Abagabo babiri bari bakurikiranyweho kwicira umumotari mu ishyamba rya ISAR-Rubona riri mu Murenge wa Rusatira mu Karere ka Huye, barangiza bagataba umurambo ukaboneka nyuma y’iminsi ibiri,...
Umukobwa usanzwe akora akazi ko mu rugo mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Huye, aremera icyaha cyo gusambanya umwana wo muri uru rugo yakoragamo ndetse akavuga n’uko yabigenje ubwo yahohoteraga uwo...
Imvura nyinshi yaguye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere Taliki ya 15 Mutarama, 2024 ikageza ku mugoroba, yatumye igisate cy’umuhanda uhuza Akarere ka Huye na Nyamagabe...
Umunyeshuri utuye mu gace ka Raila muri Lang’ata yiriwe yifungiranye mu nzu ye yakodeshaga ku wa kabiri, tariki ya 26 Werurwe,birangira yiyahuye kubera kuribwa amafaranga y’ishuri na...
Umunyeshuri wigaga mu mwaka wa karindwi w’amashuri abanza muri Tanzania, ku ishuri ribanza rya Olomitu riherereye ahitwa Chekereni mu Mujyi wa Arusha, witwa Yusuph Zaphania w’imyaka 13 y’amavuko,...
Umuhanzi umaze kwigarurira imitima y abenshi hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo wamamaye nka Davis D nyuma y’igihe kigera mu kwezi akorera ibitaramo bitandukanye k’umugabane w’i Burayi yahishuye...
Umuhanzikazi Nyarwanda ukunzwe na benshi bitewe n’indirimbo ze z’urukundo zikora ku mitima ya benshi, Bwiza Emerance yahishuye ko ikintu yishimira mu buzima bwe mu myaka amaze ku Isi ari ukuba...
Judith Niyonizera wahoze ari umugore wa Safi Madiba yongeye kwibutsa abamwita mubi nabavuga ko ashaje ko baba bata inyuma ya huye kuko kuri we abona ko ari mwiza kandi atewe ishema n’uwo ari...
Wema Sepetu wegkanye ikamba rya Nyampinga wo muri Tanzania 2006 aka ni umwe mu bakobwa bavuzwe mu rukundo na Diamond yahishuye ko impamvu ishobora gutuma yerekana umukunzi we ari igihe azaba...
Umuhanzi Davis D uri mu bakunzwe cyane hano mu Rwanda yahishuye ibintu yakundiye umukunzi we nyuma y’iminsi mike yemeje ko ari mu rukundo n’umukobwa utuye kumugabane w’i...
Umuhanzikazi Sunny wamamaye mu ndirimbo ‘Kungola’ yakoranye na Bruce Melodie yahishuye uburyo yahamagawe na Illuminate ishaka ko bakorana bikamutera ubwoba bwinshi cyane, ariko akababera...
Umuhanzi Bruce Melodie uri mu bahanzi bakunzwe hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo yahishuye impamvu yishushanyijeho abana be ku mubiri anahishura ko hari indi Tatto yishushanyijeho ahuje...
Umukobwa w’imyaka 32 wo mu Murenge wa Ngoma mu Karere ka Huye, wari ukurikiranyweho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 17, nyuma yo kubafatana baryamanye undi akisobanura avuga ko bakundana,...
Abagize itsinda Kigali Boss Babes izina rimaze kumenywa na benshi mu gihe gito kubera abarigize bahishuye byinshi ku mushinga wabo wa mbere ndetse banavuga ku bantu bakoza kubaca intege barimo...
Ikipe y’igihugu Amavubi izaba mu Karere ka Gisagara kubera Hoteli zidahagije ziri mu Karere ka Huye.
Ikipe y’igihugu Amavubi irerekeza mu Karere ka Gisagara mu mwiherero utegura umukino afitanye...
Abaturage bo mu murenge wa Ruhango mu karere ka baravuga ko hari umugabo wapfuye yiyahuye bagakeka ko yabitewe n’uko umugore we amaze iminsi yariyeguriye Imana agahagarika kuryamana n’uwo mugabo...