Leta ya Iran yatangaje ko abari bagiye kwibuka General Qassem Soleimani wiciwe muri Irak n’Ingabo za Amerika bishwe n’igisasu cyabaturikanye hapfamo abarenga...
Perezida Paul Kagame yashimye abayobozi n’inshuti bo hirya no hino ku Isi bakomeje kwifatanya n’u Rwanda mu Kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi
Perezida Kagame yavuze ko...
Hateguwe gahunda yo kwibuka Tuyishime Joshua wamenyekanye nka Jaypolly mu muziki Nyarwanda by’umwihariko mu njyana ya Hip Hop witabye Imana mu ijoro rishyira ku wa 02 Nzeri...
Umugabo witwa Mbarushimana Jean Claude usanzwe ari Umutetsi wo mu kigo cya College Inyemeramihigo mu karere ka Rubavu yarekuwe nyuma yo gutabwa muri yombi akekwaho icyaha cyo gupfobya Jenoside....
Umukozi w’akarere ka Rubavu wari ushinzwe uburezi mu murenge wa Rugerero, Nyiraneza Espérance na Mbarushimana Jean Claude ushinzwe gutekera abanyeshuri muri College Inyemeramihigo batawe muri yombi...
Kuri uyu wambere tariki ya 11 Mata, ku rwibutso rwa Nyanza mu Karere ka Kicukiro,habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 28 Abatutsi basaga ibihumbi 96 bishwe mu gihe cya Jenoside barimo...
Ngabonziza Augustin wabaye inshuti na Sebanani Andre kuva mu 1979 wanakanyujijeho mu bihe bye bya kera ubwo yabarizwaga muri Orchestre Les Citadins, muri ibi bihe byo kwibuka ku nshuro ya 28...
Mugisha Benjamin wamamaye mu muziki nyarwanda nka The Ben, yifatanyije n’abanyarwanda n’Isi yose mu kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi yahitanye inzirakarengane zisaga Miliyoni,...
Charles Igikomangoma cya Wales mu Bwami bw’u Bwongereza yunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 ndetse atera igiti mu rwego rwo kwibuka...
Ikipe y’umupira w’amaguru yo mu Bufaransa,Paris Saint Germain yatanze ubutumwa bwo kwifatanya n’u Rwanda mu Kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi muri...
Umuyobozi wa SENA, Hon. Bernard Makuza n’abandi banyacyubahiro batandukanye basoje icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi,bashyize indabo ku mva zishyinguwemo...
Abantu 70 bo mu karere ka Rwamagana bafashwe barenze ku mabwiriza agenga icyumweru cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994,aho bafashwe bari kureba imikino ibanza ya ¼ cy’irangiza...
Rutahizamu Pierre Emerick Aubameyang ukina mu ikipe ya Arsenal n’igihugu cya Gabon yifatanyije n’Abanyarwanda muri iki gihe bari kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa...
Bene wabo w’abaguye mu mpanuka y’indege ya Ethiopian Airlines bemerewe indishyi z’akababaro ziri hagati ya miliyoni 160 na 250 z’amafaranga y’u Rwanda nyuma y’umuhango wo kwibuka, iyi miryango imaze...
Umwongerezakazi witwa Gabby Allen wamamaye cyane mu marushanwa azwi nka Love Island akundwa na benshi mu bihugu bigize ubwami bw’Abongereza,yahawe urw’amenyo n’abafana be kubera amafoto yashyize...
Polisi yatangaje ko yarashe ku wa 19 Mata 2018 Nsengiyumva Francois wari ukurikiranyweho icyaha cyo gupfobya no guhakana Jenoside, uyu mugabo yari aherutse kuvuga ko kwibuka ari umunsi w’ umunsi...
Umuryango w’Abibumbye uvuga ko amahanga yose akwiye kwigira ku byo u Rwanda rwagezeho nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi yabaye mu mwaka 1994.
Tariki ya 7 Mata buri mwaka, Loni yemeje ko ari...
Minisitiri w’ Ububanyi n’ amahanaga w’ u Rwanda, akaba n’ umuvugizi wa Leta y’ u Rwanda, mu izina rya Leta y’ u Rwanda yashimiye Umuryango w’ Abibumbye, Leta zunze Ubumwe z’ Amerika n’ u Bufaransa ku...
Perezida w’Umutwe w’Abadepite, Mukabalisa Donatille, yasabye urubyiruko kuzirikana ibyo u Rwanda rwagezeho mu rugendo rw’ubumwe n’ubwiyunge n’ubudaheranwa no guharanira ko nta waruca mu jisho ngo...
Perezida Kagame yavuze ko babwiye Amerika ko ibyo kugoreka amateka ya jenoside no kuyiha indi nyito bajya babikora mu yindi minsi ariko bakareka tariki ya 07 Mata ikaba iyo kwibuka Jenoside...
Perezida Kagame yavuze ko Jenoside yakorewe Abatutsi ari umuburo ku isi yose kuko nta hantu itashoboka gusa yemeza ko Abanyarwanda batazongera gutereranwa ngo bicwe...
Umukuru w’Igihugu cya Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yageze mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 06 Mata 2024, aho yitabiriye ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside...