Umunya Eritrea,Henok Mulueberhane ari kuvugwa mu mikino kubera kwegukana irushanwa rya Tour du Rwanda 2023.
Henok Mulueberhane yabwiye INYARWANDA.COM nyuma y’iri rushanwa ko yigeze kugira...
Umusore Christopher Froome umwongereza ukina umukino wo gusiganwa ku magare mu ikipe ya Sky yatangaje ko nubwo amaze gutwara iri rushanwa rikomeye ku isi mu gusiganwa ku magare ubugira 3, uyu...
Umukinnyi Niyonshuti Adrien ukina umukino wo gusiganwa ku magare mu ikipe ya Dimension Data ikina ku rwego mpuzamahanga yatangaje ko yiteguye gutwara shampiyona y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku...
Umusore Areruya Joseph uherutse gukora amateka yo kuba ariwe munyarwanda watsindiye ku mugabane w’I Burayi yatangarije ikinyamakuru Umuryango ko atazitabira shampiyona y’igihugu iteganyijwe mu...
Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda Bayingana Aimable yatangaje ko yashimishijwe bikomeye no gutsinda k’umusore Areruya Joseph mu isiganwa rya Giro d’Italia y’abatarengeje imyaka...
Nubwo umwuga wo gutwara abantu ku magare utunze benshi kuri iyi si, ubushakashatsi bugaragaza ko kunyonga bigira ingaruka mbi ku buzima bw’imyororokere ku bawukora.
BBC yatangaje ibyavuye mu...
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze bavuga ko bamaze gusabonukirwa n’akamaro ko kwizigamira kuko bavuga ko ari kimwe mu bituma batibasirwa n’ubukene dore ko n’ibigo by’imari byabegerejwe...
Uyu munsi mu 1998 ikihebe Osama bin Laden cyakoze igikorwa gikomeye cyatumye FBI imushyira ku rutonde rw’abahigwa bukware.
Turi tariki ya 07 Kanama 07 Kanama, ni umunsi wa 219 mu minsi 365 igize...
Umusore umenyerewe mu mukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda Ndayisenga Valens yamaze kwikura mu irushanwa rya Meles Zenawi for Green Development riri kubera muri Ethiopia kubera ibibazo yagize...
Kuri uyu wa gatandatu Taliki ya 09 Nzeri 2017 harakomeza shampiyona y’igihugu yo gusiganwa ku magare izwi nka Rwanda Cycling Cup hakinwa irushanwa ryitwa Central Challenge, aho mu cyiciro...
• Eyob Metkel yarangije amasezerano ye muri Dimension Data U23 ndetse yarengeje imyaka 23
• Eyob nta kipe afite nyuma yo kubura amahirwe yo kujya mu ikipe ya mbere ya Dimension Data
• Eyob Metkel...
Umunyarwanda Areruya Joseph ukina umukino wo gusiganwa ku magare mu ikipe ya Dimension Data yatangaje ko yishimiye kuza ku mwanya wa kabiri mu bakinnyi bitwaye neza uyu mwaka ndetse byamuhaye...
Perezida w’ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda FERWACY Bayingana Aimable yatangaje ko kuba Areruya Joseph yaregukanye irushanwa rya La Tropicale Amissa Bongo ari gihamya ko...
Areruya Joseph na Bagenzi be bari bagize Team Rwanda bamufashije kwegukana La Tropicale Amissa Bongo ya 2018,bakiriwe nk’abami ubwo bageraga ku kibuga cy’indege I Kanombe bavuye kwesa imihigo muri...
Umusore Daniel Teklehaimanot ukomoka mu gihugu cya Eritrea uzwi muri Tour du Rwanda ya 2010 kubera ubuhanga yagaragaje bikarangira ayitwaye,yabonye ikipe nshya ya Cofidis yo mu Bufaransa nyuma yo...
Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda aratangaza ko yifuza kubona abasore bazahagararira u Rwanda mu mikino nyafurika yo gusiganwa ku magare igiye kubera mu Rwanda,...
Minisitiri w’umuco na Siporo Uwacu Julienne yatangaje ko yifuza ko abakinnyi b’umukino wo gusiganwa ku magare bakwiye kurenga amarushanwa yo muri Afurika bagaharanira guhangana mu yakinirwa hanze...
Ku munsi wa kabiri wa shampiyona y’Afurika mu gusiganwa ku magare,kabuhariwe Areruya joseph abashije gutwara umudali wa zahabu mu batarengeje imyaka 23 mu gihe Debesay Mekseb yegukanye umudali wa...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 26 Gashyantare 2018, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyagatare yafashe abantu batatu binjizaga inzoga zitemewe mu Rwanda ndetse n’ikiyobyabwenge...
Kabuhariwe mu gusiganwa ku magare Areruya Joseph ari mu biganiro byimbitse n’ikipe ya Delko Marseille Province (DMP) yo mu Bufaransa ndetse amakuru atugeraho aravuga ko ashobora kuyisinyira mu...
Umwongereza wavukiye muri Kenya Christopher Froome umaze kwegukana Tour de France inshuro 4 zirimo 3 zikurikiranya ziheruka,yabwiwe ko atazitabira Tour de France kubera ko ashinjwa gukoresha...