imana mu gihe cy’iminsi ine gusa, kandi...
Mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo, haravugwa impanuka idasanzwe y’ubwanikiro bw’ibigoro, bwagwiriye abaturage, aho bivugwa ko hari benshi bahasize...