Umutoza wa Liverpool Jurgen Klopp yavuze ko Mohamed Salah ari we mukinnyi "wa mbere mwiza" ku isi nyuma yuko uyu Munya-Misiri yitwaye neza mu mukino wo ku wa gatandatu banyagiyemo Watford iwayo...
Umunya Misiri Mohamed Salah ukina mu ikipe ya Liverpool yavuze ko ikipe ya Manchester United yagize amahirwe menshi yo kubakuraho inota rimwe muri Premier League kubera ko atakinnye uyu mukino...
Ba myugariro ba Liverpool barimo Virgil Van Dijk na Dejan Lovren bakomeje kugaragaza ko bafitiye inzika Sergio Ramos nyuma yo kuvuna urutugu Mohamed Salah ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions...
Nyuma y’uko iminsi 30 yahagaritswe yarangiye, kuri uyu wa 13 Ugushyingo APR FC yamenyesheje Umutoza Adil Mohamed ko tariki ya 14 Ugushyingo agomba kugaruka mu kazi.
Amakuru akaba avuga ko uyu...
Umutoza Adil Errad Muhamed wafatiwe ibihano n’ikipe ya APR FC ariko ntabyemere yasubiye iwabo ndetse yiteguye no kurega iyi kipe
Adil Mohammed Erradi wari umaze imyaka itatu atoza APR FC yafashe...
Umukinnyi Mohamed Salah yongereye amasezerano mu ikipe ya Liverpool kugeza muri 2025 nyuma y’uko yari asigaje umwaka umwe ngo ayo yari afite arangire.
Liverpool nayo yatangaje ko Mohamed Salah...
Mohamed Salah ukinira Liverpool, yemeje ko "yatunguwe" no kuba yararangije ku mwanya wa karindwi ku rutonde rw’abahataniraga Ballon d’Or iheruka cyane ko yahabwaga amahirwe yo gutsinda.
Umupira...
Kabuhariwe Cristiano Ronaldo uri mu Burusiya mu myiteguro ikomeye yo kwitegura imikino y’igikombe cy’isi hamwe na bagenzi be ba Portugal,yavuze ko Mohamed Salah ashobora guhagarika ubudasa bwe na...
Kabuhariwe Mohamed Salah yatangarije abanyamakuru ko Jose Mourinho wamugurishije ubwo yari muri Chelsea yamubwiye ko yishimiye umusaruro ari guha Liverpool muri...
Umutoza Adil Mohamed yamaze gutanga ikirego muri FIFA, arasaba indishyi za miliyoni 900 z’amafaranga y’u Rwanda.
Umutoza Mohamed Adil Erradi yatangarije B&B FM Umwezi ko yatandukanye na APR...
Umutoza ukomoka muri Maroc, Adil Mohamed Erradi, yatangaje ko atigeze agaruka muri APR FC kuko yabwiwe n’ubuyobozi bw’iyi kipe ko atagishakwa muri iyi kipe.
Mu Ukwakira,uyu mutoza yahagaritse...
Kapiteni wa Misiri,Mohamed Salah,yateye benshi kwibaza kubera ibyo yatangaje mu rubuga ahuriramo na bagenzi be bakinana mu ikipe y’igihugu ya Misiri nyuma yo gutsindwa ubugira kabiri na Senegal...
Sénégal na Misiri kuri iki cyumweru birahurira ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Afurika cy’ibihugu cy’umupira w’amaguru (CAN/AFCON), aho abakinnyi babiri bakomeye ba Liverpool baba bahatanye.
Mohamed...
Kapiteni wa Kameruni, Vincent Aboubakar, avuga ko atakanzwe n’imikinire ya Mohammed Salah wo mu Misiri barahangana kuri uyu mugoroba muri 1/2 cy’igikombe cya Afurika.
Uyu rutahizamu wa Kameruni,...
Nubwo yavuye mu matsinda idahabwa amahirwe na benshi,ikipe ya Misiri yatunguye Marocco yari ikanganye iyitsinda ibitego 2-1 muri 1/4 cy’Irangiza cy’igikombe cya Afurika mu mupira w’amaguru mu gihe...
Amakuru aravuga ko Adil Erradi Muhamed watozaga APR FC yirukanywe burundu nyuma yo guhagarikwa ukwezi.
APR FC yanyomoje aya makuru ivuga ko ari ibuhuha gusa biravugwa ko uyu mutoza yanamaze...
Umuyobozi wa APR F.C Lt Gen MUBARAKH, yakoranye inama n’ikipe ubu iri gutozwa na Ben Moussa kuri uyu wa 15 Ukwakira 2022,agaruka kuri byinshi birimo guhagarikwa k’umutoza mukuru,Adil Mohamed....
APR FC yasoje imyitozo i Shyorongi muri iki gitondo, itegura umukino wa Police FC ku wa mbere.
Imyitozo yayobowe n’abatoza bungirije Adil Erradi wahagaritswe kuri uyu wa Gatanu ndetse uyu Adil...
Umutoza Adil Erradi arashinja abakinnyi kudatanga umusaruro by’umwihariko kapiteni wa APR FC,Manishimwe Djabel,batacyumvikana.
Mu minsi ishize ubwo yari amaze gutsindwa na Bugesera FC ibitego...
Umutoza wa APR FC,Adil Erradi Mohammed yanenze urwego abakinnyi be bariho nyuma yo gutsindwa na Bugesera FC ibitego 2-1 batagerageje guhatana uko bikwiriye.
Ikipe ya Bugesera FC yatsinze APR FC...
Umutoza wa APR FC,Adil Mohammed yavuze ko ari wo mwanya wo gushaka uko bagera ku ntego bihaye mu mikino Nyafurika.
Uyu mugabo wishimiye kuba agiye gutoza bwa mbere yegereye ikibuga,yabwiye...
Kubera ishyari no kutigirira icyizere,umugabo w’Umuhinde yakoze amahano aca ikiganza cy’umugore we ahereye mu bujana kugira ngo amubuze kwinjira mu kazi k’ubuforomo yahawe na leta, cyane ko yumvaga...
Kuri uyu wa Gatatu,APR FC na Rayon Sports zeretse abanyarwanda umupira uri ku rwego rwo hasi ariko ubushyamirane bw’abatoza bazo nibwo bwabaye inkuru nyamukuru nyuma y’aho.
Ubwo umusifuzi...
Mohamed Salah nta gushidikanya,yahishuye ikipe ashaka ko Liverpool yazahura nayo ku mukino wa nyuma wa Champions League baraye bagezeho batsinze Villarreal ibitego 3-2 byiyongera kuri 2-0 bari...