Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 7 Mutarama 2017, shampiyona iraba ikomeza hakinwa imikino y’umunsi wa 12, hakaba hateganyijwe imikino ine.
Umukino w’umunsi ni uwo APR FC igomba kwakiramo AS...
Ikipe ya AS Kigali iri ku rwego rwo hejuru cyane mu gice cya kabiri cya shampiyona yihanije Police FC iyitsinda ibitego 2-0 iyibuza kwiruka inyuma ya APR FC na Rayon Sports ziyiri imbere mu...
Ikipe ya AS Kigali irahura na Kiyovu Sports kuri uyu wa Kabiri mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona idafite abakinnyi 6 igenderaho aho ishaka gukomeza kuyobora urutonde rwa shampiyona.
Iyi kipe...
Kuri uyu wa Gatandatu Taliki ya 17 Gashyantare 2018 nibwo hakomezaga imikino ya shampiyona y’u Rwanda AZAM Rwanda Premier League aho ikipe ya AS Kigali imaze kunyagira Kirehe FC ibitego 3-1...
Ikipe ya Rayon Sports itereye ibaba I Rusizi kuko yatsinzwe ibitego 2-0 mu gihe APR FC na AS Kigali zatsinze imikino yazo zikomeza guhanganira igikombe cya shampiyona kibura iminsi mike ngo...
Mu dushya twaranze iki gitaramo harimo nko kuba uyu muhanzikazi yageze ku rubyiniro yambaye imyenda ikorerwa muri afurika ,ndetse harimo no kuba yaririmbanye n’umwe mubagab bafte ubugufi...
Minisiteri y’Ubuzima (Minisante) yasubije mu kazi umuforomo wo mu bitaro bya Byumba iherutse guhagarika by’agateganyo azira ko yafashe amaraso y’umurwayi akayaha umurwaza ngo ayijyanire kuyapimisha...
Umutoza wa Rayon Sports Roberto Oliveira Goncalves do Carmo yasabye abakinnyi be kwitanga ijana ku ijana kugira ngo batsinde AS Kigali bagaruke mu rugamba rwo guhatanira shampiyona dore ko mu...
Ikipe ya Rayon Sports inaniwe gutsinda AS Kigali ya Masudi Djuma banganya 0-0, mu mukino w’umunsi wa 22 wa shampiyona y’u Rwanda biyigabanyiriza amahirwe yo gukomeza guhangana na APR FC ya...
Ikipe ya Rayon Sports ifite akazi katoroshye mu mukino ubanza wa CAF Champions Cup kuko yatomboye ikigugu cya Al Hilal Omdurman yo muri Sudan mu gihe ikipe ya AS Kigali mu ijonjora ribanza rya...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame ari kumwe na Masai Ujiri (umuyobozi wa Toronto Raptors(yo muri Amerika ikina muri NBA) basuye inzu y’imikino n’imyidagaduro ya Kigali Arena yuzuye mu...
Rubingisa Pudence ni we watorewe kuba umuyobozi mushya w’Umujyi wa Kigali mu matora yabaye kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 17Kanama 2019,nyuma yo gutorwa ku majwi 71, atsinze Rutera Rose bari...
Ikipe ya Rayon Sports yari imaze iminsi 10 ikorera umwiherero mu karere ka Ngoma, yamaze kugaruka mu mujyi wa Kigali aho igiye gukomereza kwitegura shampiyona.
Umutoza wa Rayon Sports,Javier Martinez Espinoza yatangaje ko yize bihagije imikinire ya AS Kigali ndetse ngo yizeye kuyitsinda mu mukino wa Super Cup uteganyijwe kuri uyu wa...
Byavugiwe mu nama yahuje abayobozi mu Mujyi wa Kigali, abubatsi bibumbiye muri sendika yabo (STECOMA) ndetse n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imiturire (RHA), kuri uyu wa gatanu tariki 4 Ukwakira...
Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwatangaje ko mu mpera z’uyu mwaka hagiye gutahwa ubusitani rusange bwatangiye kubakwa guhera muri Mutarama uyu mwaka bukazatahwa mu mpera z’uyu mwaka butwaye akayabo...
Iki cyemezo Umujyi wa Kigali ugifashe nyuma y’uko ikigo cy’Igihugu gishinzwe iteganyagihe gitangaje ko kuva mu mpera z’Ukuboza kugeza tariki 30 Ukuboza hazagwa imvura...
APR FC na AS Kigali zananiwe gufasha abakunzi bazo gutangira umwaka mushya wa 2020 bari mu bicu kuko mu mukino w’umunsi wa 19 wa shampiyona barangije iminota 90 ntawubashije kwinjiza igitego mu...
umujyi wa Kigali wasabye abaturage gukomeza gukurikiza amabwiriza yashyizweho na Minisitiri w’intebe yo kuguma mu rugugo Nyuma y’amakuru atariyo yavugwaga ko abashaka gusubira mu ntara biyandikisha...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel yatangarije RBA ko ubwandu bushya bwa Covid-19 bw’abantu babonetse I Rusizi aribwo ntandaro yo kudasubukura ingendo zihuza intara zose n’umujyi wa Kigali...
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuwa 2/06/2020, yemeje isubukurwa ry’ingendo zambukiranya intara n’umujyi wa kigali, no gutwara abagenzi kuri moto, usibye mu turere twa Rusizi na...
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali,Rubingisa Pudence yatangaje ko ifungwa ry’isoko rikuru rya Nyarugenge ritazatuma ubukungu buzahara kuko hagiye kuba imikoranire na MINICOM ku buryo abacuruzi...
Umukino ubanza wagombaga guhuza AS Kigali na KCCA mu cyiciro cya kabiri cya CAF Confederations Cup wari uteganyijwe kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Ukuboza,wasubitswe kubera ko iyi kipe yo muri...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 08 Mutarama 2020,habaye tombola y’uko amakipe azahura mu ijonjora rya nyuma ribanziriza kwerekeza mu matsinda ya CAF Confederations Cup, yatumye AS Kigali ihagagariye u...