skol
Kigali

Search: Kicukiro (1037)

Kicukiro: Abantu 2 bagwiriwe n’ikirombe barapfa

Ubu butumwa bwo kugira inama abacukura amabuye y’agaciro hirya no hino kwitwararika, buje nyuma y’uko mu karere ka Kicukiro umurenge wa Masaka akagari ka Ayabaraya abantu 2 bagwiriwe n’ikirombe...
2 January 2018 229 0

Ubuhamya bw’umugore utuye kicukiro wabyaranye na Se, umwana we nawe akabyarana n’umugabo bashakanye

Mu buhamya bw’umugore utuye mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali,atanga avuga ko yabyaranye na Se ubwo yari afite imyaka 18 y’amavuko kuko yari afite akamenyero ko kuryamana na we. Nk’uko...
4 July 2017 14965 0

Kicukiro:Umukwabu wasize abagore 2 bafatanwe imifuka 6 y’urumogi

Mu mukwabu wakorewe mu Murenge wa Kigarama mu Karere ka Kicukiro, mu Mujyi wa Kigali kuri uyu wa mbere tariki 13 Werurwe 2017, wasize abagore 2 bafatamwe imifuka 6 y’urumogi. Umuvugizi wa Polisi...
14 March 2017 1802 0

Kicukiro : Uwacitse ku icumu rya Jenoside yishwe n’ abantu babanje guteragura ibyuma umuzamu w’ igipangu

Iribagiza Christine warokotse Jenoside yakorewe abatutsi wari utuye mu murenge wa Niboyi mu karere ka Kicukiro mu mujyi wa Kigali, yishwe n’ abantu bamunize bamusanze mu cyumba cye. Ibi byabaye...
13 April 2017 5797 0

Kicukiro: Hatoraguwe umurambo w’ umugore mu gihuru

Mukamana Jeannette uri mu kigero cy’imyaka 40 yasanzwe mu gihuru yapfuye mu Murenge wa Gahanga, Akarere ka Kicukiro, mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 17 Mata2017. Umuvugizi wa Polisi...
17 April 2017 1395 0

Kicukiro: Umujyi wa Kigali ugiye gukora inzira zihariye z’abakora siporo n’abanyamaguru

Hirya no hino mu Mujyi wa Kigali hakomeje kubakwa ibikorwa remezo bifasha abatuye uyu mujyi kubona ahantu heza ho gukorera siporo.
27 October 2023 1353 0

Kazungu Denis yavuze impamvu yatumye yica abakobwa urw’agashinyaguro

Kazungu Denis ukurikiranyweho ibyaha 10 by’ubwicanyi yakoreye mu Karere ka Kicukiro yagejejwe imbere y’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro atangira kuburanishwa ku ifunga n’ifungurwa...
21 September 2023 4845 0

Kicukiro: Abari bafunzwe muri Dosiye imwe na Dubai baraye banze kuburana

Abantu 5 bari bari muri dosiye imwe na Nsabimana Jean uzwi nka Dubai wubatse Umudugudu w’Urukumbuzi Real Estate baraye bageze imbere y’urukiko banga kuburana kubera ko ngo batari bamenyeshejwe...
9 May 2023 1345 0

Kicukiro: Umugabo yatawe muri yombi ashinjwa kwica umugore we bapfa ibihumbi 500 FRW

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Kanyamibare Bizimungu ukekwaho kwica uwari umugore we, Murebe Evelyne, aba bombi bakaba bari abazunguzayi, aho bari bafitanye umwana...
7 December 2021 1402 0

Itangazo rya cyamunara y’umutungo wimukanwa ugizwe n’ibikoresho byo mu biro biherereye muri Sorvepex-Kicukiro

Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 06/9/2019 guhera saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo wimukanwa wa SGESS ATT ugizwe...
2 September 2019 783 0

Kicukiro: Abantu batatu bahitanywe n’impanuka y’imodoka yabuze Feri

Imodoka yabuze Feri yahitanye abantu batatu barimo abandi batandatu barakomereka mu murenge wa Gatenga mu mujyi wa Kigali ahazwi nko kwa Kamali ku munyinya, kuri uyu wa kabiri taliki ya 13...
14 August 2019 3204 0

[Ubusesenguzi]: Ese koko FERWAFA yaba ariyo nkomoko y’ikibazo kigiye gutuma Pepiniere FC isezera muri...

Ikipe ya Pepiniere FC, ni ikipe yazamutse mu cyiciro cya mbere uyu mwaka w’imikino wa 2016/2017. Gusa ishyamba si ryeru hagati y’ iyi kipe n’ ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA,.Iyi...
27 December 2016 1531 0

Kicukiro : Umusaza n’ abana be bane babana mu kazu kahoze ari umusarane [AMAFOTO]

Ndaboneye Muzungu, Umusaza uri mu kigero cy’ imyaka 65 aratabaza ubuyobozi kubera ubuzima butaboneye abayemo bwo kuba mu kazu kahoze ari ubwiherero, kurya rimwe na rimwe nabwo agombye gusaba...
26 June 2017 3267 0

Kazungu wemera ko yishe abantu 14 yasabye urukiko ikintu gikomeye

Kazungu Denis yagejejwe imbere y’urukiko rwibanze rwa Kicukiro muri iki gitondo aho ashinjwa ibyaha bisaga 10.
21 September 2023 2244 0

