Founded in 2006, One Acre Fund supplies 1 million smallholder farmers with the agricultural services they need to make their farms vastly more productive. Our 8,000+ team is drawn from diverse...
KOPABINYA Farm Service Centre is a private sector company-driven model based on one one-stop shop concept located in Nyamagabe District, Tare Sector established in 2021 under the USAID support...
SCIANDA GROUP LTD founded in may 2021, set out itself to be a leading Global company in sale of vehicles (Brand new & Genuine used), sale houses & commercial buildings, car rental,...
Educate!, a high-growth and award-winning non-profit social enterprise, is looking for a Head of Partnerships to support Educate!’s external-facing work in Rwanda. This role will manage key...
Amarushanwa mu makipe yibihugu burya aba atandukanye n’ayo mu matsinda, bikaba rero ibyo kugawa iyo umukinnyi uri ku rwego mpuzamahanga atabashije kumenyera vuba izi mpinduka. Hasi hari urutonde...
Kuwa Gatatu, tariki ya 5 Mata 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro...
Ku wa Gatanu, tariki ya 30 Kamena 2017, Inama y’Abaminisitiri Idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri...
Abanyarwanda babarizwa mu Budage, Pologne, Liechteinstein, Repubulika ya Czech, Slovakia, Romania na Ukraine, bashyiriweho ahantu bazatorera Perezida wa Repubulika mu matora ateganyijwe kuwa 3...
‘Kubaho waratsinzwe nta kuzo ni ugupfa burundu’. Iyi ni imvugo yakoreshejwe na Napoléon Bonaparte wayoboye u Bufaransa, yaje kugenderwaho n’ingabo za FPR zabohoye u Rwanda zikaruvana mu menyo ya...
None kuwa Gatanu, tariki ya 09 Ukuboza 2016, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri yatangiye...
Bamwe mu bahoze ari abakozi b’ibyahoze ari komini zigereranywa n’uturere tw’ubu mu karere ka Nyamasheke , baravuga ko bishyuje imishahara yabo amaguru agahera mu nzira.
Aba baturage bavuga...
Tariki ya 1 Nyakanga, ni umunsi wa 182 w’umwaka. Iminsi 183 ngo umwaka wa 2017 urangire. Kuri iyi tariki nibwo u Rwanda n’ u Burundi bwahawe ubwigenge. Ku ruhande rw’ u Rwanda Gregoire Kayibanda...
Dr Frank Habineza, yashyize mu majwi uwamututse akanamugeranya n’ingagi akanavuga ko akwiriye kuba Perezida wazo. Uyu mugabo yasabye Leta y’u Rwanda gukurikirana iki kibazo mu maguru mashya....
Mwenedata Gilbert wari umwe mu bakandida depite bane bigenga bahatanira kujya mu Nteko Ishinga Amategeko mu matora y’Abadepite yo mu mwaka wa 2013 akaza kubura amajwi abimwemerera, yavuze ko nta...
Mpayimana Philippe niwe mukandida wigenga wenyine wemerewe kuziyamamariza kuyobora u Rwanda muri bane bari babyifuje.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 7 Nyakanga komisiyo y’ igihugu y’...
Umukandida wigenga wemerewe kuziyamamariza kuyobora u Rwanda mu matora ateganyijwe muri Kanama 2017 yavuze ko yashimishijwe cyane no kuba ari mu bakandida batatu bemerewe kuziyimamaza yongeraho...
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta ndetse ni nawe ufite mu nshingano urwego rwa Polisi, Johnston Busingye, yavuze ko Polisi y’u Rwanda ikomeje gushakisha umugore wandikiye Dr Frank...
Diane Shima Rwigara umwe mu bahatanira kuyobora u Rwanda utarashyizwe ku rutonde nta kuka yahakanye ibyo gusinyirwa n’abapfuye igihe yashakaga imikono 600 yabamusinyira kugirango yiyamamaze....
Kuri uyu wa kane tariki ya 20 Nyakanga 2017 nibwo Umuherwe Jack Ma washinze ikompanyi ikora ibijyanye n’ubucuruzi bwo kuri internet "Alibaba Group" yageze mu Rwanda aho yitabiriye Inama...
Kuri uyu wa 3 Kanama 2017, benshi mu Banyarwanda baba mu bihugu byo hanze, batangiye gutora Perezida wa Repubulika.Ni mu gihe mu gihugu cy’u Rwanda amatora ateganyijwe ku munsi w’ejo, tariki ya 04...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 04 Kanama 2017, Abanyarwanda baramukiye mu gikorwa cyo gutora Perezida wa Repubulika y’u Rwanda muri manda y’imyaka ndwi. Ni mu gihe hanze y’Igihugu baraye batoreye mu...
Perezida wa Komisiyo y’Amatora, Prof Kalisa Mbanda, nyuma yo kuvuga aya majwi y’ibanze yagize ati “Twavuga ko afite [Paul Kagame] amahirwe yo kuzakomeza kuba uwa mbere akaba azatsindira uyu mwanya...
Imibare y’ amateganyo y’ ibyavuye mu matora ya Perezida w’ u Rwanda iragaragaza ko Paul Kagame ariwe watsinze amatora n’ amajwi 98, 63%, agakurikirwa na Mpayimana Philippe ufite 0,73 nawe...