Polisi ikorera mu Karere ka Kirehe yataye muri yombi umugabo w’imyaka 35, wari wibye moto Mujyi wa Kigali mu Karere ka Kicukiro, akaba yafashwe ayitwayeho...
Rulinda Jean Pierre w’imyaka 28, Barigora Theoneste w’imyaka 30 na Habineza Jean Paul nibo Polisi yafashe bacyekwaho kwiba televiziyo 3 muri Motel yitwa Auberge Saint Jean Leopold iherereye mu...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije amaze gukingirwa COVID-19.Ni mu muhango wo gutangiza gahunda yo gukingira iki cyorezo uri kubera mu Bitaro bya Masaka biherereye mu Murenge wa Masaka mu...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof Shyaka Anastase, yasuye imiryango 48 yari ituye ahitwa muri Bannyahe (Kangondo na Kibiraro ya mbere) bimuriwe i Busanza mu Karere ka Kicukiro, abamenyesha...
Mu ijoro rya tariki ya 31 Kanama 2020, mu rugo rwa Habarurema Anicet ruri mu mudugudu wa Cyugamo, akagari ka Gako mu murenge wa Masaka w’akarere ka Kicukiro, hateye abajura bamwiba televiziyo...
Uyu munsi tariki ya 07 Nyakanga 2020,mu Rwanda habonetse abarwayi 59 banduye COVID-19.Barimo 49 bo mu kigo kinyurwamo by’igihe gito cya Kigali n’abari mu kato mu karere ka Kicukiro, Rusizi:5,...
Umujyi wa Kigali washyize ikibumbano cy’agatangaza mu masangano y’ahazwi nka Sonatubes mu karere ka Kicukiro mu rwego rwo kurimbisha umujyi no gusobanura neza umuco w’abanyarwanda wo kwakira...
Urukiko rw’ibanze rwa Kagamara ruherereye mu karere ka Kicukiro rwategetse ko abanya Kenya batatu baregwa ubushukanyi no gukoresha inama itemewe bakomeza gufungwa mu gihe bategereje kuburanishwa...
FOTO@Internet
Umusore w’imyaka 32 y’amavuko wo mu Karere ka Kicukiro, yagwatirije telefone ye kugira ngo abashe kubona amafaranga yo kwishyura indaya bararanye.
Umugabo utuye mu mudugudu wa Kabuye,Akagari ka Kagunga, mu murenge wa Gikondo mu karere ka Kicukiro yatashye yasinze,agiye kuryama agwira uruhinja rwe rw’amezi atatu rwari ku buriri biruviramo...
Umugabo witwa Jean Claude Ndayisaba w’imyaka 34 wo mu Murenge wa Kigarama, Akagari ka Kigarama, Umudugudu wa Mataba, mu karere ka Kicukiro, yashwanye n’umugore we amubuze ngo amunigishe umushipiri...
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwagabiye inka 2 umuryango mushya wa myugariro wabo Irambona Eric warushinze kuri uyu wa Gatandatu tariki 23 Werurwe 2019 na Mugeni Olive mu muhango wabereye ku...
Ikipe ya Police FC inaniwe gutsinda APR FC mu mukino ubanza wa ¼ cy’irangiza mu gikombe cy’Amahoro yari yakiriye kuri stade ya Kicukiro aho amakipe yombi yanganyije...
• Bakame yatangaje ko abakinnyi ba Rayon Sports bashaka gutsinda Mukura VS
• Abakinnyi barashaka gutsinda Mukura VS kugira ngo bature iyo ntsinzi Katauti na Karekezi
• Rayon Sports izacakirana na...
Umukino w’umunsi wa 25 wa shampiyona wagombaga guhuza ikipe ya Mukura Victory Sports na Bugesera FC kuri uyu wa Gatandatu wamaze kwimurirwa ku Cyumweru mu gihe kandi n’umukino wa Police FC na APR...
Itsinda rya Dream Boys yegukanye irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ryabaga ku nshuro ya karindwi. Ni mu birori bikomeye byabereye kuri Petit Stade byasojwe mu ijoro ryo kuri uyu wa...
Abanyapolitiki icyenda barimo abo mu Mujyi wa Kigali no mu ntara zitandukanye bongerewe kuri 12 basanzwe bibukirwa ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Rebero. Aba bose bishwe bazizwa kurwanya umugambi...
Bamwe mu bahoze ari abakozi ba IPRC Kigali bakurikiranywe ku byaha bya ruswa, binubiye kuburana bafunzwe mu gihe bagenzi babo bahoze babayoboye bo baburana bari hanze.
Abakozi ba IPRC Kigali...