Mu murenge wa Shyogwe hari umwana w’umukobwa watewe inda yiga mu mashuri abanza, ariko imiryango ihishira uwayimuteye bavuga ko na we akiri umwana; nyamara bivugwa ko akora akazi kandi ko hari...
Umugaba w’ingabo za Uganda ziri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Major General Kayanja Muhanga yaraye afunguye ku mugaragaro umuhanda wubatswe muri Ituri n’ibigo bikora imihanda byo...
Dr Vincent Kanimba, inzobere mu bijyanye no kubyaza wamenyakanye mu mavuriro atandukanye mu mujyi wa Kigali ari gusaba ubufasha nyuma yo gufatwa n’uburwayi bwa "Parkinson" amaranye imyaka...
Uretse kuba Christiano Ronaldo arusha Lionel Messi iminsi 869 y’amavuko, hari abandi bagenda berakana itandukaniro ry’aba bami baruhago yo ku Isi umunsi ku...
Umutoza w’ikipe ya Chelsea muri Premier League, Mauricio Pochettino, yatangaje ko Chelsea ikeneye guhangana n’andi makipe by’umwihariko ku mipira yo mu kirere kandi ikirinda gutsindwa ku mipira...
Job responsibilities
Analyze any information (documents, files, reports, etc.) and issues brought to the attention of the Executive Committee for consideration and action, produce an executive...
19 Job Positions at Rwanda Social Security Board (RSSB): Deadline: 18-Jan-2024
Lab Technician (Kiziba) at Save the Children
6 Job positions at MTN Rwanda: Deadline: Ongoing
6 Job Positions...
Impanuka ebyiri zitandukanye zo mu birombe bicukurwamo amabuye y’ agaciro zabereye mu turere twa Muhanga na Ruhango zahitanye abantu 13 mu cyumweru kimwe
Ingingo ya 438 y’igitabo cy’amategeko...
Mu mikino y’umunsi wa 13 yakomeje kuri iki Cyumweru taliki ya 06 Mutarama 2019,ikipe ya Marines FC yahagamye Mukura VS I Rubavu banganya igitego 1-1 mu gihe APR FC yaherukaga kubabaza abakunzi...
Ikipe ya APR FC ikomeje kugaragaza ko uyu mwaka idateganya kongera gutakaza igikombe kuko yisubije umwanya wa mbere wa shampiyona by’agateganyo kuri iki cyumweru,itsinda AS Muhanga ibitego...
Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuriza Charles ’KNC’ yatangiye guhigura ibyo yari yahigiye abafana b’iyi kipe ayobora ubwo yatsindaga AS Muhanga 2-0.
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryafatiye ibihano amakipe arimo Rayon Sports, Bugesera FC na AS Muhanga ndetse n’abakomiseri batandukanye bayoboye imikino barihanangirizwa,...
Umwongereza Theo Walcott ukinira ikipe ya Southampton ariko wamamaye muri Arsenal,yavuze ko mugenzi we bakinannye Robin Van Persie yari umuhanga kurusha umunyabigwi w’iyi kipe Thierry Henry...
Uyu munsi ni tariki ya 22 Kamena, ni umunsi wa 173 mu minsi 365 igize uyu mwaka wa 2017. Iminsi 192 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Kuri iyi tariki nibwo kiliziya gatorika yategetswe...
Serihamye Aphrodis w’imyaka 46 y’amavuko afungiwe kuri sitasiyo ya Polisi ya Gatumba nyuma yo gufatanwa inoti zirindwi z’ibihumbi bibiri z’amafaranga y’u Rwanda z’inyiganano, mu gasanteri...
Abakunzi b’ikipe ya Rayon Sports babarizwa muri Mozambique bakusanyije inkunga yo kugenera Ndahimana Narcisse n’umugore we Mutuyemariya Consilie bo mu Murenge wa Shyogwe, Akarere ka Muhanga...
Umuhanzi, umunyabugeni, umunyamakuru,umuhanga mu bya sinema akaba n’umunyamideli Dady de Maximo Mwicira-Mitali yanenze byikomeye Kiliziya Gatolika mu Rwanda yasabiye imbabazi abageze mu zabukuru...
Imodoka ya miliyoni 100 FRW Rayon Sports iherutse kugura yongeye gupfira mu nzira ubugira kabiri,ubwo iyi kipe yari ivuye kunyagira AS Muhanga ibitego 3-1 mu mukino w’umunsi wa 24 wa...