Umuhanga mu by’ubuzima witwa He Jiankui yatangaje ko yavumbuye urukingo ruzarinda abantu kwandura Virusi itera SIDA binyuze mu guhindura uturemangingo...
Itel Mobile yashyizeho uburyo bwo korohereza buri wese gutunga smartphone zigezweho wa 2 Ugushyingo itel mobile yatangije igikorwa kizajya kiba buri wa Gatanu aho hazajya hatoranwa iduka mu gace...
Ndayambaje Emmanuel wamamaye nka Producer Bob Pro ufatwa nk’umuhanga mu bijyanye no gukorera abahanzi batandukanye indirimbo, yanenze bikomeye Dream Boys iherutse gushyira hanze indirimbo nshya,...
Ikigera ku mwana uri mu nda ya nyina ni amarangamutima ya nyina. Amarangamutima tuvuga ni ibyishimo, agahinda, umuhangayiko, umutuzo, n’ibindi nk’ibyo.
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yibukije Abanyarwanda ko serivise z’ uburezi, amavuriro , amashanyarazi, amazi n’ ibindi ari uburenganzira bwabo bityo ko nta wukwiye kubaka ruswa ngo abahe izi...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi olivier yatangaje ko abona ubusatirizi bwe buryana ndetse atangaza ko yishimiye uko ikipe ye yubatse ku bijyanye no gutsinda ibitego nyuma yo kunyagira AS...
Tariki ya 27 Nyakanga abakunzi ba filime bizihiza ivuka ry’umuhanga mu mafilime n’imikino njyarugamba wanatojwe na Bruce Lee "Donnie Yen"
Turi tariki ya 27 Nyakanga ni umunsi wa 208 w’umwaka mu...
Abatsindiye intego mu mikino yabaye mu mpera z’ icyumweru gishize ariyo Manchester united vs Sunderland, Arsenal vs West Brom, Hull City vs Man city, Paris St Germain vs Lorient na Monaco vs Caen...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 17 Kamena nibwo hamaze kumenyekana amakipe 2 agomba kuzamuka mu cyiciro cya mbere gusimbura Pepieres Fc na Kiyovu Sports zamaze kumanuka mu cyiciro cya kabiri....
Urukiko Rukuru, Urugereko rwa Nyanza ruherereye mu Karere ka Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo rwagize umwere Padiri Habimfura Jean Baptiste wa Diyosezi ya Kabgayi ku byaha bibiri birimo icyaha cyo...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Mata 2023,nibwo Police FC irakira Rayon Sports mu mukino ubanza wa 1/4 cy’igikombe cy’Amahoro gusa biravugwa ko na Intare FC zitemera mpaga zatewe bityo zishobora...
Kuri uyu Kabiri tariki ya 05, Nyakanga 2022, FERWAFA yagaruye Muhire Henri Brulart ku nshingano z’umunyamabanga mukuru nyuma y’iminsi yari amaze ahagaritswe.
Ibinyujije kuri Twitter yayo,FERWAFA...
Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B.Thierry, yatangaje ko uru rwego rwamaze kwinjira mu bibazo bya ruswa bivugwa muri FERWAFA yahagaritse Umunyamabanga mukuru wayo Muhire Henri Brulart inirukana...
Ikipe ya Sunrise FC yagarutse mu cyiciro cya Mbere nyuma y’umwaka umwe gusa ikivuyemo,nyuma yo guisezerera Vision FC ku bitego 4-1 mu mikino yombi.
Mu mukino wo kwishyura wa 1/2 wabaye uyu...