Ibyishimo byari byose ku basoje umwaka ahaturikirijwe ibishashi mu Mujyi wa Kigali, byarashwe mu gihe kingana n’iminota 14 ubudahagarara uyu mwaka wari akarusho kuko hanashyizwemo udushya mu buryo...
Umuraperi uri mu beza u Rwanda rufite,Tuyishime Josua yarangije igifungo yari amazemo amezi 5,yakatiwe nyuma yo gukubita umugore we, Uwimbabazi Sharifa, akamukura amenyo ndetse yari mu bantu...
Abahoze ari abayobozi bakuru b’itorero rya ADEPR barimo Bishop Jean Sibomana na bamwe muri bagenzi be bahanaguweho ibyaha byo kunyereza umutungo no gukoresha nabi umutungo ufitiye rubanda inyungu,...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 03 Ukuboza, abahanzi, abashumba inshuti ndetse n’abanyamuryango b’umuhanzi nyakwigendera Gakunzi Jonathan babyukiye mu muhango wo gusezera kuri uyu muhanzi...
Urukiko rw’Ikirenga rwatangaje ko imanza za gatanya zaciwe mu gihugu cyose mu 2017 zari 69 mu gihe muri uyu mwaka wa 2018 zimaze kwikuba inshuro 19 kuko zigeze ku 1311.
Kicukiro iza ku isonga mu...
Am G The Black yavuze ko bimwe mu byo baganiriye yagiye kumusura harimo nko kuba bagomba gucecekesha abantu bavuga ko injyana ya Hip Hop yasubiye inyuma.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasizuba no mu karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali yafashe abasore 3 bamburaga moto abamotari bakajya kuzigurisha, izindi bakabanza...
Ntibikunze kubaho ariko biremewe ko umushinjacyaha ashobora gushinjura. Mu iburanisha rya 2 mu rubanza mu mizi ruregwamo abari abayobozi ba ADEPR Ubushinjacyaha Emmenuel Nkubito yavuze ko nta...
Bamwe mu bategarugori n’abakobwa, bo mu Rwanda, cyane cyane abatuye mu mujyi wa Kigali, iyo muganiriye byimbitse bakubwira bemeza ko igikorwa cyo gusomana, cyagiye kigusha benshi b’intwari muribo...
Minisitiri w’ ubutabera akaba n’ intumwa nkuru ya Leta yifatanyije n’ abaturage b’ akarere ka Gicumbi mu muganda wo gutera ibiti ku misozi yo mu murenge wa Rutare. Nyuma y’ umuganda aganiriza...
Bamwe basore bo mu Mujyi wa Kigali bemeza ko ingeso mbi z’abakobwa cyane iyo gukunda amafaranga ari bimwe mu bituma batihutira gushinga ingo batinya kuzicuza bahindutswe nabo bibwiraga ko...
Nubwo umujyi wa Kigali uza ku isonga mu mijyi myiza yo muri Afurika,usanga hari uduce twinshi tugikeneye izindi mbaraga kugira ngo umwanda ukabije n’akajagari bibe...
Umushyushyarugamba akaba n’umunyamakuru, Anita Pendo, yibarutse umwana wa kabiri ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu, tariki ya 5 Ukwakira 2018 mu bitaro biherereye i...
Abatoza batoje urubyiruko rw’ abanyeshuri bo mu karere Kicukiro mu mwaka ushize wa 2017 batarahabwa ishimwe ry’ ubutoza, ibintu bavuga ko byagize ingaruka mu mibereho...
Bamwe mu bategarugori n’abakobwa, bo mu Rwanda, cyane cyane abatuye mu mujyi wa Kigali, iyo muganiriye byimbitse bakubwira bemeza ko igikorwa cyo gusomana, cyagiye kigusha benshi b’intwari muribo...
Ku munsi w’ejo ni bwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yahaye imbabazi imfungwa 2140 zujuje ibisabwa, byemezwa na Minisiteri y’Ubutabera mu itangazo yagejeje ku nama y’abaminisitiri...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Huye kuri uyu wa 07 Nzeri 2018 yafashe umukobwa w’imyaka 17 wakoraga akazi ko mu rugo, akurikiranyweho kwiba umwana.