Uruganda Novartis rwavuze ko guhera mu ntangiriro za 2017 u Rwanda ruzaba igihugu cya gatutu mu bihugu biri mu nzira y’amajyambere rugabanyirije ibiciro nyuma ya Kenya na Etiyopiya.
Riragira...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zaburiye abacamanza b’Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (ICC) ko bazafungwa nibibeshya bagakurikirana ibyaha by’intambara abanyamerika bakoreye ku butaka bwa...
Abasirikare babiri ba Leta zunze ubumwe z’Amerika baraye biciwe ku rugamba rwo muri Afghanistan ku musi wa mbere, nkuko byatangajwe n’ishyirahamwe ry’ibihugu byo mu burengeraziba bw’isi byiyemeje...
Igisasu cyatewe n’abantu bataramenyekana hafi y’aho perezida wa Afuganistan ,Ashraf Ghani,yari ari kwiyamamariza mu matora yo guhatanira kongera kuyobora iki gihugu muri iki gitondo cyo kuri uyu...
Abantu 30 bishwe nyuma y’uko abarwanyi ba Islamic State biyambitse nk’abaganga bagatera ibitaro bya gisirikare biri mu murwa mukuru wa Kabul hafi ya Ambassade ya leta zunze ubumwe za Amerika....
Umukinnyi wa Filimi w’umunyamerika wakunzwe na benshi muri filimi y’uruhererekane ya Prison Break yamenyekanyemo nka Michael Scofield,yafashe umwanzuro wo kutazongera kuyigaragaramo kubera ko ngo...
Umubyeyi wo muri Afuganisitani yahatiwe kugurisha umwe mu mpanga ye kugira ngo agaburire undi mu gihe ikibazo cy’ibiribwa gikomeje gukara mu gihugu.
Nk’uko ikinyamakuru Mail Online kibitangaza,...
IKIGANIRO IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#34 kigaruka kuri Gen Innocent KABANDANA ukuriye Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambike mu ntambara ya Cabo Delgado! Ese ko bishoboka cyane ko RDF izatsinda Urugamba,...
Igikomangoma Harry n’umugore we Meghan Markle bakomeje guterwa umugongo muri Hollywood Nyuma yo kumena amabanga menshi ku nkuru zivuga ibyababayeho igihe bari mu bwami bw’u...
Ibihumbi by’impunzi z’Abanyafuganisitani zigiye kwirukanwa mu mahoteri yo muri UK muri gahunda nshya ya Guverinoma.
Nk’uko ikinyamakuru The Times kibitangaza ngo impunzi ziri hagati ya 8000 na...
Nyuma y’aho perezida Trump yanditse kuri Twitter ye ko Iran niyibesha igatera ibirindiro bya Amerika bazasenya ibyayo 52,abajura bo kuri Internet bahise bashimuta Twitter y’ikigo cya US bashyiraho...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Nzeri 2020, Urukiko rw’ubujurire rwa Paris rwateye utwatsi ubusabe bw’uwahoze ari Perezida w’u Bufaransa, Nicholas Sarkozy, bwo guhagarika iperereza ku mafaranga yahawe...
Shabana Basij-Rasikh washinze School of Leadership of Afghanistan (SOLA), ishuri ryigisha abakobwa bo muri Afghanistan ariko kuri ubu rikaba rikorera mu Rwanda, yavuze ko afite inzozi z’uko umunsi...
Malala Yousafzai wahawe igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel "yashyingiranwe" n’umukunzi we mu birori bya kisilamu byabereye i Birmingham mu Bwongereza.
We na Asser Malik bakoze uyu muhango witwa...
Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gitangaza ko abasirikare bacyo batanu bapfiriye mu mpanuka ya kajugujugu aho bari mu myitozo mu burasirazuba bw’ikiyaga Mediterane, ni hafi ya...