Umupadiri witwa Jean-Marc Fournier ari gushimirwa na benshi kubera ukuntu yinjiye muri katederali y’amateka ya Notre Dame de Paris iri gushya,akuramo ikamba ry’amahwa ryari rigiye gushya n’ibindi...
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zafatiye ibihano minisiteri ebyiri zo muri leta ya Turukiya n’abategetsi batatu bakomeye bo muri leta kubera ibitero bya gisirikare mu majyaruguru ya...
Ubutunzi nk’imwe mu kingi z’ubuzima bwiza, abantu batuye isi bahora mu ntambara yo gushaka ubutunzi ndetse benshi muri iyi nkundura banahata ubuzima. Ese ni nde ibi wabiraze abatuye isi? Ese kuki...
Ni inkuru idasanzwe iri gucicikana ku mbuga nkoranyambaga zidandukanye abenshi batangazwa nibyo umukozi w’Imana yakoreye mu rusengero arikwigisha abakristu be uko bazajya banezeza abagabo mugihe...
StarTimes announces it is joining the #INFORAFRICA Alliance to tackle the spread of coronavirus.
The #INFORAFRICA Alliance aims to respond to the challenges faced by Africa in tackling the...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunzwe Ubumwe z’Amerika yakangishije kohereza abasirikare gusoza imyigaragambyo yatewe n’urupfu rw’umwirabura wapfiriye mu maboko ya...
StarTimes announces it is joining the #INFORAFRICA Alliance to tackle the spread of coronavirus.
The #INFORAFRICA Alliance aims to respond to the challenges faced by Africa in tackling the...
Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyamaze gukusanyiriza ingabo zacyo ku bwinshi mu duce tw’imipaka duhuza iki gihugu na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo...
Umunya Portugal,Jose Mourinho,utoza ikipe ya Tottenham yongeye kujya mu muvumo wo kwivuga ibigwi nyuma y’aho abonye ko atagihagaze neza mu bijyanye no guhesha amakipe ibikombe nkuko yahoze...
Inyeshyamba zo mu karere ka Tigray mu majyaruguru ya Ethiopia zikomeje gutera intambwe nyuma yuko zigaruriye umurwa mukuru Mekelle w’ako karere ziwambuye ingabo za...
Ku busabe bwa Leta ya Mozambique, kuri uyu wa Gatanu u Rwanda ruratangira kohereza muri iki gihugu abasirikare n’abapolisi bagera ku 1,000 mu Ntara ya Cabo Delgado, ikomeje kwibasirwa n’ibikorwa...
Inyeshyamba zo muri Tigray ubu ni zo zifite ijambo rinini mu ntambara imaze umwaka itangiriye mu majyaruguru ya Ethiopia.
Abarwanyi ba Tigray ubu baravuga ko bafashe undi mujyi, Kemise, uri ku...
Lt Gen Muhoozi Kainerugaba umugaba w’ingabo zirwanira ku Butaka za Uganda yasabye interahamwe [FDLR],cyangwa zikagabwaho urugamba rukaze yise ko ruzitwa "operation Rudahigwa"
Mu butumwa...
Abagaba b’ingabo z’ibihugu bigize umuryango wa Africa y’Iburasirazuba bateraniye mu nama i Goma yo gushyiraho umutwe w’ingabo z’akarere wo kurwanya inyeshyamba mu burasirazuba bwa DR Congo.
Inama...
Abakekwaho kuba mu byihebe by’abajihadiste bishe abantu bagera kuri 34 mu bitero bagabye mu majyaruguru ya Burkina Faso mu mpera z’iki cyumweru dusoje...
Umutwe w’ibyihebe muri leta ya kisilam wigambye igitero cya bombe y’umwiyahuzi hafi y’amabasade y’Uburusiya mu murwa mu kuru wa Afuganistan,Kabul cyagabwe kuri uyu...
Amerika yasabye igisirikare cy’u Rwanda (RDF) kureka gufasha umutwe w’inyeshyamba wa M23 mu mirwano urimo n’ingabo za leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC).
Ku wa kane habaye indi...
Mu gihe umutwe w’inyeshyamba wa M23 urwanya leta ya Republika ya Demokarasi ya Congo uvuga ko utazasubira inyuma nk’uko bisabwa, ubu haribazwa ikigiye gukurikiraho.
Inama y’abakuru b’akarere...
Raporo y’impuguke za Loni muri Congo, yatangaje ko umutwe w’iterabwoba wa ADF [Allied Democratic Forces] wari wapanze ibitero mu Mujyi wa Kigali mu gihe cy’inama ya CHOGM.
Ku wa 12 Gicurasi 2022...