Rutahizamu wa Real Madrid Karim Benzema yibasiye cyane mugenzi we bavuka mu gihugu Kimwe Olivier Giroud aho yavuze ko batari ku rwego rumwe aho yavuze ko utagereranya imodoka ikina amarushanwa...
Kuri uyu wa Mbere taliki ya 24 Werurwe 2020,Polisi y’igihugu yakoze umukwabu hirya no hino mu gihugu ifata abantu bacuruzaga inzoga z’inkorano muri iki gihe abantu bategetswe kuba mu rugo kubera...
Se w’umukobwa w’imyaka 12 wo muri Somalia yavuze ko umuryango we ari wo wihitiyemo abo kwica abagabo babiri bahamwe n’icyaha cyo kumusambanya barangiza bakamwica.
Haruna Niyonzima wasubiye mu ikipe ya Yanga Africans SC yandikiyemo amateka, yatsinze igitego cye cya mbere muri iyi kipe kuva yava muri AS Kigali mu mukino bakinaga na Singida United urangira...
Umuhanzikazi Robyn Rihanna Fenty wamamaye nka Rihanna uri mu banyamuziki bakunzwe cyane ku Isi cyane cyane muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yamaze gutandukana na Hassan Jameel, umuherwe w’umunya...
Abasirikare bakuru mu ngabo z’u Rwanda (RDF) barangajwe imbere n’Umuyobozi w’icyubahiro wa APR FC akaba n’Umujyanama wa Perezida wa Repubulika mu bijyanye n’Umutekano, Gen James Kabarebe, ku cyumweru...
Ikipe ya APR FC yazanye umutoza w’inararibonye wo guhugura abatoza b’abanyezamu bayo witwa Hassan Hassan Haj Taieb usanzwe ari umwarimu w’abatoza b’abanyezamu warindiye amakipe akomeye yo ku mugabane...
Nyuma yo kwirengagizwa na UEFA,FIFA na France Football,Cristiano Ronaldo yahawe agaciro n’Abarabu bamuhaye igihembo cy’umukinnyi wa mbere ku isi atsinze Lionel Messi,Van Dijk n’abandi bitwaye neza...
Ikipe ya APR FC ihagaze neza kurusha izindi muri shampiyona y’uyu mwaka yafashe umwanzuro wo gutiza rutahizamu wayo Sugira Ernest mu ikipe ya Rayon Sports mu gihe kingana n’amezi 18 asigaye ku...
Abantu barenga 70 nibo bamaze kumenyekana mu bahitanwe n’igisasu cyaturikiye mu murwa mukuru wa Somalia ahagana mu masaha y’igitondo y’ejo kuwa Gatandatu taliki 28 Ukuboza...
Umutoza wa Tottenham,Jose Mourinho yabwiye abanyamakuru ko atahiriwe no kwizihiza noheli y’uyu mwaka kuko ari mu gahinda kenshi k’imbwa ye iherutse gupfa.
APR FC yakinnye iminota 43 ari abakinnyi 10,yihimuye kuri Rayon Sports yayitwaye igikombe cya shampiyona Umwaka ushize,iyitsinda ibitego 2-0 mu mikino w’umunsi wa 15 WA...
Umutoza wa Liverpool,Jurgen Klopp yavuze ko ari mu gahinda gakomeye yatewe na Video assistant referee [VAR] ko kuba atakibasha kwishimira igitego cy’iyi kipe ye iri mu bihe...
Mu mukino w’umunsi wa 13 wa shampiyona y’u Rwanda “AZAM Rwanda Premier League”,ikipe ya APR FC yatsinze Gasogi United bigoranye ibitego 3-2 mu mukino wabereye kuri stade ya Kigali I...
Umukinnyi Eden Hazard uherutse kuva mu ikipe ya Chelsea FC yerekeza muri Real Madrid yatangaje ko yifuza ko umwe mu bakinnyi ba Liverpool yatwaye UEFA Champions League iheruka ariwe watwara...
Ikipe ya Inter Milan na Ajax zahabwaga amahirwe yo kugera muri 1/16 cya UEFA Champions League zasezerewe rugikubita nyuma yo kunanirwa kwihagararaho mu rugo mu gihe Liverpool yari yatezwe ikipe...
Umukinnyi w’umunya Senegal ukinira ikipe ya Liverpool avuga ko yabaye umunyamahirwe kuba akinana n’abakinnyi n’umutoza baturuka mu bihugu bitandukanye, banavuga indimi zitandukanye ariko bakaba...
Samuel Eto’o wabaye rutahizamu ukomeye ku isi ndetse agatwara ibikombe bikomeye ku isi yavuze ko kuba abanyafurika batora banga gutora bagenzi babo bari guhatana aribyo bituma abanyaburayi n’abo...
Amakipe 2 y’abashinzwe umutekano mu Rwanda ariyo APR FC na Police FC yananiwe kwisobanura mu mukino w’umunsi wa 06 wa shampiyona,anganya igitego 1-1 mu mukino wari witezwe na benshi mu bakunzi ba...
Umunsi wa 3 wa UEFA Champions League warangiye buri wese yemeye ko umutoza Frank Lampard ashobora kuzaba umutoza ukomeye kuko yasanze Ajax iwayo iyitsindaigitego 1-0 mu gihe Liverpool,Inter Milan...