Dark Stallion wahoze ari umukunzi wa Zari Hassan aravugwa mu icuruzwa ry’ibiyobyabwenge, ni nyuma y’uko umwe mu bagore yakoreshaga bikavugwa ko yari n’umukunzi we yishwe na guverinoma ya...
Ku wa kabiri, Minisiteri y’Ubutabera yo muri Amerika yatangaje ko umuhungu w’uwahoze ari perezida wa Guinea-Bissau, yakatiwe igifungo gisaga imyaka itandatu n’igice azira kugira uruhare mu mugambi...
Abantu basezerwa mu bigo ngororamuco bagera hanze bamwe bagasubira mu buzererezi no mugukoresha ibiyobyabwenge bitewe n’ uko bakirwa iyo basubiye iwabo. Leta y’ u Rwanda iki kibazo yaragihagurukiye...
Umubyeyi wa Georgina Rodriguez usanzwe ari umukunzi wa Cristiano Ronaldo,Jorge Rodriguez, ari kuvugwa cyane mu binyamakuru,kubera ko byavumbuwe ko yahoze acuruza ibiyobyabwenge birimo Cocaine...
Umuhanzi Jackie Chandiru wakunzwe cyane mu Rwanda mu ndirimbo ‘Take It Off’ yakoranye na Urban Boyz, umaze igihe mu Bitaro azira gukoresha ibiyobyabwenge bikaze nyuma yo gutora urutege yasabye...
Umuhanzi Jackie Chandiru ukunzwe muri Uganda no mu karere,nyuma yo gukiruka ibiyobyabwenge ari mu bihe byiza by’urukundo n’umuzungu wamwihebeye wamubaye hafi mu bihe bibi bye byose...
Murenzi Seff umusore w’umunyarwanda w’imyaka 21 wakiniye Amavubi y’abaterengeje imyaka 17 mu gikombe cy’isi cyabereye muri Mexico mu mwaka wa 2011 yafashwe na Police yo mu Bwongereza kubera gucuruza...
Umuhanzi Hagenimana Jean Paul wamenyekanye cyane nka Bushali mu muziki we na mugenzi we witwa Slum Drip bakoranaga injyana ya Kinyatrap bafashwe bari kumwe n’abakobwa babiri aho bikekwa ko barimo...
Abapolisi bo mu ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) bafatanyije n’abandi bapolisi bo mu Karere ka Rubavu ndetse n’abaturage, mu gitondo cyo ku Cyumweru tariki ya 14...
Umuyobozi w’Intara y’Amajyaruguru, Musabyimana Jean Claude yasabye abayituye kwirinda kwishora mu biyobyabwenge no gufatanya kurwanya iyinjizwa ryabyo mu gihugu , icuruzwa n’ikoreshwa ryabyo...
Polisi ikorera mu mujyi wa Dar es Salaam mu gihugu cya Tanzaniya, kuri uyu wa 8 Werurwe 2017, yataye muri yombi Vanessa Mdee ukurikiranyweho gucuruza no gukoresha ibiyobyabwenge.
Aman Tenga,...
Mu rwego rwo gukomeza gahunda yo gukumira ibyaha cyane cyane ibiyobyabwenge n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa mu ngo mu bigo by’amashuri, kuri uyu wa gatanu tariki ya 15 Nzeri, Polisi...
Umuhanzi w’umurundi Yvan Muziki ufite amaraso yo mu Rwanda ndetse akaba ari mubyara wa Masamba Intore ariko by’umwihariko nyina akaba avukana na Jules Sentore afungiwe muri Uganda akurikiranweho...