Minani Emmanuel w’imyaka 30 ari mu maboko ya Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Ngoma, kuri sitasiyo ya Polisi ya Kibungo mu gihe hagishakishwa abandi bari kumwe igihe bafatanwaga ibiro 140...
Tariki ya 3 Nyakanga na tariki ya 4 Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Burera ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage bafashe litiro 329 za kanyanga n’ibiro 10 by’urumogi byarimo...
Umunyamerika Earl Simmons wamamaye cyane mu muziki wa Rap nka DMX yatabarutse ku myaka 50 nyuma y’iminsi 5 gusa ajyanwe mu bitaro bya White Plains kubera indwara y’umutima yaturutse ku gukoresha...
Abapolisi bo mu Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge(ANU) mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Gashyantare bafashe abantu batatu bikoreye ibipfunyika bitatu...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyamasheke,Umurenge wa Gihombo,kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Gashyantare 2021 yafashe umugore ufite imyaka 33 y’amavuko afite ibilo 80 by’urumogi, yari akuye...
Ku gicamunsi cyo kuwa Gatatu tariki ya 10 Kamena abapolisi b’u Rwanda bo mu ishami rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) bafashe abagore babiri bafite udupfunyika 1,339 bari bagiye kurucuruza mu...
Ku wa Gatatu w’iki Cyumweru tariki 4 Werurwe 2020 nibwo Shyaka Olivier uzwi nka Producer HolyBeat ukora mu nzu itunganya umuziki ya The Mane yatawe muri yombi akurikiranyweho gukoresha...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri, abayobozi ku ruhande rw’u Rwanda yashyikirije Uganda imirambo y’abaturage babiri ba bayo baheruka kurasirwa mu karere ka Nyagatare bagerageza kwinjiza...
Rutahizamu w’ikipe ya Juventus,Cristiano Ronaldo ari mu mazi abira kubera ikosa rikomeye yaraye akoze ryo gutaha umukino wabahuzaga na AC Milan utarangiye,bigatuma adakorerwa isuzuma ryo kureba...
Umuraperi wari ukizamuka akaba yari akunzwe mu njyana ya Kinyatrap Bushali, we na bagenzi be batatu bagejwejwe imbere y’ubushinjacyaha aho bakurikiranweho gukoresha...
Umuhanzi w’umunyempano ihambaye cyane hano mu Rwanda mu ijwi rye rikurura benshi, Gisa Cyinganzo amaze iminsi mike avuye muri Gereza ya Nyarugenge yaramazemo imyaka 2 nyuma yo guhamwa n’icyaha...
Umuhanzikazi Jackie Chandiru wakonje mu muziki kubera ibiyobyabwenge byamubase,yaraye aguye imbere y’abanyeshuli ba kaminuza ya Makelele mu gashami k’Ubucuruzi gaherereye ahitwa Nakawa,ajya...
Nyina wa Queen Darleen ubusanzwe ufitanye isano na Diamond ryo kuba bahuje se afungiye mu gihugu cy’Ubushinwa kubera icyaha cyo gucuruza ibiyobyabwenge.
Oda Paccy yavuze ko iriya foto yakoresheje mu ndiimbo y’umukobwa wiyambitse ubusa ko yashakaga kwerekana ko hari n’abakobwa bakoresha ibiyobyabwenge bakiyandarika ntatinye no kwerekana ubwambure...