None kuwa Gatanu, tariki ya 09 Ukuboza 2016, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri yatangiye...
Assoumpta Kampororo, umubyeyi w’imyaka 44 yipimishije amenya ko yanduye mu mwaka wa 2002, ariko we akeka ko amaze imyaka 22 yanduye agakoko gatera SIDA.
Kampororo ngo akimenya ko yanduye,...
None ku wa Gatatu, tariki ya 8 Ugushyingo 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje...
Inteko ishinga amategeko y’ u Rwanda yatangiye kubahiriza ubusabe bwa Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame bwo kutazarira mu magambo mu mwanya wo gutanga ibitekerezo.
Perezida Kagame ubwo yasozaga...
Minisititiri w’ Urubyiruko Rose Mary Mbabazi ntiyemeranya n’ urubyiruko ruvuga ko kwishora mu biyobyabwenge rubiterwa no kutagira akazi ahubwo we avuga ko rubiterwa no kwigana abanyamahanga n’...
Umukinnyi wa Filimi D’Amour Selemani yatangaje ko uwitwa Rwibutso Christian ariwe uri inyuma y’ibihuha byiriwe bikwirakwira ku mbuga nkoranyambaga ko yabeshye abanyarwanda ko arwaye impyiko kugira...
Abaturarwanda bose bibukijwe ko kunywera itabi mu ruhame bibujijwe kandi ko bihanwa n’itegeko, mu gihe bikomeje kugaragara ko hari abatabyitaho bakarinywera mu mahoteri, resitora no mu tubari...
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko iri gukurikiranira hafi ikibazo cy’indwara y’amayobera yateye mu bigo by’amashuli byigamo abakobwa gusa birimo GS Rambura Filles yo mu karere kaNyabihu na NEGA...
Mu biganiro byabereye mu Inteko Ishinga Ametegeko taliki 21/6/2019 byahuje inzego zirebana na gahunda yo kuboneza urubyaro, icyo gihe Perezida wa Sena, Bernard Makuza yasabye abari bayitabiriye...
Ku wa Mbere, tariki ya 29 Nyakanga 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul...
Umuryango wa ARCT Ruhuka ukora ubujyanama mu by’ihungabana wakoreye ubukangurambaga mu karere ka Gasabo mu murenge wa Kinyinya mu kagari ka Kagugu kuri uyu wa Kabiri taliki ya 05 Ugushyingo 2019,...
Minisiteri y’Ubuzima yamaze gufata umwanzuro wo gufunga amashuri na za kaminuza,insengero,ibirori by’ubukwe ndetse inasaba ko no gushyingura hagenda bake kubera ko icyorezo cya COVID-19 giterwa...
Ambasade y’u Bubiligi mu Rwanda yatangaje ko yafunze imiryango kugeza kuwa 28 Werurwe 2020,nyuma y’uho umwe mu bantu baheruka kuyijyamo mu nama, yatahuweho icyorezo cya...
Urwego rw’ubugenzacyaha mu Rwanda rwataye muri yombi umugabo w’umuvuzi gakondo wo mu karere ka Musanze wakwirakwizaga ibihuha avuga ko ari kuvura indwara ya...
Mu rwego rwo gukomeza guhangana n’ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus kiri mu Rwanda, RDB yahagaritse kwiyarurira muri za resitora, imikino ya billard mu tubare, aba Dj, Live Band ndetse...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 03 Mata 2020,Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko habonetse abantu 5 banduye icyorezo cya Covid-19 bituma umubare w’abanduye iki cyorezo uba abantu...