Hakizimana Amani wamamaye nka AmaG The Black yatangarije imbere y’imbaga yabitabiriye imurikwa rya Album ya Aline Gahonganyire ko yamaze kubona Marraine we kandi ko bari kumwe, abari aho...
Muneza Christopher wamamaye nka Christopher Topher muri muzika nyarwanda avuga ko atabonye amahirwe yo kwifotozanya na Perezida Kagame Paul ubwo bari mu birori byo kubyina intsinzi yari amaze...
Umunyamideli Shaddy Boo wahoze ari umugore wa Producer Meddy Saleh banafitanye abana, avuga ko mu myaka amaze akoresha imbuga nkoranyambaga amaze kunguka byinshi, ngo kuri we umukobwa wambaye...
Umuririmbyi Christopher Muneza wiyise Topher yatangaje impamvu nyakuri yatumye ava muri Kina Music ya Clement Ishimwe nyuma y’imyaka igera kuri irindwi bakorana mu buryo buzwi.
Uyu muhanzi...
Medard Jobert wiyeguriye muzika nka Meddy uri mu bahanzi bakomeye mu Rwanda wari umaze imyaka irindwi akorera umuziki muri Amerika, mu minsi yashize yakomoje ku rukundo rwe atifuje gushyira mu...
Umukobwa witwa Elcy Ishimwe wavuzweho kuba mu rukundo n’umuhanzi Ruhumuriza James wiyeguriye muzika nka King James, aritegura kurushinga n’umukunzi we, Fahad ndetse n’itariki y’ubukwe yamaze...
Umuririmbi Niyibikora Safi wa Urban Boys yakomoje ku buzima abayemo nyuma yo kurushinga na Niyonizera Judithe, anavuga byimbitse uko yitwaye mu kibazo cyo kuvugwa ku mugore we wabanje gukunda...
Umuririmbyi Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melody yamaze gufata rutema ikirere yerekeza i Burayi aho agiye mu gitaramo yatumiwemo cyiswe ‘Ikinya Live in Bruseless’
Yavuganye n’umunyamakuru wa...
Umuririmbyi Muneza Christopher wavuzwe mu rukundo n’abakobwa batandukanye ariko ntiyerure ko yaba ari mu rukundo, kuri ubu yahishuye ko imyaka irenga itatu akundana n’umukobwa utifuza kwisanga muri...
Umuririmbyi Ruhumuriza James wamamaye nka King James atangaza y’uko nta mukunzi afite kuri ubu ariko ko abona hari ibintu bitatu byatuma ashidurwa n’umukobwa yakwifuza ko yamubera umugore...
Mu mafoto yaramutse avugisha abantu harimo ,abanyarwandakazi bamamaye kubera amafoto bashyira kuri interinete ,umwana yatangaje benshi kubera imico ye ,inyubako ya La Palisse Hotel yakubiswe n’...
King James yatangaje ko abakobwa bose bavugwaho gukundana nawe nta numwe bigeze bakundana.
Umuhanzi King James ukora injyana ya RnB indirimbo zikundwa n’ abakobwa benshi yagize icyo avuga ku...
Peter Okoye, umwe mu mpanga ebyiri zari zigize itsinda rya P Square ari mu nzira zerekeza i Kigali mu gitaramo cyo gusoza Inama Mpuzamahanga ku miyoborere ya yiswe ‘2018 Mo Ibrahim kizabera Kigali...