Martin Munezero wihaye izina rya Martin Promoter yashyize hanze indirimbo ye nshya yise ‘This is Rwanda’. Ni indirimbo yumvikanamo bimwe mu bibera mu Rwanda akaba yarayikoze agendeye ku ndirimbo...
Rihanna yasabye Trump guhagarika gucuranga indirimbo ze nyuma yuko imwe mu ndirimbo ze yumvikanye iri gucurangwa mu bikorwa byo kwamamaza abakandida b’aba...
Umuhanzikazi NIRERE Channel uzwi nka Miss Channel ku mazina y’ubuhanzi yavuze ko Indirimbo NDAROTA, NGUKUNDA BYAHEBUJE ndetse na NAKUTAKA arizo ndirimbo zamuzamuye ku rwego...
Mu gihe bitamenyerewe ko abahanzi bakomeye nka Chris Brown bakorana indirimbo n’abo muri Afurika ndetse bakagaragaza ishema ryo kubyamamaza ku mbuga nkoranyambaga, byerekana ko Davido ari umuhanzi...
Mu minsi ishize ubwo hasozwaga ibitaramo bya Iwacu Muzika Festival, Meddy ukorera umuziki we muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , nyuma yo kumva no kureba amashusho y’ikiganiro umuhanzi ukunzwe...
Meddy uri mu bahanzi bagomba kuririmba mu gitaramo cyo Kwita Izina kizabera muri Kigali Arena tariki ya 7 Nzeri 2019 yavuze ko yatangiye umushinga wo gukorana indirimbo na Nsengiyumva Francois...
Umuhanzi w’Umunyarwanda Ngabo Medard wamamaye mu muziki nka Meddy, yamaze gutangaza ku mugaragaro ko mu minsi mike abakunzi b’Umuziki baraba bamaze kubona indirimbo ye n’icyamamare muri Tanzania...
Umuririmbyi Ayodeji Ibrahim Balogun wamamaye nka Wizkid, ari mubyishimo bidasanzwe yishimira indirimbo yakoranye na Beyonce yamwinjirije akayabo ka miliyoni...
Umuramyi Gaby Kamanzi, ufite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda, benshi bakunze kwita ‘’Malikia wa Gospel’’ Kuri uyu wa kane tariki ya 3 Ukuboza 2020, yamaze gusohora...
Umuhanzikazi Tanasha Dona wabyaranye na Diamond yatunguye abantu ubwo yaririmbaga indirimbo ya Bruce Melodie yitwa “Katerina “.Ni mu kiganiro uyu mugore yag n’abafana be ku rukuta rwe rwa Instagram...
Icyamamare mu ruhando rwa muzika mu Rwanda’Bruce Melodie’, indirimbo ye yongeye kwishimirwa n’umunyamakurukazi ukomeye muri Kenya,maze amarangamutima ye atuma yumva atabyihererana ko yasangiza...
Umuhanzikazi Aline Gahongayire, uri mu bakunzwecyane mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, yasubiyemo indirimbo “Hari impamvu pe” yanditse, akanasohora mu myaka 11...
Umuhanzi Davis D uri mubagezweho mu Rwanda yasohoye amashusho y’indirimbo ye nshya yise “Eva” ifite amashusho yo kurwego mpuzamahanga , igaragaramo ibizungerezi biri umwe wo mu gihugu cya Colombia...
Indirimbo Ni Forever y’umuhanzi The Ben yari yakuwe kuri YouTube irezwe na Drone Skyline Ltd, yamaze kuhagaruka nyuma y’aho uyu muhanzi yishyuye uwamwishyuzaga.
Yvan Buravan ugiye gushyira hanze Album ye ya mbere hanze yise The Love Lab izaba iriho indirimbo 17 z’urukundo gusa. Aho azayimurika taliki ya mbere Ukuboza uyu mwaka...
Bruce Melody yavuze ko kuva batangira iriya ndirimbo atigeze avugana na Zizou ndetse na nubu bataravugana gusa ngo ibyo yabakoreye n’ubuhemu kuko bari bamwizeye ko abahaye indirimbo...
Bimwe mu byamamare nyarwanda birimo abanyamakuru ndetse n’abandi bakurikiranira hafi muzika nyarwanda banenze itsinda rya Sauti Sol riherutse gukorana indirimbo n’umuhanzi Mani Martin ntihagire...