Abashumba 6 bari mu bashinze itorero Zion Temple barasaba urukiko rwisumbuye rwa Gasabo kwemeza ko Apôtre Paul Gitwaza atakiri umuvugizi waryo kuko bemeza ko...
Igitabo cyitwa The Woman in Me kivuga ku mibereho y’umuhanzi Britney Spears,kiri kugurwa cyane kuko mu cyumweru cyacyo cya mbere yagurishije kopi miliyoni 1,1 muri...
Umuyobozi w’Akarere ka Rwamagana, Mbonyumuvunyi Radjab,yabwiye abakinnyi b’ikipe ya Muhazi United ko bagomba gutsinda APR FC bazahura muri iki cyumweru muri shampiyona aho yageze aho asaba ufite...
Uwahoze ari Perezida wa Guinée, Col Moussa Dadis Camara wari ufungiwe muri Gereza yo mu murwa mukuru wa Guinée, yatorotse Gereza, abifashijwemo n’abasirikare bo mu mutwe ushinzwe kurwana aho...
Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro kuri telefone n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony J. Blinken, byagarutse ku bibazo by’umutekano muke muri...
Abanyeshuli 400 bo muri za kaminuza zitandukanye zo muri Goma bahisemo kujya mu myitozo ya gisirikare i Kisangani mu ntara ya Tshopo. Bavuga ko bashaka kurinda ubusugire bw’igihugu bakirinda...
Noël Tshiani, umwe mu bahataniye umwanya w’Umukuru w’Igihugu muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, yavuze ko natorwa, azaha u Rwanda amasaha 48 yo kuba rwavuye muri Congo, bitaba ibyo Ingabo za...
Perezida w’Abafana ba Kiyovu Sports, Minani Hemed yatangaje ko niba nta gikozwe, iyi kipe izagorwa no gukina imikino yo kwishyura ya shampiyona ndetse n’Igikombe...
Abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo barahamagarira abanyagihugu kwishyira hamwe bakarwanya Felix Tshisekedi watangajwe na komisiyo y’amatora muri Kongo CENI ko ariwe...
Bakoresha inka akarasisi banazitatse indabyo. Burya hari inyamaswa zubahwa cyane ku isi zinakorerwa ibirori bihambaye kubera imyemerere no kuzikunda cyane. Sobanukirwa uko zimwe mu nyamaswa...
Abaturage bo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo baravuga ko bakiri mu gihirahiro cyo kutamenya icyo ingabo zoherejwe n’umuryango w’ibihugu byo muri Afurika y’amajyepfo SADC...
Imirwano yahuje inyeshyamba za M23 n’Ingabo za Leta ya Congo (FARDC ) zifatanyije n’Abasirikare ba SADC yasize bamwe mu basirikare ba SADC bahasize ubuzima abandi bafatwa...
Perezida Ndayishimiye yumvikanye abwira uru rubyiruko ko abaturage bo mu Karere babanye neza, ko ikibazo ari abo yise abayobozi babi ndetse yemeza ko urugamba barimo bazarukomeza kugeza abaturage...
Abantu batandatu baguye mu mpanuka y’ubwato bwarohamye mu kiyaga cya Mugesera mu Murenge wa Karenge Akarere ka Rwamagana, ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu.
Imibiri y’abantu 14 ni yo imaze gukurwa mu Kiyaga cya Mugesera mu Karere ka Rwamagana. Ni nyuma yaho ku wa Gatanu ubwato bwari butwaye abaturage 46 burohamye. Abantu 31 ni bo babashije...