Umunyamideli Shaddy Boo wahoze ari umugore wa Producer Meddy Saleh banafitanye abana, avuga ko mu myaka amaze akoresha imbuga nkoranyambaga amaze kunguka byinshi, ngo kuri we umukobwa wambaye...
Ku wa 23 Ukuboza 2023, umuhanzi Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben yakoze ubukwe n’umukunzi we Uwicyeza Pamella wamenyekanye cyane mu marushanwa y’ubwiza (Miss Rwanda) mu mwaka wa...
Nshimiyimana Muhammed wamamye nka Nizzo ubarizwa mu itsinda rya Urban Boys yatangaje ko we na Humble Jizzo barambiwe by’ikirenga imyitwarire ya Safi Niyibikora Madiba akomeje kugaragaza, ngo...
Maniraruta Martin wamamaye nka Mani Martin bwa mbere yemeko ari mu rukundo n’umukobwa atifuje gutangaza amazina, ngo nawe azava mu busore age mu cyiciro cy’umugabo uhamye ubana n’umugore...
Producer Lick Lick usanzwe utunganya indirimbo muri Press One biravugwa ko ari mu rukundo n’umuhanzikazi Princess Priscillah ngo basanzwe banabana mu nzu imwe muri Leta Zunze Ubumwe za America...
Umuhanzi Tom Close uri mubahanzi nyarwanda bubatse izina mu myidagaduro y’u Rwanda yavuze ko abahanzi barimo Kitoko, Meddy, The Ben, Miss Jojo na Rafiki ari bo bashoboraga kumutwara igihembo cya...
Mu ijoro ryo kuwa 23 Ukwakira muri Kigali Arena amatsiko yari yose mbere yuko ibihembo bya Kiss Summer Awards 2021 bihabwa ba nyirabyo.Nibwo bwa mbere ibi birori byari bibereye mu ruhame dore ko...
Mbabazi Shadia benshi bamenye nka Shaddyboo ni umwe mu bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga.Yanze gukomeza kubihisha yemeza ko nyuma yo gutandukana na Meddy Saleh babyaranye abana babiri...
Ibyamamare bitandukanye birimo uwahoze ari kapiteni wa Arsenal FC,Tony Adams,umutoza ukomeye Louis Vaan Gaal n’abahanzi barimo Ne-yo na Meddy bizitabira umuhango wo kwita ingagi amazina...
Umuhanzi Tom Close yasabye bamwe mu bahanze bafitiye ishyari umuhanzi Meddy kubera indirimbo ye "My Vow" iri kurebwa cyane kurusha izindi zo mu Rwanda.
Ibinyamakuru bitandukanye bikomeje...
Aline Gahongayire yasohoye amashusho y’indirimbo ye yise ’NZAKOMEZA’ yatunganyijwe na Meddy Saleh.Aline Gahongayire yavuze ko yanditse iyi ndirimbo "Nzakomeza" kubera ko ubu ibyambura abantu kwizera...
Meddy yararirimbye ati “Urambabaza nkabura uko mbivuga…ukantenguha nkabaho nicuza,” Aya magambo ashobora kuvugwa na Cadette cyangwa se twavuga ko ari uwahoze ari umukunzi w’umuhanzi Sano Olivier...
Umunyamideli Shaddy Boo wahoze ari umugore wa Producer Meddy Saleh banafitanye abana, avuga ko mu myaka amaze akoresha imbuga nkoranyambaga amaze kunguka byinshi, ngo kuri we umukobwa wambaye ‘Uko...