Angèle-Marie Habiyakare umunyarwandazi wa mbere muto waciye agahigo ko kuba mu nteko nshingamategeko y’Intara ya Genève mu Busuwisi, mu matora y’abadepite aherutse kuba ku myaka 21 yonyine.
Uyu...
Akarere ka Nyagatare niko kabaye aka mbere mu kwesa imihigo y’umwaka wa 2021/2022, mu nkingi zitandukanye mu rwego rw’igihugu aho kagize amanota 81.64% .
Aka karere katsinze Huye yabaye iya...
Umunya Eritrea,Henok Mulueberhane ari kuvugwa mu mikino kubera kwegukana irushanwa rya Tour du Rwanda 2023.
Henok Mulueberhane yabwiye INYARWANDA.COM nyuma y’iri rushanwa ko yigeze kugira...
Umufaransa, Thomas Bonnet ukinira ikipe ya Total Energies yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2023, abasiganwa bavaga i Musanze berekeza i Karongi, ku ntera ya Kilometero 138,3.
Bonnet...
Umunya Eritrea Henok Mulueberhane niwe wegukanye agace ka gatatu ka Tour du Rwanda 2023 kavaga Huye berekeza I Musanze.
Aka gace karekare muri iri siganwa ryose Kari gafite ibirometero 199.5....
Ku wa Kane, Minisiteri y’Uburezi yatangaje amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka wa 2021-2022, aho amashuri yo mu Ntara yiganje mu yagaragayemo abanyeshuri barushije...
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abakozi batanu bo mu Kigo cy’ Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC).
Umuvugizi wa RIB, Dr Thierry Murangira yabwiye Imvaho Nshya ko taliki...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwasubije Miss Aurore Mutesi Kayibanda, Ibihumbi umunani by’Amadolari ya America (8 000 USD/8 000 000Frw) yari yibwe n’umukozi wo mu...
Umukinnyi wari mu bakomeye mu gusiganwa ku magare muri Kenya no muri Afurika, Suleiman Kangangi yitabye Imana azize impanuka mu isiganwa yarimo muri Amerika.
Uyu mukinnyi yakoreye impanuka mu...
Ikigo cy’igihugu cy’iteganyagihe (Rwanda Meteorological Agency) cyatangaje guhera mu kwezi gutaha kwa Nzeri kugera mu Kuboza uyu mwaka wa 2022, hari ibimenyetso bigaragaza ko imvura izagabanuka...
Imodoka ya sosiyete itwara abagenzi ya RITCO, yaraye ihiye ubwo yari igeze i Rubengera mu Karere ka Karongi yerekeza mu Karere ka Rusizi.
Bamwe mu babonye iyi modoka iri kugurumana, babanje...
Igihembe cya gatatu cy’uyu mwaka w’amashuri abanza,ayisumbuye na TVET kiratangira kuri uyu wa 18 mata 2022, biteganijwe ko kizarangira kuya 15 Nyakanga...
Abanyabigwi b’ikipe ya Arsenal FC yo mu Bwongereza, basuye Pariki ya Nyungwe ndetse bagaragaza ibyishimo nkuko byagaragaye mu mafoto bafotowe.
Aba bagabo bari mu ikipe ya Arsenal yatwaye...
Kuri uyu wa Mbere, Perezida Paul Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma, aho Dr Nsabimana yagizwe Minisitiri w’Ibikorwaremezo avuye ku mwanya w’Umuyobozi Mukuru w’Urwego Ngenzuramikorere, RURA....
Miss Rwanda 2022 irakomanga, Ku ikubitiro abo mu ntara y’Amajyaruguru nibo iheraho. Uko imyaka ishira n’indi igataha niko abarikurikira bakomeza kwiyongera.Uko biyongera niko ibitekerezo mu mboni...
Umwarimu witwa Ntirujyinama Benjamin wigishaga ku kigo cy’Amashuri cya Nganzo mu Karere ka Nyabihu giherereye mu murenge wa Rugera yanditse ibaruwa isaba gusubizwa ku kazi yari yasezeyeho mu minsi...