Mu buhamya bw’umugore utuye mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali,atanga avuga ko yabyaranye na Se ubwo yari afite imyaka 18 y’amavuko kuko yari afite akamenyero ko kuryamana na we.
Nk’uko...
Mu mukwabu wakorewe mu Murenge wa Kigarama mu Karere ka Kicukiro, mu Mujyi wa Kigali kuri uyu wa mbere tariki 13 Werurwe 2017, wasize abagore 2 bafatamwe imifuka 6 y’urumogi.
Umuvugizi wa Polisi...
Iribagiza Christine warokotse Jenoside yakorewe abatutsi wari utuye mu murenge wa Niboyi mu karere ka Kicukiro mu mujyi wa Kigali, yishwe n’ abantu bamunize bamusanze mu cyumba cye.
Ibi byabaye...
Mukamana Jeannette uri mu kigero cy’imyaka 40 yasanzwe mu gihuru yapfuye mu Murenge wa Gahanga, Akarere ka Kicukiro, mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 17 Mata2017.
Umuvugizi wa Polisi...
Abantu 5 bari bari muri dosiye imwe na Nsabimana Jean uzwi nka Dubai wubatse Umudugudu w’Urukumbuzi Real Estate baraye bageze imbere y’urukiko banga kuburana kubera ko ngo batari bamenyeshejwe...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 06/9/2019 guhera saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo wimukanwa wa SGESS ATT ugizwe...
Imodoka yabuze Feri yahitanye abantu batatu barimo abandi batandatu barakomereka mu murenge wa Gatenga mu mujyi wa Kigali ahazwi nko kwa Kamali ku munyinya, kuri uyu wa kabiri taliki ya 13...
Ikipe ya Pepiniere FC, ni ikipe yazamutse mu cyiciro cya mbere uyu mwaka w’imikino wa 2016/2017. Gusa ishyamba si ryeru hagati y’ iyi kipe n’ ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA,.Iyi...
Ndaboneye Muzungu, Umusaza uri mu kigero cy’ imyaka 65 aratabaza ubuyobozi kubera ubuzima butaboneye abayemo bwo kuba mu kazu kahoze ari ubwiherero, kurya rimwe na rimwe nabwo agombye gusaba...
Amakuru amaze kumenyekana, agaragaza ko Kazungu Denis ukekwaho kwica abantu mu Karere ka Kicukiro, bamwe yagiye abica mu buryo bw’agashinyaguro ku buryo hari abo yatetse mu...
Kuri uyu wa mbere,urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwafashe icyemezo ku bujurire Dr Kauyumba Christopher yajuriyemo,ku gihano yafatiwe n’urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro kuwa 05 Ukwakira 2021...
Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Umunyamakuru Nsengimana Theoneste nyiri Umubavu TV na bagenzi be barindwi bo mu ishyaka Dalfa-UMURINZI bafungwa by’agateganyo iminsi 30 muri...
Kuri uyu wa kane ku rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge hatangiye kuburanishwa ubujurire mu mizi bwa Dr Kayumba Christopher wajururiye uru rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge muri kanama 2020...
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane rwahamije Tom Byabagamba icyaha cyo kwiba telefoni, rumuhanisha igifungo cy’umwaka umwe.
Inteko y’umucamanza umwe...
Musinguzi Fred ukorera imirimo y’ubushabitsi mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, yamaze gusubizwa Hoteli ye yari yarambuwe n’uwahoze ari umusirikare mu ngabo z’u...
Ishimwe Dieudonne ’Prince Kid’, yasomewe iki cyemezo cy’Urukiko ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 16 Gicurasi 2022 ku cyicaro cy’Urukiko rw’Ibanze rwa...