Harabo yishe abateka mu isafuriya!Menya ibyaha 10 Kazungu aregwa

Amakuru amaze kumenyekana, agaragaza ko Kazungu Denis ukekwaho kwica abantu mu Karere ka Kicukiro, bamwe yagiye abica mu buryo bw’agashinyaguro ku buryo hari abo yatetse mu...
19 September 2023 4235 0

RIB yafunze umugabo ushinjwa kwica abantu akabashyingura mu nzu ye

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwafashe umugabo witwa Kazungu Denny, ukekwaho kwica abantu akabashyingura mu nzu yakodeshaga iherereye mu Karere ka...
5 September 2023 6267 0

Ubujurire bwa Dr Kayumba bwateshejwe agaciro n’urukiko rwisumbuye

Kuri uyu wa mbere,urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwafashe icyemezo ku bujurire Dr Kauyumba Christopher yajuriyemo,ku gihano yafatiwe n’urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro kuwa 05 Ukwakira 2021...
15 November 2021 533 0

Abayoboke ba DALFA Umurinzi na nyiri UMUBAVU TV bahawe kumara iminsi 30 bafunzwe

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Umunyamakuru Nsengimana Theoneste nyiri Umubavu TV na bagenzi be barindwi bo mu ishyaka Dalfa-UMURINZI bafungwa by’agateganyo iminsi 30 muri...
9 November 2021 793 0

Nyarugenge: "Ndasaba ko bazana amashusho yo guteza umutekano mucye ku kibuga cy’indege"-Dr Kayumba

Kuri uyu wa kane ku rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge hatangiye kuburanishwa ubujurire mu mizi bwa Dr Kayumba Christopher wajururiye uru rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge muri kanama 2020...
11 June 2021 1665 0

Tom Byabagamba yakatiwe igifungo cy’umwaka umwe kubera kwiba

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane rwahamije Tom Byabagamba icyaha cyo kwiba telefoni, rumuhanisha igifungo cy’umwaka umwe. Inteko y’umucamanza umwe...
20 May 2021 1413 0

Kigali: Imwe mu midugudu yari muri Guma mu rugo kubera COVID-19 yakuwemo

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu [MINALOC] yatangaje ko yakuye muri gahunda ya Guma mu rugo imidugudu 3 yo muri Kigali. Isigaye irakomeza iyi gahunda kugeza igihe icyorezo cya #COVID19 kizaba...
10 July 2020 2275 0

Pan African Movement yahaye Abanyarwanda barenga 200 ubwisungane mu kwivuza

Abanyamuryango ba Pan African Movement (PAM) mu karere ka Kicukiro bakoze umuganda batangira abaturage ubwisungane mu kwivuza.
16 September 2018 281 0

Umunyamakuru Manirakiza Theogene yajuriye

Ubujurire bwe bushingiye ku cyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro cyo ku wa 25 Ukwakira 2023, cyategetse ko afungwa iminsi 30 y’agateganyo muri Gereza ya...
3 November 2023 339 0

Musinguzi Frank yasubijwe Motel ye yari yarambuwe n’uwahoze ari umusirikare ukomeye

Musinguzi Fred ukorera imirimo y’ubushabitsi mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, yamaze gusubizwa Hoteli ye yari yarambuwe n’uwahoze ari umusirikare mu ngabo z’u...
7 September 2023 4148 0

Hamenyekanye uturere n’imirenge bikennye cyane mu Rwanda

Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire ryakozwe mu 2022 ryerekanye ko Abanyarwanda barenga miliyoni 13 barimo abakennye cyane bangana na 30,4% by’ababaruwe.
11 August 2023 4269 0

Urukiko rwategetse ko Jowest arekurwa

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwanzuye ko umuhanzi Giribambe Joshua wamenyekanye nka (Jowest) ukurikiranyweho Ibyaha byo Gusambanya ku gahato Cyangwa Gukubita no gukomeretsa arekurwa...
22 February 2023 544 0

Jowest akurikiranyweho ibyaha birimo gukoresha imibonanompuzabitsina ku gahato

Umuhanzi Giribambe Josue uri mu bahanzi bakiri bato bagezweho wamenyekanye nka ’Jowest’ amaze iminsi yitabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, aho ari kuburana ku byaha byo gukoresha undi imibonano...
21 February 2023 861 0

Amakuru mashya:Imyanzuro y’urukiko yemeje ko Miss Elsa arekurwa

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwemeje ko Iradukunda Elsa wabaye Miss Rwanda 2017, afungurwa by’agateganyo, akazajya yitaba urukiko adafunze, kugira ngo akomeze kuburana ku byaha aregwa...
25 May 2022 3036 0

Urukiko rwafashe icyemezo cyo gufunga by’agateganyo Prince Kid iminsi 30

Ishimwe Dieudonne ’Prince Kid’, yasomewe iki cyemezo cy’Urukiko ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 16 Gicurasi 2022 ku cyicaro cy’Urukiko rw’Ibanze rwa...
16 May 2022 646 0

MINEMA yagaragaje imibare y’abahitanywe n’ibiza by’imvura n’icyo iri kubafasha

Mu ijoro ryo kuwa 23 Mata 2022 haguye imvuya ikabije ndetse yangiza byinshi harimo n’ubuzima bw’abantu,, Minisiteri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (MINEMA) yatangaje ko abantu bagera kuri 11...
25 April 2022 440 0
0 | ... | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | 270 | 300 | 330 | 360 | ... | 1020