Umuyobozi w’umujyi wa San Pedro mu gihugu cya Mexico yarongoye ingona bakorana ubukwe maze azengurukana nayo umujyi wose,aho imyemerere yabo yemeza ko ari kimwe mu kimenyetso cyo kugaragaza...
Mu karere ka Kamonyi mu natara y’amajyepfo, umugabo witwa Oreste Habamenshi yishwe n’ingona ubwo yari agiye kuvoma amazi kuri Nyabarongo. Ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa `18 Kanama 2017....
Kuri uyu wa 24 Kanama 2017 ahagana saa sita z’amanywa ku ruzi rwa Nyabarongo ku ruhande rw’Umurenge wa Mageragere mu Karere ka Nyarugenge, hafatiwe ingona yishwe irashwe.
Iyi ngona iri mu itsinda...
Ingona yishe umukinnyi wari uzwi muri Costa Rica nyuma yo kumusanga mu mazi ari koga mu rwego rwo kuruhuka.
Amashusho yashyizwe hanze yagaragaje iyi ngona iri mu mazi ifashe umubiri w’uyu...
Ubushakashattsi bwakozwe bwerekanye urutonde rw’inyamaswa 10 ubariyemo n’abantu zishobora kuba ari iziza ku isonga mu guteza imfu nyinshi ku isi kurusha izindi mu nyamaswa cyangwa mu...
Muri Gicurasi 2021, umukobwa ukiri muto witwa Virginia Aoko yakoze ku mitima ya benshi nyuma yo kuvuga uburyo yafashije nyina kwambuka ikiyaga cya Victoria akamugeza ku kigo nderabuzima mu...
Umuhanzi mu njyana ya Afro Beat, Eric Senderi Internatioanal Hit aratangaza ko agiye gukora ibitaramo byo gukusanya amafaranga yo kugurira abafana be baturiye Nyabarongo amagare bazajya...
Senderi Internationah Hit ufite ibyangombwa byanditseho Nzaramba Eric yatangaje ko yamaze kunoza neza umushinga wo gutanga amagare ku baturage bajyaga kuvoma amazi ya Nyabarongo bakaribwa...
Idi Amin Dada wabaye Perezida wa Uganda mu myaka 40, yari afite ahantu nyaburanga mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Uganda yakundaga gukorera imyitozo yo guhiga inyamaswa z’ inkazi. Hitwa...
Icyamamare Jennifer Lopez yatangaje abataribacye batuye Umujyi wa New York, aho yagaragaye yambaye imyenda y’amadorali asaga ibihumbi ijana ubwo yajyaga kugura ibintu mu iduka rya H&M ku wa...
Mu gihugu cya Australia haravugwa inkuru ibabaje y’umurinzi w’icyanya kibamo inyamaswa [zoo] witwa Jennifer Brown wariwe n’intare mu maso no mu ijosi gusa ngo yajyanwe kwa muganga...
Umusore wari usanzwe azwi mu kazi ko gutwara Taxi mu gihugu cya Gambia yatangaje ko ubu yungutse akazi ka kabiri kuko ngo abifatanya no gupfubura abakecuru bo mu Bwongereza no mu Burusiya bakunze...
Imvubu yari imaze iminsi yona imyaka y’abaturage bo mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Kabare, yaraye irashwe n’abasirikare irapfa,abaturage bashaka inyama zayo ariko ntibazihabwa...
Umukobwa w’ Umunyamerika ukomoka mu gihugu cya Ghana inkuru ye yasakaye mu binyamakuru nyuma y’ uko ahishuye ko anywa inkari ze mu buryo buhoraho ndetse ko bituma agira ubuzima...
Abaturage bo mu Kagari ka Batima mu Murenge wa Rweru ho mu Karere ka Bugesera bemeza ko ubuzima bwabo bwugarijwe n’indwara ziterwa no kunywa amazi y’ikiyaga cya Rweru...
Abantu nibura 20 baburiwe irengero muri Malawi nyuma yuko ubwato bubaje mu giti bagendagamo bukubiswe n’imvubu bukibirandura mu mazi y’umugezi wa Shire mu karere ka Nsanje ko mu majyepfo...