Kapiteni wa Misiri,Mohamed Salah,yateye benshi kwibaza kubera ibyo yatangaje mu rubuga ahuriramo na bagenzi be bakinana mu ikipe y’igihugu ya Misiri nyuma yo gutsindwa ubugira kabiri na Senegal...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Misiri ryatangaje ko rigiye gutanga ikirengo muri FIFA kubera ibitara by’icyatsi abafana ba Senegal bamurikaga mu maso y’Abakinnyi ba Misiri mu mukino Sénégal...
Leta ya Nigeria yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri abantu bakora igice cy’umunsi ubundi bakajya kureba umukino ubahuza na Ghana mu gushaka itike y’igikombe cy’isi cya 2022 kizabera muri Qatar mu...
Nyampinga w’u Rwanda wa 2016, Miss Mutesi Jolly yashyize amafoto ku mbuga nkoranyambaga amugaragaza amwenyura, ahagurutsa amarangamutima ya benshi bamubwira ko akwiye gusubira mu irushanwa nya...
Hadutse ubushyamirane mu nteko ishinga amategeko ya Ghana mw’ijoro ryo kuwa mbere bucya ari ku wa kabiri ubwo abadepite barimo kwiga umusoro watangwa ku mafaranga acishwa ku matelefone...
Umufana w’ikipe ya Ghana utuye muri Afurika y’Epfo, Yaw Owusu yatewe icyuma n’umunya Afurika y’Epfo bajyaga impaka,nyuma yo gushimangira ko penaliti yahawe Ghana yari yo bigaragara mu mukino wahuje...
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ya Volleyball mu bagabo yazamutse ari iya imbere mu itsinda A ry’Igikombe cya Afurika cya Volleyball kiri kubera muri Kigali Arena, nyuma yo gutsinda iya Uganda amaseti...
Nyuma y’umukino u Rwanda rwaraye rutsinzemo Angola, ikipe y’Amavubi muri iki gitondo cyo kuwa gatanu yabyukiye mu myitozo muri Kigali Arena yitegura umukino uzayihuza na Cap Vert ku munsi w’ejo...
Ikipe y’u Rwanda yatsinze iya Angola mu mikino ya FIBA Afrobasket2021 iri kubera muri Kigali Arena, amanota 71-68 uba umukino wa Kabiri u Rwanda rutsinze, nyuma yo gutsinda Repubulika Iharanira...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru I Burayi “UEFA”ryakuyeho itegeko ryatoneshaga amakipe yatsindaga ibitego byo hanze bikayafasha gukomeza mu mikino yo gukuranamo ya UEFA Champions League na Europa...
Urukiko rukuru rwa Kenya rwatangaje ko umushinga wa guverinoma wo kuvugurura itegekonshinga udakwiye, udakurikije amategeko kandi unyuranyije n’itegekonshinga.
Mu ijoro ryo ku Cyumweru nibwo ibinyamakuru byo ku mugabane w’I Burayi byatangaje ko hari irushanwa ryitwa European Super League rije guhangana na UEFA Champions League isanzwe ikunzwe na benshi...
Amakipe 12 akomeye i Burayi,yamaze gushinga irushanwa ryayo rikomeye ryitwa Super League rigamije guhatana na UEFA Champions League yahuzaga amakipe yatwaye ibikombe iwayo n’andi yitwaye...
Kuri uyu wa Kane, nibwo hatangiye imikino ya 1/32 cya UEFA Europa League aho amakipe atandukanye yageze muri iki kiciro yesuranye karahava by’umwihariko ayo mu Bwongereza akundwa na...
Uyu munsi nibwo habaye imikino ya ¼ yo gushaka ikipe yerekeza mu kiciro cya mbere gusimbura Gicumbi Fc na Heroes zamanutse, aho Gorilla FC na Etoile de l’Est zatsinze zikatisha itike yo kuzahurira...
Geneva ni ahantu hacyize. Ni ikicaro cya banki nyinshi zikomeye zigenga, Umuryango w’abibumbye, n’inzu za Sotheby’s na Christie’s zizwi cyane muri cyamunara z’amabuye y’agaciro ahenze...
Ikipe y’ingabo z’igihugu irakina imikino ibiri ya gicuti n’amakipe yo mu cyiciro cya kabiri kuri uyu wa Gatandatu Tariki 31 Ukwakira ku kibuga cy’imyitozo cya...
Amakipe 2 afite amateka mu mupira w’amaguru ku mugabane w’I Burayi ariyo Inter Milan na Manchester United yaraye ageze muri ½ cy’irangiza muri Europa League nyuma yo gutsinda imikino yayo...
Komisiyo ishinzwe ubujurire mu Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA,yateye utwatsi ibirego byatanzwe n’ubuyobozi bwa Gicumbi FC na Heroes bwavuze ko butishimiye icyemezo cyafashwe na...
Umuvugizi w’ubushinjacyaha bw’u Rwanda,Faustin Nkusi ndetse n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa CNLG, Dr Jean Damascene Bizimana batangarije RBA ko bishimishije kuba Ubufaransa bwataye muri yombi...
Mu nama yahuje abategura shampiyona ya Premier League, abafatanyabikorwa n’abahagarariye amakipe 20 ayikina, yakozwe hifashishijwe ikoranabuhanga ry’amashusho (Video Conference),yarangiye hafashwe...
Icyamamare Kobe Bryant yahogoje benshi kubera impanuka y’indege ya kajugujugu yakoze mu ijoro ryo ku cyumweru, ikamuhitana we n’umukobwa we Gianna n’abandi 8 bari...