Kuri uyu wa mbere, tariki ya 4 Nzeri 2023, mu rwego rwo gukora iperereza ku bwicanyi bwakorewe i Goma bwahitanye abantu barenga 43 ndetse hagakomereka benshi, abasirikari bakuru benshi...
Abagize Ingabo za Afurika y’Epfo zishinzwe Gutabara Byihuse (QRF) muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bashoje imyitozo yo kurwanira mu mashyamba bahabwaga na bagenzi babo bo muri Brazil kugira...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu ku rwego rw’intara muri Kivu y’Amajyepfo, Albert Labani yahakanye amakuru yavugaga ko inyeshyamba za M23 zaba zarageze no muri iyi ntara ahazwi nka Ngoma, muri...
Umutwe wa M23 watangaje ko utarebwa na gahunda yo kurambika hasi intwaro no gusubizwa mu buzima busanzwe, mu gihe cyose utaragirana ibiganiro na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
Kuva uyu Mwaka wa 2023 watangira, Umutwe wa FDLR watangiye gusohora amatangazo y’umusububirizo usaba Leta y’u Rwanda kwemera ibiganiro nawo ndetse ko nibidashoboka ushobora gutangiza intambara...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za EAC zoherejwe kugarura amahoro muri Congo Kinshasa, Maj Gen Jeff Nyagah, yagaragaje ko adashyigikiye ko abarwanyi b’umutwe wa M23 bajya kuba muri Sabyinyo nyuma yo kuva...
Igihugu cya Angola cyatangaje ko kigiye kohereza umutwe w’abasirikare kabuhariwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo nyuma yo kubona ko Ingabo za EAC zigenda biguru ntege mu guhosha intambara...
Kuri uyu wa mbere, Umuryango w’abibumbye watangaje ko wahagaritse ingendo z’indege z’ubutabazi nyuma yo kurasa imwe muri kajugujugu zayo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo...
Ubufasha bwahabwaga abaturage bari mu kaga muri Kivu ya ruguru hifashishijwe ikirere bwahagaritswe mu gihe kitazwi, by’umwihariko mu kirere cy’umugi wa...
Perezida Paul Kagame wageze muri Ethiopia ku wa Kane,tariki ya 16 Gashyantare 2023, yahuriye imbonankubone na Perezida wa Congo, Antoine Felix Tshisekedi, ndetse n’abandi bakuru b’Ibihugu mu nama...
Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu abasirikare bari hagati ya 12 na 14 ba DR Congo binjiye mu mwanya wo hagati y’umupaka w’ibihugu byombi wa Rusizi/Ruzizi...
Umuvugizi wa Leta ya DR Congo yatangaje ko batazaganira kandi “ntiduteganya kuganira n’umutwe wa M23” niba idakurikije ibyo yasabwe n’amasezerano ya Luanda.
Patrick Muyaya yabwiye kandi...
Kuri iki cyumweru mu duce tumwe tw’umujyi wa Goma urubyiruko rwongeye kwigabiza imihanda rusaba ingabo z’ibihugu by’akarere (EACRF) kurwanya umutwe wa M23 cyangwa se zikava muri DR Congo.
Iyi...
Umutwe wa M23, ku cyumweru tariki ya 15 Mutarama 2023, yavuye muri tumwe mu duce yagenzuraga muri Teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu ya Ruguru.
M23 yavuye muri Nyamilima, Buramba na Kisharo...
Inyeshyamba za M23 zirahakana amakuru avuga ko zikiri mu gace ka Kibumba ko muri teritwari ya Nyiragongo ubundi bizwi ko zashyikirije ingabo z’akarere zoherejwe muri DR Congo.
Radio Okapi,...
Umutwe wa M23 wasabye Leta ya Congo gusobanura byimbitse impamvu yahaye akazi abacancuro bavuye mu Burayi mu rugamba bahanganyemo.
M23 ntiyumva ukuntu leta ya RDC ikomeje kuzana abantu bavuye...
Umutwe wa M23 wikomye ibitero by’ingabo za Congo,FARDC ifatanyije na Mai Mai,Nyatura na FDLR byagabwe ku bice igenzura bya Bwiza muri territoire ya Masisi.
M23 yavuze ko ibyo leta ya RDC yakoze...
Perezida Félix Tshisekedi yasabye mugenzi we Joe Biden ko Amerika “yinjira cyane” mu kibazo cy’umutekano mucye muri DR Congo, nk’uko ibiro bye bibitangaza.
Iruhande rw’inama ya US-Africa Summit...
Inyeshyamba za Allied Democratic Forces (ADF) zateye agace ko mu burengerazuba bwa Uganda gahana imbibi na DR Congo, igisirikare cya Uganda kivuga ko cyishe 11 muri abo bateye naho umunani...
Akanama k’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi kafatiye ibihano abantu umunani kubera imirwano yo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Ibi bihano kuri aba bantu umunani, birimo nko...
Kuri kino cyumweru tariki 04/12/2022, abayoboke b’idini rya gatolika muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo bakoze urugendo rw’amahoro mu rwego rwo kwamagana intambara iri mu burasirazuba...
Kuri uyu wa gatatu, ari mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda yakira indahiro z’abminisitiri bashya, mu buryo butari buherutse Perezida Kagame yafashe isaha imwe avuga ku kibazo cy’umutekano mucye...