Perezida Donald Trump yavuye ku izima ahagarika itegeko yari yashyizeho ryo kwambura abana bato ba nyina bafashwe bari kwinjira muri USA mu buryo bunyuranyije n’amategeko banyuze ku mupaka w’iki...
Ikipe ya Argentina yarwanye intambara ikomeye kugira ngo igume mu gikombe cy’isi,itsinda Mexico ibitego 2-0 mu mukino wa kabiri mu itsinda D mu gikombe cy’isi.
Mu mukino wari ugoye urimo...
Umugabo n’umugore bari mu ndege berekea muri Mexico batunguye abagenzi bari kumwe nabo ubwo batereraga akabariro mu ndege abagenzi bari kureba,bafatwa amashusho akwirakwizwa ku mbuga...
The UN on Friday acknowledged Washington’s decision to stop separating migrant families at the US-Mexico border but insisted that detaining children with their parents was not the...
Mu gihugu cya Mexico,amabandi 20 yitwaje intwaro yinjiye ku kibuga ahaberaga umukino wa Real Tepeaca na Tochtepec,amakipe y’abatarabigize umwuga arasa amasasu rutahizamu w’imyaka 19 ahasiga...
Umudepite ukomoka muri Mexico witwa Carmen Medel Palma w’imyaka 59,yavugije induru ndetse agwa igihumure mu nteko,ubwo yamenyaga amakuru ko umukobwa we yarashwe ari gukora...
Meya witwa Jorge Luis Escandon Hernandez uyobora ahitwa Las Margaritas mu ntara ya Chiapas mu gihugu cya Mexico, yatewe n’abagizi ba nabi 11 bari bariye karungu baramufata bamuzirikira ku mudoka...
Kuwa Gatandatu w’icyumweru gishize nibwo Rayon Sports yatsinzwe irushwa bidasanzwe na APR FC ibitego 2-0 mu mukino w’umunsi wa 15 wa shampiyona y’u Rwanda.
Uwahoze ari umutoza wa Rayon Sports, Javier Martinez Espinoza ukomoka mu gihugu cya Mexico ashobora kujyana Rayon Sports mu nkiko nyuma y’uko imwirukanye itubahirije ibikubiye mu masezerano...
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutangaza ko Umunyarwanda Casa Mbungo wari umaze iminsi mu ikipe ya AFC Leopards yo muri Kenya yagizwe umutoza wayo mukuru nyuma y’igihe kinini idafite umutoza mukuru...
Leta zunze ubumwe za Amerika ndetse na bimwe mu bihugu by’ibikomerezwa ku isi byashyizwe ku rutonde rw’ibihugu bifite abantu benshi batazi ibyerekeranye n’umuco ndetse na sosiyete ubwabo batuyemo....
Amber Rose ashyize hanze amafoto ye yambaye bikini ubwo yari yagiye muri Mexico mu kiruhuko, nyamara ubwo aheruka gushyira hanze amafoto nk’ aya hari bamwe mu bakunzi be bamubwiye ko bakeka ko ari...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yatangaje ko bazahagarika inkunga bagenera bimwe mu bihugu bizatorera Maroc kwakira igikombe cy’isi giteganyijwe mu mwaka wa...
Leta zunze ubumwe za Amerika ndetse na bimwe mu bihugu by’ibikomerezwa ku isi byashyizwe ku rutonde rw’ibihugu bifite abantu benshi batazi ibyerekeranye n’umuco ndetse na sosiyete ubwabo...
Ikipe y’igihugu y’Ubudage ihanzwe amaso na benshi mu bakunzi ba ruhago uyu munsi mu mukino wa 3 wo mu itsinda F irakina na Koreya y’Epfo,aho bibaza niba irabasha gukuraho inyatsi zimaze iminsi...
Gukererwa amarushanwa ndetse no kutagaragara mu byiciro by’ irushanwa birimo kutiyerekana mu mwambaro uranga buri gihugu biri mu byatumye aamahirwe ye yo kwambika ikamba rya Miss Earth...
Ikipe ya Rayon Sports yamaze kubikira imbehe uwari umutoza wayo Javier Martinez Espinoza nyuma y’amezi 3 gusa bari bamaze bakorana aho bikekwa ko azize umusaruro mubi waturutse ku mukino...