Perezida wa Repubulika y’u Rwanda; Paul Kagame yagejeje ijambo kubitariye umuhango w’irahira rye, rikubiye impanuro ku rubyiruko, icyo Afurika yagakwiye gukora no kwerekana ko u Rwanda ntawe rubona...
Igitondo cyiza musomyi w’Umuryango.rw
Umuryango.rw wabanye nawe mu gihugu cyose muri gahunda zo kwiyamamaza ku bakandida batatu bahataniraga kuyobora u Rwanda, uwegukanye intsinzi ni Paul Kagame...
Mu rwego rwo kwizihiza no kwishimira intsinzi ya Nyakubahwa Paul Paul Kagame urahirira kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka irindwi kuri uyu wa 18 Kanama 2017, abanyarwanda bashyizwe igorora mu...
Umuhanzi w’ Umunyarwanda Mugisha Benjamin, wiyise The Ben wari uherutse mu Rwanda mu ntangiriro z’ uyu mwaka wa 2017 kuri uyu wa Kane tariki 17 Kanama yongeye kugaruka mu Rwanda; inshuti, abakunzi...
Abatasi ba Leta zunze ubumwe z’ Amerika bemeje amakuru avuga ko Koreya ya Ruguru irimo kwitegura kugerageza indi misile nsanganyamigabane izagera muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika.
Bitangajwe mu...
Tariki ya 18 Nyakanga ni Umunsi Mpuzamahanga wa Mandela, warashyizweho n’Umuryango w’Abibumbye mu mwaka wa 2009 mu rwego rwo kumuha icyubahiro nk’umuntu wagize ibigwi bikomeye mu guhirimbanira...
Nyuma y’aho bikomeje kuvugwa ko bamwe mu banyonzi b’amagare n’abamotari bo mu mujyi wa Musanze bagaragaraho isuku nke, kandi ngo bikaba ari ibintu bikomeje guhesha isura mbi uyu mujyi, ubuyobozi...
Umukinnyi w’ikipe ya Chapecoense FC yo muri Brazil iherutse gutikirira mu impanuka y’indege yaguye mu misozi ya Colombia, akaza kurokoka ari umwe yasanganywe Bibiliya irambuye mu gitabo cya Zaburi...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 07 Mutarama 2017, Nana Akufo-Addo yarahiriye kuba Perezida wa Ghana asimbuye John Dramani Mahama wari wariyamamaje ashaka manda ya kabiri ariko akaza gutsindwa....
Umuraperi Kanye West yamaze gutangaza ko atagishyigikiye Perezida wa 45, Donald Trump nyuma yo kugaragaza ko yanga abirabura urunaka ndetse no kwerekana ko adakunda idini ya Isilamu.
Mu gitondo...
Perezida mushya wa Gambia Adama Barrow yarahiriye kuyobora iki gihugu, avuga ko agiye kugiteza imbere mu nzego zitandukanye.
Umuhango w’ irahira rya Perezida Barrow, ryabereye kuri Sitade y’...
Gen. Edward Katumba Wamala wahoze ari umugaba mukuru w’ingabo za Uganda yagizwe umunyamabanga wa leta muri minisitiri w’umurimo no gutwara ibintu n’abantu. Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Kane tariki...
Impuguke mu bya politiki mpuzamahanga, Dr Chirtopher Kayumba asanga Umuhuza mu bibazo by’ u Burundi Benjamin Mkapa yarakoze ikosa kuba yaragaragaje ko ari ku ruhande rwa Perezida Nkurunziza,...
Umugore utifuje ko amazina ye atangazwa yatwandikiye yifuza inama z’abasomyi b’urubuga umuryango.rw aho afite ikibazo cyo kuba atazi kurangiza uko bisa , gusa ikimubabaza ni uko yumva abandi bavuga...