Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 14 Nyakanga 2021,yatangaje ko kuva tariki 17/07/2021 kugeza 26/07/2021, Umujyi wa Kigali n’uturere twa Burera, Gicumbi, Kamonyi, Musanze, Nyagatare,...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 03 Nyakanga imodoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange yo mu bwoko bwa Coaster yafatiwe mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Kanyinya ahetse...
Rutahizamu Hakizimana Muhadjiri yasinyiye Police FC amasezerano y’umwaka 1, Ku Frw 15 000 000 ,atera umugongo AS Kigali yari amazemo umwaka na Rayon Sports yamwifuzaga...
APR FC na AS Kigali zagaragaje ko ziri mu ntambara yeruye yo gushaka igikombe cya shampiyona kuko uyu munsi zatsinze imikino yazo mu buryo bwemeza aho zanyagiye abo...
Ikipe ya AS Kigali yatsinzwe umukino wa nyuma wo mu itsinda C na Musanze FC ariko izamuka ari iya mbere mu gihe na Marines FC yayoboye itsinda D nyuma yo gutsinda Mukura VS iri ku rwego rwo hasi...
Ikipe ya AS Kigali yihanije Police FC iyitsinda ibitego 2-0 biyifasha gufata umwanya wa mbere mu itsinda C n’amanota 6/6 mu gihe Mukura VS yanyagiwe na Espoir FC bahuriye mu itsinda...
Umuyobozi wa Banki ya Kigali (BK) Dr Diane Karusisi yakiriye mu biro ba Nyampinga barimo Ingabire Grace wegukanye ikamba rya Miss Rwanda na Musana Teta Hense wegukanye iry’uwahize abandi kugira...
Ikipe y’igihugu ya Mozambique "MAMBAS" yakoreye imyitozo ya nyuma kuri stade ya kigali i Nyamirambo, yitegura umukino uzaba ku munsi w’ejo saa cyenda mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika...
Uyu munsi Saa Saba z’ijoro, ni bwo ikipe ya AS Kigali yafashe rutemikirere yerekeza mu gihugu cya Tunisia ariko ikabanza guca ku kibuga cy’indege cya Istanbul muri Turukiya, ikaba igiye gukina na...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 08 Mutarama 2020,habaye tombola y’uko amakipe azahura mu ijonjora rya nyuma ribanziriza kwerekeza mu matsinda ya CAF Confederations Cup, yatumye AS Kigali ihagagariye u...
Umukino ubanza wagombaga guhuza AS Kigali na KCCA mu cyiciro cya kabiri cya CAF Confederations Cup wari uteganyijwe kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Ukuboza,wasubitswe kubera ko iyi kipe yo muri...
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali,Rubingisa Pudence yatangaje ko ifungwa ry’isoko rikuru rya Nyarugenge ritazatuma ubukungu buzahara kuko hagiye kuba imikoranire na MINICOM ku buryo abacuruzi...
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuwa 2/06/2020, yemeje isubukurwa ry’ingendo zambukiranya intara n’umujyi wa kigali, no gutwara abagenzi kuri moto, usibye mu turere twa Rusizi na...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel yatangarije RBA ko ubwandu bushya bwa Covid-19 bw’abantu babonetse I Rusizi aribwo ntandaro yo kudasubukura ingendo zihuza intara zose n’umujyi wa Kigali...
umujyi wa Kigali wasabye abaturage gukomeza gukurikiza amabwiriza yashyizweho na Minisitiri w’intebe yo kuguma mu rugugo Nyuma y’amakuru atariyo yavugwaga ko abashaka gusubira mu ntara biyandikisha...
APR FC na AS Kigali zananiwe gufasha abakunzi bazo gutangira umwaka mushya wa 2020 bari mu bicu kuko mu mukino w’umunsi wa 19 wa shampiyona barangije iminota 90 ntawubashije kwinjiza igitego mu...
Iki cyemezo Umujyi wa Kigali ugifashe nyuma y’uko ikigo cy’Igihugu gishinzwe iteganyagihe gitangaje ko kuva mu mpera z’Ukuboza kugeza tariki 30 Ukuboza hazagwa imvura...
Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwatangaje ko mu mpera z’uyu mwaka hagiye gutahwa ubusitani rusange bwatangiye kubakwa guhera muri Mutarama uyu mwaka bukazatahwa mu mpera z’uyu mwaka butwaye akayabo...
Byavugiwe mu nama yahuje abayobozi mu Mujyi wa Kigali, abubatsi bibumbiye muri sendika yabo (STECOMA) ndetse n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imiturire (RHA), kuri uyu wa gatanu tariki 4 Ukwakira...
Umutoza wa Rayon Sports,Javier Martinez Espinoza yatangaje ko yize bihagije imikinire ya AS Kigali ndetse ngo yizeye kuyitsinda mu mukino wa Super Cup uteganyijwe kuri uyu wa...
Ikipe ya Rayon Sports yari imaze iminsi 10 ikorera umwiherero mu karere ka Ngoma, yamaze kugaruka mu mujyi wa Kigali aho igiye gukomereza kwitegura shampiyona.
Rubingisa Pudence ni we watorewe kuba umuyobozi mushya w’Umujyi wa Kigali mu matora yabaye kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 17Kanama 2019,nyuma yo gutorwa ku majwi 71, atsinze Rutera Rose bari...