Hashize ibyumweru hafi 2 umujenerari ukomeye wa Irani arasiwe i Bagdade agapfana n’abo bari kumwe bose bikozwe n’ingabo za Amerika. N’ubwo bimize gutya ariko urupfu rw’uyu mugabo ngo rwari rwaremejwe...
Igihugu cya Iran cyanze gutanga agasanduku k’umukara ko mu ndege ya Ukraine yo mu bwoko bwa Boeing 737, yakoreye impanuka ku butaka bw’iki gihugu igahitana abagenzi 176 bari...
Perezida w’Uburusiya yatumiye abayobozi benshi ba Afurika barimo na Nyakubahwa perezida Kagame mu nama y’iminsi ibiri igiye kubahuriza mu mujyi wa Sochi, kuva uyu munsi mu rwego rwo gushimangira...
Umutegetsi mukuru wa Koreya ya ruguru Kim Jong-un yatereye umusozi wa mbere mu burebure muri iki gihugu atwaye ifarashi, nkuko bitangazwa n’igitangazamakuru cya...
Ibinyamakuru bitandukanye byo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika byatangaje ko Amerika yagabye igitero cyo kuri mudasobwa ku ntwaro za Irani, mu gihe Perezida Donald Trump yisubiragaho ku bitero...
Ikibuga cy’indege cya Mitiga mu mujyi wa Tripoli cyatwitse kuri uyu wa Mbere taliki ya 08 Mata 2019,mu mirwano ishyamiranyije guverinoma ishyigikiwe na UN,n’inyeshyamba za Gen. Khalifa Haftar...
Mike Pompeo, umunyamabanga wa leta muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yavuze ko iki gihugu cyiteguye gusubukura ibiganiro na Koreya ya ruguru, hagamijwe ko mu mwaka wa "2021" Koreya ya ruguru yaba...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Koreya ya Ruguru, yavuze ko ibikorwa bya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika "biteye inkeke" mu gihe amakimbirane yongeye kubyuka hagati y’ibihugu byombi kubera gahunda...
Umujyanama wa Perezida Trump ku bibazo by’umutekano w’igihugu yatangaje ko Leta zunze ubumwe za Amerika n’inshuti zayo birimo gushakira vuba vuba umuti ikibazo cya Korea ya ruguru mbere yuko ibasha...
Igihugu cy’ Ubushinwa cyatangaje ko cyahagaritse ayandi mashyirahamwe ya Koreya ya Ruguru asanzwe akorera ku butaka bwabo. Ibyo byatangajwe n’ushinzwe ububanyi n’amahanga w’Ubushinwa, kuri uyu wa...
Uburusiya bwohereje ibitwaro by’ubumara mu kazi hafi ya Koreya y’epfo n’Ubuyapani
Inkuru dukesha ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, ivuga ko kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Kanama 2017,...
Tariki ya 27 Nyakanga abakunzi ba filime bizihiza ivuka ry’umuhanga mu mafilime n’imikino njyarugamba wanatojwe na Bruce Lee "Donnie Yen"
Turi tariki ya 27 Nyakanga ni umunsi wa 208 w’umwaka mu...
Minisitiri w’ Ububanyi n’ amahanga w’ u Burusiya Sergei Lavrov, yavuze ko Uburusiya n’Ubushinwa badashigikiye ko ikibazo cya Koreya ya Ruguru cyakemurwa biciye mu ngufu za gisirikare.
Minisitiri...
Igihugu cy’ u Bushinwa cyavuze ko gitewe amakenga n’ibikorwa bya by’ intwaro kirimbuzi bya Korea ya Ruguru.
Umuyobozi wungirije Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanga wa Koreya ya Ruguru yavuze ko...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zavuze ko inkingi yo kuzibira ibitero bya "misile" igiye gutangira gukoreshwa mu minsi iri imbere kandi ko igiye gufatira ibihano by’ ubukungu Korea ya Ruguru.
Ibi...
Umushumba mukuru wa Kiliziya gatolika ku Isi Papa Francis yagaragaje ko atewe inkeke n’ umwuka mubi ukomeje gututumba hagati y’ Amerika na Koreya ya Ruguru avuga ko ushobora kubyara intambara...
Ubutegetsi bwa Koreya y’Epfo bwatangaje ko indege ebyiri zirasa bombe (bombardiers) zagenzuye ikirere cya Koreya ya ruguru zigenzura niba nta bikorwa byo gushotorana icyo gihugu kiri gukora....
Leta ya Koreya ya Ruguru yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Koreya y’Epfo byagerageje kwica Kim Jong Un bikoresheje ibisasu birimo uburozi.
Icyegeranyo cy’amagambo 1800 icyo gihugu...
Minisitiri w’ingabo za Leta zunze ubumwe za Amerika, James Mattis, yatanze gasopo ko Amerika itazemera ko u Bushinwa bushyira ingabo ku birwa biri mu majyepfo y’inyanja y’ u Bushinwa.
Jenerali...