Barack Obama has used his first high-profile speech since stepping down as US president to take swipes at "strongman politics" and politicians’ disregard for the...
Polisi y’Afurika y’epfo iravuga ko abantu bitwaje imbunda bishe abatwara abagenzi 11 mu mutego bari babateze ubwo bavaga mu muhango wo gushyingura mugenzi wabo.
Aba bagabo bishwe bari abo mu ntara...
Perezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ Umuryango w’ Afurika Yunze ubumwe Paul Kagame yavuze ko hari inyungu nini ku mpande zombi mu bufatanye bwa Afurika na BRICS kandi nibikomeza ubu bufatanye...
Umugore w’umwongereza witwa Katy Williams n’umwana we Finn Williams, bahuye n’uruva gusenya ubwo agasumbashyamba kabasangaga hafi y’urugo rwabo muri Afrika y’Epfo kakabakubita umutwe byatumye uyu...
APR FC yananiwe kubona igitego imbere ya Club Africain mu mukino ubanza wo mu majonjora y’ibanze ya CAF Champions League mu gihe Mukura VS yo yabyitwayemo neza muri Africa y’Epfo inganya na Free...
Perezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi wa Afurika yunze Ubumwe Paul Kagame kuri iki Cyumweru tari 2 Ukuboza 2018 yitabiriye iserukiramuco rya Global Citizen Festival, ryahuriranye no kwizihiza...
Ed Sheeran ,Beyonce ,Jay Z,Ppharrell Williams,Usher ,Tiwa Savage ni bamwe mu bahanzi batumiwe mu birori by’ iserukiramuco rya ‘Global Citizen’ ryabereye muri Afurika y’Epfo rihuzwa no kwizihiza...
Ntibisanzwe ko humvikana umuntu kuri iyi Si ya Rurema waba ufite ububasha bwo kuzura abapfuye dore ko ubu bubasha tubuzi ndetse twabuherukaga mu bihe bya Yezu ubwo yari akiri kuri iyi Si azura ba...
Abana b’ingimbi n’abangavu bakomoka mu gihugu cya Afurika y’Epfo baciye ibintu kubera indege bikoreye ndetse iri gukora urugendo rwo kuva mu mujyi wa Cape Town muri iki gihugu yerekeza i Cairo mu...
Birakekwa ko umugabo yahanutse mu ndege yarimo yururuka igwa ku kibuga cy’indege cya Heathrow mu Bwongereza, umurambo we ukaba wabonetse mu busitani bw’urugo ruri...
Indege ya Air Tanzania yari yarafatiriwe muri Africa y’Epfo yamaze kurekurwa nyuma y’ihangana mu mategeko hagati y’iki gihugu n’umuhinzi wo muri Namibia wagishinjaga...
Umusore uvangavanga umuziki uzwi ku izina rya Dj Hero yakubiswe n’abaturage bari bagiye kubyina mu kabyiniro, nyuma yo gucuranga indirimbo zo muri Afurika...
Amakuru ava muri Mozambique aravuga ko igisirikare cyisubije umujyi ukomeye wari warafashwe n’intagondwa zigendera ku mahame akaze ya kisilamu mu ntangiriro y’uyu...
Perezida wa Afurika y’Epfo yavuze ko icyorezo cya coronavirus muri iki gihugu kizarushaho kwiyongera, yavuze ibi mu gihe yatangazaga ibishya mu koroshya ingamba zahagaritse ubuzima...
MTV Base televiziyo irimuzikunzwe cyane ndetse inakurikirwa n’abakunzi b’imyidagaduro muri Afurika, yashyize hanze urutonde rw’abahanzi bakoze neza mu mwaka wa 2020, hagomba gutoranywamo abazahabwa...