Perezida wa Banki y’Isi, Dr. Jim Yong Kim, azagirira uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda mu cyumweru gitaha, abonane na Perezida Paul Kagame.
Banki y’isi yatangaje kuri uyu wa Gatanu, tariki ya...
Nyuma y’uko perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Nzamwita Vincent De Gaulle atangaje ko u Rwanda rutigeze rujya mu igikombe cy’Afurika kuko ubwo bajyagayo ngo bajyanyweyo...
U Rwanda rugiye kongera kwakira Inama nyafurika yiga ku iterambere iteganyijwe, iya 2017 (Transform Africa 2017) iziga ku iterambere ry’ imijyi y’ Afurika.
Iyo nama iteganyijwe kuva 10 kugeza 12...
Kuwa Gatatu, tariki ya 5 Mata 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro...
Ntamfurayishyari Silas wahoze mu ngabo zatsinzwe (Ex FAR) avuga ko yahungishije Abatutsi barenga 18 i Burundi, mu gihe bagenzi be bijandikaga muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994....
Perezida wa Tanzania John Pombe Magufuli
Minisitiri w’Uburezi wa Tanzania yagejeje kuri Perezida Magufuli ibaruwa ya Perezida Kagame, isaba abarimu bigisha Igiswahili mu Rwanda.
East African...
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa nkuru ya Leta, avuga ko u Rwanda rwiyemeje kureka umuryango wa Human Rights Watch ugakomeza gukora ibyo ukora ariko ntihagire indi mishyikirano ugirana...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 2 Gicurasi 2017, pariki y’ Akagera iherereye mu ntara y’ Uburasirazubwa bw’ u Rwanda yakiriye inkura 10 zirabura mu gihe hari hashize imyaka 10 nta nkura yirabura iri mu...
Perezida wa Niger Mahamadou Issoufou na Ismaïl Omar Guelleh wa Djibouti bageze i Kigali kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Gicurasi 2017, bitabiriye inama yiga ku ikoranabuhanga muri Afurika ‘Transform...
Umunya-Ethiopia Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus niwe watorewe kuba Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, mu matora yabereye mu muhezo ku cyicaro cy’uyu muryango, i...
None kuwa Gatanu, tariki ya 26 Gicurasi 2017, Inama y’Abaminisitiri Idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
Nyakubahwa Perezida wa...
Abanyeshuri biga mu kigo cya GS Gitarama mu Murenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga basuye umushinga witwa Zipline basobanurirwa imikorere y’indege za “Drones” zifashishwa gukwirakwiza amaraso ku...
Komisiyo y’Amatora yari yavuze ko ku isaha ya saa ine (10h30 a.m) yakira inyandiko z’ibisabwa Umukandida wigenga Phillipe Mpayimana.
Ari mu ivatiri y’umweru yo mu bwoko bwa Toyota Carina itariho...
Menya amateka, ibigwi, ubuhanga, ibintu bidasanzwe bya Lionel Messi wavutse kuri iyi tariki ya 24 kamena, n’ibindi bintu bikuru bikuru mu byaranze tariki ya 24 mu mateka.
Turi tariki ya 24...
Aba bakozi bari baryamye mu kazu ka shitingi gashinze mu irimbi ry’ abayisilamu i Nyamirambo
Abakozi bagera ku 9 bakoze igikorwa cyo kwimura imirambo bayikura mu irimbi ry’ abayisilamu I...