Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu, umugabo witwa Hagenimana Ismael yafatiwe kuri gereza ya Nyarugenge iherereye mu karere ka Nyarugenge, agemuriye umugororwa witwa Jean luc ikiyobyabwenge cyo mu...
Umubyeyi witwa Dusabimana Mediatrice wabyariye mu bitaro bya Gisirikare i Kanombe mu mwaka wa 2010, amaze imyaka irindwi ari muri koma kubera ikinya yatewe cyamuhezemo kugeza ubu.
Umugabo we...
Umuraperi P- Fla afatanyije na Aline Gahongayire bagiye gukorana indrimbo. Aho P Fla azaba asaba imbabazi Mama we utarahwemye ku mugaragriza urukundo mu gihe yarari mu gihome .
Umuhanzikazi...
Mu nshamake y’ uko Isi yiriwe kuri uyu 12 Kamena 2018 harimo ibyo Perezida wa US n’ uwa Koreya ya Ruguru bemeranyije ubwo bahuraga bwa mbere mu mateka y’ ibihugu byabo, Loni yababajwe n’ umusirikare...
Kuri uyu wa Gatanu Taliki ya 27 Nyakanga 2018,urukiko rwisumbuye rwa Rusizi rwagize umwere umushoramari Gacinya Chance Denis, wahoze ari na Visi Perezida wa Rayon Sports ku byaha byo kunyereza...
Ku munsi w’ejo ni bwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yahaye imbabazi imfungwa 2140 zujuje ibisabwa, byemezwa na Minisiteri y’Ubutabera mu itangazo yagejeje ku nama y’abaminisitiri...
Am G The Black yavuze ko bimwe mu byo baganiriye yagiye kumusura harimo nko kuba bagomba gucecekesha abantu bavuga ko injyana ya Hip Hop yasubiye inyuma.
Umutoni Aline wamenyekanye cyane mu mashusho y’indirimbo zitandukanye hano mu Rwanda hakomeje kunugwanugwa urukundo hagati ye na Jay Polly aho bivugwa ko yaba ariwe ntandaro yo gushwana kwa Jay...
Ku munsi w’abakundana wabaye tariki 14 Gashyantare 2019 Mbabazi Shadia , yari yatumiwe mu gitaramo cyabereye mu kabari kitwa Sebs Club Nakuru muri Kenya yahuriyemo n’umuhanzi witwa Otile Brown uri...
Gisa James wamamaye mu muziki nyarwanda nka Gisa cy’Inganzo, umwe mu bahanzi b’abanyarwanda bafite impano ihambaye kandi bishimirwa mu buryo bwihariye n’abakunda umuziki w’umwimerere. Azwi mu...
Kakooza Nkuriza Charles yasabiye umuraperi Ngoga Edson [Pacson] kujyanwa mu kigo ngororamuco kubera imyitwarire ye avuga ko ikabije kuba mibi no gukoresha ibiyobyabwenge ku kigero cyo...
Jay Polly ari guterana amagambo na Bad Rama uyobora inzu itunganya umuziki ya The Mane Music Label yahozemo ahanini biturutse ku kuba uyu muhanzi atakibarizwa muri The...
Nsabima Callixte uzwi kandi nka Sankara uyu munsi ku wa mbere yatangiye kwiregura ku byaha aregwa aho yavuze ko mu bitero umutwe wa FLN wagabye ku Rwanda babifashijwemo na Perezida Edgar Lungu wa...
Chief Superintendent of Prisons (CSP) Camille Zuba ukurikiranyweho icyaha k’itonesha kubera kwemerera Robert Nyamvumba (umuvandimwe wa Gen Nyamvumba) gusurwa kandi byari bibujijwe, avuga ko iyo...
Mu rubanza rwa Callixte Nsabimana uzwi nka ’Sankara’ rwakomeje uyu munsi ku wa kane, we n’abaregera indishyi basabye ko urubanza rwe ruhuzwa n’urwa Paul Rusesabagina, uherutse kugezwa mu...
Mu rubanza mu rukiko rwisumbuye i Kigali aho Paul Rusesabagina yaje kujuririra icyemezo cyo gufungwa byagateganyo, yavuze ko ’bashinze umutwe wa FLN’ utagamije ’gukora iterabwoba’ ahubwo ’gushaka ko...
Umuryango wa Paul Rusesabagina uvuga ko abanyamategeko washyizeho ejo ku wa kabiri batanze ikirego mu rukiko rw’Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba kivuga ko "yafashwe binyuranyije n’amategeko,...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 13 Ugushyingo 2020,umubare w’abahitanwe na Covid-19 mu Rwanda wiyongereye uba 42 nyuma y’aho umugabo w’imyaka 72 wo mu karere ka Rwamagana...