Michael Cohen, wahoze yunganira mu mategeko Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yemereye urukiko rw’i New York ko yishe amategeko agenga ibikorwa byo kwiyamamaza mu matora ya...
Abantu batandukanye bakurikiranira hafi ibyamamare byo mu Rwanda abenshi hari ibibazo bagenda bibaza ku bantu bamwe na bamwe bamamaye ahanini ntibabibonere ibisubizo,ari nayo mpamvu twahisemo...
Abanya Uganda bagera kuri 54 % ntibifuza ko Museveni yongera kwiyamamariza kuyobora Uganda nkuko ubushakashatsi bw’Ikigo Research World International (RWI),...
Kuri uyu wa 18 Mata 2020,Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi,CNDD FDD ryerekanye ingufu zidasanzwe mu ntara ya Ngozi aho ryarahije abarwanashyaka [abanywanyi] bashya 4260 biyomoye ku mashyaka...
Umugore wa Nyakwigendera Pierre Nkurunziza witwa Denise Nkurunziza yakoranyije incuti ze za hafi ahomu rugo rwe i Bujumbura kugira ngo bafatanye gusenga,ababwira ko akimara kumenya iby’urupfu...
Umuraperi Kanye West uherutse gutangaza ko aziyamamariza kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu Ugushyingo 2020, yamaze gutanga candidature ye muri...
Umahanzi w’icyamamare Kanye West yatangije ku mugaragaro ibikorwa byo kwiyamamariza kuyobora leta zunze ubumwe za Amerika mu matora ateganyijwe mukwa 11, yatangiriye ahitwa Charleston muri leta ya...
Robert Kyagulanyi Sentamu uzwi ku izina rya Depite Bobi Wine yanditse ibaruwa isusurutsa umutima wa Producer we, Daniel Oyerwot uzwi ku izina rya Sir Dan Magic wakomerekejwe cyane n’amasasu...
Muri Uganda, Umukandida ku mwanya w’umukuru w’igihugu watanzwe n’ishyaka Forum for Democratic Change (FDC), Patrick Amuriat Oboi, yatawe muri yombi mu Karere ka Bushenyi ubwo yari agiye kwiyamamaza...
Perezida wa Amerika Donald Trump yababariye uwahoze ashinzwe ibikorwa bye byo kwiyamamaza Paul Manafort, uwari umujyanama we Roger Stone ndetse na ba mwana we (se w’umugabo w’umukobwa...
Abantu batandukanye bakurikiranira hafi ibyamamare byo mu Rwanda abenshi hari ibibazo bagenda bibaza ku bantu bamwe na bamwe bamamaye ahanini ntibabibonere ibisubizo,ari nayo mpamvu twahisemo...
Muri Kenya umukandida witwaga umurwayi wo mu mutwe kubera kwiyamamaza kandi ari umukene, Peter Salasya, yegukanye umwanya w’umudepite mu matora yabaye mu cyumweru...
Umwiza Phiona wabaye Igisonga cya mbere cya Miss Rwanda 2020 ari mu bahatanira umwanya mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba ahagarariye...
Abantu batandukanye bakurikiranira hafi ibyamamare byo mu Rwanda abenshi hari ibibazo bagenda bibaza ku bantu bamwe na bamwe bamamaye ahanini ntibabibonere ibisubizo,ari nayo mpamvu twahisemo...
Perezida w’Amerika Joe Biden yise Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping umunyagitugu, mu ijambo ryo mu gikorwa cyo gukusanya inkunga yo kwifashisha mu kwiyamamaza kwe mu matora yo mu mwaka utaha yavugiye...
Ihuriro ry’Imiryango idaharanira inyungu za politike muri Republika ya Demokrasi ya Kongo riri gusaba Dogiteri Denis Mukwege kwiyamamaza mu matora y’umukuru...
Kuri uyu wa 22 Ugushyingo, Perezida Tshisekedi ubwo yari muri gahunda yo kwiyamamaza mu mujyi wa Kinshasa, mugace ka Kimpese yijeje abaturage be ko agiye kongera agaciro k’ifaranga ry’igihugu...
Abakandida babiri bahabwa amahirwe kurusha abandi mu matora ya perezida wa DR Congo none kuwa gatatu bombi bariyamamariza mu mujyi wa Kananga mu Ntara ya...
Umwe mu bakandida depite ku rwego rw’intara ya Kivu y’epfo mu matora rusange ateganijwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yiciwe mu mujyi wa Uvira,kuwa 15...
Umwarimu wo mu Karere ka Nyabihu, Hakizimana Innocent, arashaka kwiyamamaza mu matora y’Umukuru w’Igihugu ategerejwe muri Nyakanga 2024, nyuma yo kugerageza kuyobora uturere...
Gilbert Mwenedata wigeze kwiyamamaza ku giti cye mu matora y’abadepite aheruka muri 2013 avuga ko kugeza ubu nta cyemezo cyo kwiyamamaza afite mu bitekerezo bye haba mu matora ya Perezida y’uyu...