Imodoka yo mu bwoko bwa FUSO yaraye ikoreye impanuka mu karere ka Karongi, Umurenge wa Bwishyura, Akagari ka Kiniha, mu mudugudu wa Ruganda, ihitana abantu 4 muri 13 bari...
Umuhanzi akaba na Producer Dj Zizou Al Pacino washinze MonsterRecords ari mu gahinda gakomeye, nyuma y’uko imodoka ye yo mu bwoko bwa Mazda ifite agaciro ka Miliyoni 10 z’amafaranga y’u Rwanda...
Umuhanzi ukomeye ku isi ariko ukomoka muri Leta zunze Ubumwe z’Amerika,Justin Bieber,yarijijwe no kubona imodoka ye ya Rolls-Royce yakoresheje ku ruganda ikamara imyaka 3 itarasohoka imugeze...
Myugariro w’ikipe ya Arsenal waherukaga gutizwa muri West Bromo mu mwaka w’imikino ushize, Ainsley Maitland-Niles yarokotse impanuka y’imodoka ye yagonganye n’indi igahita...
Imodoka itwara abagenzi yo mu bwoko bwa Toyota Hiace yahiriye muri Gare ya Nyamata mu Karere ka Bugesera ubwo yari itwaye ibicuruzwa Polisi ikayihagarika ariko igahita...
Bruce Melodie nk’umwe mu bahanzi bakomeye mu bagezweho muri iyi minsi yahakanye amakuru avuga ko yatumijeho imodoka ihenze igura agera kuri miliyoni 700 itunzwe n’ibyamamare birimo na Cristiano...
Iyi modoka yo mu bwoko bwa Brabus uyu muhanzi yatumije yamaze kugezwa mu Rwanda, nyuma yo gukurwa muri gasutamo no gukorwaho imirimo ya nyuma ndetse byitezwe ko azatangira kuyigendamo mu minsi...
Abakekwaho kuba inyeshyamba za FLN barashe ku mudoka itwara abagenzi muri Nyungwe, bica umushoferi n’umugenzi bakomeretsa n’abagenzi 6.
Aba bagizi ba nabi bategeye iyi modoka Kitabi mu karere ka...
Umunyamideli akaba n’umuhanzikazi muri Tanzania wamenyekanye nka Hamissa Mobetto yashishuye impamvu yagurishije imodoka harimo niyo yahawe na Diamond avuga ko yari afite indi yashakaga...
Umunyamideli Isimbi Vestine wamenyekanye nka Isimbi Model yashimiye umugabo we Shaul Hatzir wamuhaye impano y’imodoka yo mu bwoko bwa Range Rover Evoque, ku isabukuru ye...
Polisi y’u Rwanda yafashe umwanzuro wo gusuzuma cyane imodoka zitwara abanyeshuri bivugwa ko zishobora gushyira mu kaga ubuzima bw’aba bana kubera ko zimwe zishaje cyane.
Ibi polisi yabitangiye...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 02 Nzeri 2023 mu Mudugudu wa Rurembo Akagari ka Nyagisozi mu Murenge wa Busogo mu Karere ka Musanze habereye impanuka...
Abanyeshuri icumi ba Kaminuza ya Singhad Technical Education Society-Rwanda (STES-Rwanda) bahawe igikombe mu Buhinde mu irushanwa bari batumiwemo.
Iryo rushanwa ryateguwe n’ishuri rya Singhad...
U Rwanda ni igihugu benshi batangarira bitewe no kwihuta mu ikoranabuhanga no kwihuta mu iterambere. Ni igihugu abenshi bafata nk’ intangarugero ku rwego rw’ Afurika no mu Isi muri rusange.
U...
Abantu babiri baguye mu mpanuka y’imodoka yabereye hepfo y’isoko rya Nyarugenge ku muhanda ugana kuri Gereza ya 1930, mu gitondo cyo kuri uyu wa 14 Werurwe 2018.
Iyi mpanuka bivugwa ko yatewe...
Iyi modoka yayihawe nyuma y’uko iyo yari asanzwe afite ipfuye mbere y’umunsi we wa mbere w’akazi, akigira inama yo kujya arara ijoro agenda n’amaguru kugira ngo agere ku kazi ku...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame ku mugoroba wo ku wa 23 Nyakanga 2018 yakiriye Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi, watangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda amuhoberana...
Umunya Croatia Luka Modric yubitse ubwami bwa Cristiano Ronaldo na Messi bari bamaze imyaka 10 bayoboye isi muri ruhago,abatwara igikombe cy’umukinnyi mwiza ku isi mu mwaka wa...
Mu Bwongereza haravugwa inkuru ibabaje y’abantu 5 bagwiriwe n’igiti kinini cyari hafi y’umuhanda,ubwo bari mu modoka mu gace kitwa Surrey gaherereye mu majyepfo y’Uburasirazuba bw’iki...
Mu mpaka zacaracaye ku rubuga rwa Facebook ku byerekeye ugupfa kwa Bisi ya Rayon Sports yari imaze ukwezi kumwe gusa ikoreshwa,Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga,...