Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa NEC, Charles Munyaneza yamaganiye kure ibyavuzwe na Ambasaderi w’Ubwongereza mu Rwanda watangaje ko amatora yo mu Rwanda aherutse kuba muri Kanama tariki ya 03 na...
Umuryango w’ubumwe bw’Uburayi (EU) waburiye ko uzakomeza amategeko yo kohereza mu mahanga inkingo za Covid, ni mu gihe uyu muryango ufitanye icyibazo na AstraZaneca kuko iyi iteganya kugabanya...
Perezida Paul Kagame yageze ku cyicaro cya Komisiyo y’Amatora (NEC) aho agiye gutanga kandidatire ye izamwemerera guhatana mu matora ya Perezida ateganyijwe muri Kanama 2017.
Kuri uyu wa kane...
Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe wahagaritse gahunda yo kugura inkingo za AstraZeneca zikorerwa mu Buhinde, kubera uburyo ubu bigoye kuzibona, ijya mu biganiro byo kugura iza Johnson &...
Komisiyo y’amatora, NEC yatangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 09 Kanama 2017 ku buryo bwa burundu ko Paul Kagame watanzwe n’ishyaka FPR Inkotanyi ari we watsinze amatora ya Perezida wa Repubulika...
Komisiyo y’amatora mu Rwanda yatangaje ko Diane Shimwa Rwigara atagaragaye ku rutonde ntakuka rw’abahatanira kuyobora u Rwanda kubera ko imikono y’abamusinyiye yagaragayemo akamaso ndetse ko harimo...
Umunyamakuru wa Perezida Yoweri Museveni, Don Wanyama, yatangaje ku rubuga rwe rwa Twitter ko Perezida Museveni yakiriye urukingo rwa AstraZeneca ku wa gatandatu tariki 27 Werurwe,mu nyubako ya...
Perezida wa Repuburika iharanira Demokrasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yahawe urukingo rwa Moderna rwa Covid -19 nyuma y’amezi yari ashize yanze urwa AstraZeneca avuga ko...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame,yirukanye ku mirimo Dr Patrick Hitayezu wari Umuyobozi Mukuru ushinzwe ibijyanye n’Ubukungu muri Minisiteri y’Igenamigambi (MINECOFIN), kubera imyitwarire...
President Yoweri Museveni has directed the heads of various security agencies to discourage their officers from using teargas, rubber, bullets and live ammunition when dealing with riots.
These...
Ikipe y’igihugu ya Algeria Les Fennecs, yakiriwe gitwari n’ibihumbi by’Abanya-Algeria, nyuma yo kugarukana mu gihugu igikombe cya Afurika cy’ibihugu yatwariye i Cairo mu Misiri ku wa gatanu w’iki...
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame yishimiye ko abagize umuryango we bose bishimiye umukoro wo gufasha nibura buri muryango wo mu Rwanda gutunga telefoni igezweho bakiyemeza nabo...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu ubwo hasubukurwaga ibikorwa byo gukingira Covid-19, abantu 69.591 aribo bahawe dose ya kabiri y’urukingo, mu gihe mu bipimo byafashwe...
Umugore wa Perezida wa Israel Nechama Rivlin yitabye Imana ku wa Kabiri taliki ya 4 Kamena 2019, ku myaka 73 nyuma y’igihe kirekire yari amaze arwaye indwara y’ibihaha nk’uko...