Umukinnyi wo ku ruhande ukina asatira mu ikipe y’ingabo z’igihugu kwitonda Alain yatangaje ibijyanye n’imvune afite n’igihe azagarukira mu kibuga.
Ni mu kiganiro uyu mukinnyi kwitonda yagiranye...
Gutungurana no kumirwa nibyo byuzuye mu mujyi wa Thika, muri Kenya, aho abantu benshi bari batunzwe no gusabiriza bicaye mu tugare tw’abamugaye bagaragaye biruka cyane nta kibazo bafite nyuma...
Inkuru zikomeje gucicikana ko Cristiano Ronaldo yasabye ikipe ya Manchester United kumurekura akerekeza mu ikipe izakina UEFA Champions League kuko yo nta tike yabonye.
Nyuma y’umwaka umwe gusa...
Cristiano Ronaldo ntabwo azabanza mu kibuga ku mukino wa mbere ikipe ye ya Manchester United izakiramo Brighton&Hove Albion ku cyumweru kubera ko ejo hazaza he hagishidikanywaho ndetse ngo...
Bona Nyapudzai Ouma Mugabe, umukobwa w’uwahoze ari Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe, yatandukanye n’umugabo we bari bamaranye imyaka icyenda, Simbarashe Mutsahuni Chikore nyuma y’aho urugo rwabo...
Abategetsi b’Amerika, Ubwongereza na Australia batangaje andi makuru mashya kuri gahunda yabo yo gukora amato (ubwato) y’intambara agendera munsi y’inyanja yo ku rundi rwego rugezweho akoreshwa...
Myugariro ukomeye Lisandro Martinez ntazongera kugaragara mu ikipe ya Manchester United mu mikino isigaye ngo umwaka w’imikino urangira kubera imvune yagize.
Uyu myugariro uri mu beza mu...
Nyuma y’igihe irushanwa rya Miss Rwanda rihagaritswe , Inteko y’Umuco yatangaje ko gusubukura iri rushanwa, hazashingirwa ku byarivuzwemo mu bihe binyuranye n’amasomo byasize.
Imibare yerekanaga...
Intumwa yihariye ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bijyanye n’ihindagurika ry’ibihe, John Kerry abaye umuyobozi wa gatatu ukomeye woherejwe mu Bushinwa mu kwezi kumwe, mu gihe...
Congo-Brazzaville yorohereje Abanyarwanda uko bari basanzwe babona visa, aho abafite Pasiporo za Serivisi n’iz’Abadipolomate batazongera gusabwa visa mu gihe abafite pasiporo zisanzwe bo bazajya...
Rutahizamu Christopher Nkuku wa Chelsea uheruka kugira ikibazo cy’imvune bari mu mikino ya gicuti,yabazwe ndetse ashobora kuzamara igihe kinini adakina.
Umuganga w’Ikipe ya APR FC ,Major DR Hope Jean Marie Vianney yatangaje ko Victor Mbaoma atazakina umukino wa 1/2 uzabahuza n’ikipe ya Mlandege FC mu irushanwa rya Mapinduzi...
Ikipe ya Rayon Sports iri mu bihe bibi cyane yatakaje myugariro wayo w’inyuma ku ruhande rw’iburyo, Iradukunda Eric uzwi nka ‘Radu’ werekeje muri Police FC.
Iradukunda wasoje amasezerano y’imyaka...
Kuri uyu wa Kabiri taliki ya 19 Gicurasi 2020,nibwo ikipe ya Gasogi United y’umushoramari Kakoza Nkuriza Charles yasinyishije umwe mu bakinnyi beza muri shampiyona y’uyu mwaka Iradukunda Jean...
Umugabo witwa Nimugira Assouman w’imyaka 46 wo mu karere ka Gicumbi yafashwe n’abagize umuryango w’uwitwa Ntibibuka Pierre Celestin ari kwiba igitoki,barakubita bimuviramo...
Urwego Ngenzuramikorere mu Rwanda, RURA, rwatangaje ko abantu batuye muri tumwe mu duce two mu Ntara twegereye Umujyi wa Kigali bakomorewe ku bijyanye n’ingendo zinjira cyangwa zisohoka mu mujyi,...