Isango Star igiye gushimira abahanzi bitwaye neza mu mwaka wa 2021 binyuze mu ‘Isango na Muzika Awards’ , ibihembo byatangiye gutangwa mu 2020 ndetse abahanzi bari guhatana batangajwe.Ibi bihembo...
Ku nshuro yambere mu Rwanda hagiye gutangwa ibihembo byiswe ’Rwanda Influencers Awards’ aho kuri ubu hamenyekanye abari guhatana mu byiciro bitandukanye, birimo n’abakobwa 4 bari guhatana mu kiciro...
Amag The Black umwe mu baraperi bahagaze neza muri iyi minsi muri muzika Nyarwanda , uyu mugabo yahishuye ko yakuwe mu ndirimbo ya Zizou Alpacino yitwa “Wimfatanya...
Abakurikiranira umuziki hafi bemeza ko ubwiza”uburanga”bw’umukobwa biri mubigomba kumufasha mukuzamuka kwe muri muzika, uburanga aribwo bwiza bugararira ku maso butuma abasore cyangwa abagabo...
Abahanzi nyarwanda barimo The Ben , Bruce melody , Meddy bahawe ibihembo bikomeye mu irushwanwa rya HiPipo Music Awards riba buri mwaka rikabera mu gihugu cya Uganda.
Igitaramo cyo gutanga ibi...
TMC uririmba muri Dream Boys yavuze ko ubusanzwe akunda abakobwa bateye neza mu gihe Platini yakwifuza gusohokana na Knowless Butera
Kuri uyu wa Gatanu taliki 09 Werurwe 2018 itsinda...
Umukobwa witwa Elcy Ishimwe wavuzweho mu rukundo n’umuhanzi Ruhumuriza James [King James], yasabwe anakobwa n’umukunzi we Fahad Mukunzi bamaranye igihe mu rukundo.
Kuri iki cyumweru tariki ya 10...
Umuririmbyi Diamond Platnumz wo muri Tanzaniya, mu bihembo bizwi nka ‘Muzik Magazine awards (Afrimma)’ yabaye umuhanzi w’umwaka muri Afurika w’umwaka (best artist of the Year ), ni mu gihe...
Nyuma yo kwemeranya kubana akaramata,Safi Madiba wo mu itsinda rya Urban Boys n’umukunzi we barabarizwa i Dar es salaam mu gihugu cya Tanzaniya mu kwezi kwa Buki.
Bivugwa ko aba bombi...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 01 Ukwakira 2017 nibwo habaye umuhango wo gusaba no gukwa aho Safi Madiba yasabye anakwa umukunzi we,Niyonizera Judithe bari bamaze iminsi babana mu inzu imwe.Ni nyuma...
Mu gihe abakandida bakomeje ibikorwa byo kwiyamamariza kuyobora igihugu cy’u Rwanda muri manda itaha, Abahanzi hafi ya bose ni bamwe mu bamaze kugaragaza ko bashyigikiye ku buryo bukomeye...
Jay Polly ni umwe mu bahanzi bafite izina rikomeye muri muzika nyarwanda ibi kandi akaba abihuriyeho na King James nawe ufite izina ritari rito mu ruhando rwa muzika Nyarwanda.
Jay Polly ni...
Irushanwa rya Primus Guma Guma Superstar rihuriza hamwe abahanzi 10 bakunzwe, iry’uyu mwaka riragana ku musozo muri iri joro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Kamena uyu mwaka.
Uyu mugoroba...
Umwaka wa 2022 ni umwaka wasize ibyishimo bidasanzwe muri bamwe mu byamamare kuko muri bo abawutangiye ari umwe bawurangije ari babiri cyangwa se batatu kuko hari n’abawukozemo ubukwe ndetse...
Abarimo Bruce Melodie, Ishimwe Dieudonné [Prince Kid], Mukansanga Salima, Rusine Patrick , Mutesi Scovia na Mugisha Moise bari mu bahataniye ibihembo bya The Choice Awards bigiye gutangwa ku...