Abagore b’aba rutahizamu bazwi cyane mu Bwongereza barimo Rebekah Vardy wa Jamie Vardy na Coleen Rooney wa Wayne Rooney bari mu ntambara y’amagambo ku mbuga nkoranyambaga bapfa amazimwe bivugw ko...
Meghan Markle wahoze ari umukinnyi wa filimi ukomeye muri USA akabivamo ubwo yashyingiranwaga n’igikomangoma cy’Ubwongereza Harry yavuze ko atazongera guhura ukundi na se ndetse ngo ntazigera...
Umusore w’Umwongereza witwa Jack Heslewood yatowe nk’umusore mwiza ku Isi mu marushanwa ya Mr World mu muhango wabereye muri The Smart Araneta Coliseum.
Mu gihe kitageze ku masaha 24 abantu bagera kuri 29 bishwe barashwe n’abantu bitwaje imbunda babasanze aho bateraniye mu mujyi wa El Paso muri Texas no mu wa Dayton muri Leta ya...
Umutingito w’isi wo ku gipimo cya 7.1 wibasiye ibice bimwe byo mu majyepfo ya leta ya California muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ukaba ari wo ukaze cyane wa mbere ubayeho muri iyi leta mu myaka...
Umukinnyi Jonathan Rafael da Silva yatangaje ko atishimiye ubuzima yabaye mu ikipe ya Rayon Sports mu mezi 6 ayimazemo,kubera ko yagizwe umukinnyi wo ku rwego rwo hasi,akimwa umwanya uhagije wo...
Icyamamare mu mupira w’amaguru Diego Maradona yatangaje ko yafungiwe ku kibuga cy’indege cya Buenos Aires bitewe n’umukunzi we wamugambaniye akabwira abapolisi ko yamwambuye akayabo ka miliyoni 5...
Icyamamare mu mupira w’amaguru Diego Maradona cyarahiriye kujyana mu nkiko umukobwa witwa Rocio Oliva kirusha imyaka 30 nyuma yo kukibenga mu buryo budakurikije amasezerano...
Umuhanzi Ngabo Medard ukorera ibikorwa bye bya muzika muri Leta Zunze za Amerika nyuma yo kugaruka mu Rwanda azanye n’umukunzi we nibwo benshi bemeye ko uyu musore ari mu rukundo ibintu atakundaga...
Ikinyamakuru gikomeye ku isi mu gukora intonde z’ibyamamare bikize ndetse n’ibihugu bifite ubwiza nyaburanga,Forbes,cyashyize u Rwanda mu bihugu 10 bituje ba mukerarugendo bakwiye gutembereramo mu...
Diego Maradona wamamaye mu mupira w’amaguru kubera ubuhanga bwe bwatumye afasha Argentina kwegukana igikombe cy’isi mu mwaka waw 1986, yasohowe mu nzu igitaraganya n’umukunzi we Rocio Oliva kandi...
Umukinnyi Ndatimana Robert wahoze akinira Rayon Sports ariko ntahirwe no kuyivamo yagaragaye ku munsi w’ejo ari gukoreramo imyitozo ndetse arifuza kuba yahabwa amasezerano igihe Robertinho yaba...
Umukinnyi Lewis Hamilton ukina umukino wo gusiganwa ku ma modoka uzwi nka Formula 1 yatumye benshi bacika ururondogoro kubera imiterere y’umukobwa yararanye nawe muri Los Angeles nyuma yo...
Diego Maradona utajya acana uwaka na Lionel Messi yatangaje ko mbere y’umukino ajya mu bwiherero inshuro 20 ndetse yabaswe n’imikino ya Playstation bigatuma atumva abatoza...
Waba ubeshye uvuze ko uri umugabo utaragira ikibazo wibaza ku gitsina cyawe, hari bamwe bagira ibitsina bigufi ndetse bikabatera n’ipfunwe batekereza ko batazashimisha abagore babo uko bikwiye ,...
Ubutembere mu bihugu bitandukanye ni kimwe mu bishimisha abatari bake bitewe nuko bituma bamenya uko ibindi bihugu bihagaze mu iterambere gusa ibi akaba ari ibihugu 10 bya mbere ku isi bihoramo...
Umugabo witwa Adam Curlykale ukomoka mu mujyi wa Kaliningrad mu Burusiya,wari umaze imyaka 12 yishyiraho ibishushanyo ku mubiri (tattoos),yikuyeho imyanya ye y’ibanga avuga ko ibangamira umubiri...
Umuhanzikazi Rihanna uzwi cyane muri USA yafotowe ari gushwana n’umukunzi we bari bamaze iminsi bavugwa ko batandukanye witwa Hassan Jameel usanzwe ari umuherwe cyane muri Saudi...