Shaddy Boo yavuze ko yatunguwe no kumva abantu bamubwira ko afunzwe kandi adafunzwe ,yaboneyeho kubwira abantu bakomeje kubimubaza ko ameze neza ndetse ko ababikoze ari abafite icyo bashaka...
Jackie Chandiru agiye kugaruka mu muziki nyuma yo kumara igihe kingana n’ imyaka 3 ari kwitabwaho n’abaganga kubera ingaruka mbi yatewe no gukoresha ibiyobya...
Muri Leta ya Florida imwe muri Leta zigize Leta zunze ubumwe z’Amerika, umucuruzi w’ibiyobyabwenge, David Blackmon, ubu ari mu maboko ya polisi, nyuma y’uko ahamagaye polisi ayibwira ko ikigega cye...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafatiye mu karere ka Gakenke umugabo w’imyaka 41 y’amavuko, atwaye kuri moto ibilo 10 by’urumogi na litiro 2 za Kanyanga.
Abapolisi bo mu Ishami rishinzwe kurwanya Ibiyobyabwenge bataye muri yombi abantu batatu bakwirakwizaga urumogi mu Mujyi wa Kigali. Bafatiwe mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Kinyinya no mu...
Tariki ya 6 Kanama nibwo abapolisi bo mu ishami rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge(ANU) bafashe Ndaziramiye Aimable afite ibiro 12 by’urumogi. Kuri iki cyumweru tariki ya 8 Kanama aba bapolisi...
Mu gitondo cyo Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 10 Gashyantare Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Bugeshi yafashe abagabo babiri bafite udupfunyika ibihumbi 8...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 nibwo Umuhanzi nyarwanda uririmba indirimbo zaririmbiwe Imana,uzwi nka Adrien Misigaro n’umuvandimwe we Gentil Misigaro basanzwe baba muri Amerika...
Umunyarwandakazi ukorera umuziki we mu gihugu cya Uganda Fille Mutoni yasubijwe mu kigo kigorora ababaswe n’ibiyobyabwenge (Rehab), kugeza mu mpera z’uku...
Umuraperi P Fla umaze amezi agera kuri arindwi avuye muri gereza ya Mageragere yakomeje guhamya ko yaciye ukubiri no gukoresha ibiyobyabwenge ndetse anemeza ko afite byinshi byo kwitaho...
Umuhanzikazi Demi Lovato ukomoka muri USA yajyanwe mu bitaro ikitaraganya ku munsi w’ejo ubwo yataga ubwenge nyuma yo kunywa ibiyobyabwenge byinshi bamwe bakeka ko ari ibyo mu bwoko bwa...
Umuyobozi w’Umudugudu wa Gashinge mu kagari ka Kamutora mu murenge wa Rushaki yicishijwe amabuye n’ ibyuma n’abantu bataramenyekana bakoresheje amabuye n’ibyuma. Umurambo we wabonetse saa kumi n’imwe...
Aya ni amagambo ya Haragirimana Emmanuel, umusore uri mu kigero cy’ imyaka 25, ufungiye muri gereza ya Rwamagana. Uyu musore wafunzwe azira icyaha cy’ ubujura akatirwa igifungo cy’ imyaka ine, ubu...
Umukwabu Polisi y’u Rwanda mu karere ka Huye yakoze ku itariki 9 z’uku Kwezi mu kagari ka Kiruhura, mu murenge wa Rusatira, mu karere ka Huye yawufatiyemo litiro 1, 200 z’inzoga yitwa Muriture...
Kitoko Bibarwa usanzwe ukorera muzika mu Bwongereza yageze mu Rwanda mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Nyakanga 2017, yageze ku kibuga cy’indege i Kanombe ku saa yine n’igice.
Mu...
Abantu babarirwa mu bihumbi bitandatu mu bari bitabiriye igitambo cya Misa yo kuzirikana Abahowe Imana b’i Bugande baje baturutse mu bihugu by’amahanga, harimo n’u Rwanda. Ariko kandi, mu kwiyakira,...