Rutahizamu w’umunyarwanda wakiniye amakipe atandukanye hano mu Rwanda ari mo na APR FC n’ikipe y’igihugu, Serugaba Eric, kuri ubu akaba yarahgaritse gukina, avuga ko amarozi avugwa muri ruhago y’u...
Umukinnyi akaba na kapiteni wa Rayon Sports,Rutanga Eric, yatangaje ko ikimufasha gutsinda ibitego byo mu minota ya nyuma ari uko agira ishyaka kandi ngo iyo ari mu kibuga yemera ko umukino...
Umuhanzi nyarwanda Nshimiyimana Naason wamenyekanye mu muziki nka Naason, ari mu gahinda gakomeye nyuma yo kubura se umubyara, Jumaine Athanase, witabye Imana...
Umukozi w’Urwego rwunganira akarere mu by’umutekano (DASSO) wo mu Karere ka Musanze, Maniriho Martin, yakomerekejwe n’abaturage ubwo yabasangaga mu gasantere akabasaba gusubira mu ngo zabo, mu rwego...
Umugabo witwa Sekamana Jean Marie Vianney w’imyaka 30 utuye mu Murenge wa Burega mu Kagari ka Karengeri ho mu karere ka Rulindo ari gushakishwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha rukorera muri ako gace...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel yavuze ko muri rusange abantu banduye Coronavirus uko ari 17 bahuye n’abasaga 680 mbere y’uko basuzumwa bagasanga...
Ubuyobozi ku ruhande rw’u Rwanda na Uganda, bari gushakira hasi no hejuru umugore w’Umunyarwanda witwa Mushimiyimana Delphine ukomoka mu Karere ka Ruhango, akaba akekwaho icyorezo cya Virusi ya...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu,Prof.Shyaka yavuze ko muri iki gihe u Rwanda n’isi yose babangamiwe na Coronavirus,bafashe ingamba zo gushyiraho amasaha ntarenngwa utubari tugomba gufungiraho mu...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruratangaza ko ku wa 16 Werurwe 2020 rwafashe umugore witwa Mukanzamuye Apronaria ukekwaho gusambanya abana babiri b’abahungu mu Murenge wa Murundi mu Karere...
Ubuyobozi bwa Ambasade ya Israel mu Rwanda, bwanzuye ko abakozi b’iyi amabasade bakorera akazi mu ngo zabo hagamijwe kwirinda icyorezi cya coronavirus kimaze kugaragara ku bantu batanu ku butaka...
Ambasade y’u Bubiligi mu Rwanda yatangaje ko yafunze imiryango kugeza kuwa 28 Werurwe 2020,nyuma y’uho umwe mu bantu baheruka kuyijyamo mu nama, yatahuweho icyorezo cya...
Nyuma y’aho Minisiteri y’Ubuzima itangaje ko amashuri na za kaminuza zo mu Rwanda bifunga kubera icyorezo cya Coronavirus cyageze mu Rwanda,MINEDUC yasabye abanyeshuri bose biga bacumbitse ku...
Umugabo witwa Bunani Jean Claude wakoze igikorwa cy’Ubutwari kuwa 01 Gashyantare 2020 ubwo yatabaraga umwana wari ugiye gutwarwa n’amazi ya ruhurura I Nyabugogo,abanyarwanda baba muri Amerika...
Kuri iki cyumweru cyo kuwa 08 Werurwe 2020,umukinnyi ukina hagati mu ikipe ya APR FC, Niyonzima Olivier (Sefu) yateye ivi imbere ya Mushambokazi Belyse amusaba ko bazabana ubuziraherezo Belyse...
Abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Eritrea bakina umukino wo gusiganwa ku magare, barangajwe imbere na Tesfazion Natnael bakiriwe nk’abami ubwo bari bageze mu mujyi wa Asmara kuri uyu wa Gatatu nyuma...
Umugabo wakoraga akazi ko kurinda umutekano witwa Jean Rukundo wakoreraga ikigo ISCO mu karere ka Karongi,yiyahuye yirashe saa 12h45′ arapfa. Uyu akaba ari uwa kabiri w’iki kigo wiyahuye mu gihe...
Ubuyobozi bw’ikipe ya Etincelles FC bwatangaje ko bwakubye kabiri agahimbazamusyi k’abakinnyi kugira ngo bazahagame Rayon Sports kuri uyu wa 3 amanota 3 asigare mu karere ka...
Muri iyi minsi abatuye isi baryamiye amajanja bakora ibishoboka byose ngo birinde icyorezo cya Coronavirus kiri kuzahaza amahanga by’umwihariko Ubushinwa ari na ho...
Guhera kuwa Kane nta wundi mukinnyi uratwara agace muri Tour du Rwanda uretse umunya Colombia, Restrepo Jhonatan Valencia wegukanye n’ak’uyu munsi ko gusiganwa umuntu ku giti cye ku birometero...