Umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare akaba n’umukinnyi wa Benediction yo mu karere ka Rubavu kuri Munyaneza Didier bakunda kwita Mbappe yagize ibyago mu muryango we aho kuri...
Imvura nyinshi yaguye mu bice bitandukanye mu Rwanda mu ijoro ryo kuwa gatatu rishyira kuwa Kane w’iki cyumweru, yangije ibintu byinshi birimo ubuzima bw’abantu 72,isenya amazu n’ibiraro ndetse...
Mu karere ka Gakenke, Umurenge wa Rusasa habereye umuhango wo gushyingura umuryango w’abantu 8 wa Dusabimana Theoneste ,wishwe n’ibiza byatewe n’imvura yaguye mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira kuwa...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 09 Gicurasi nibwo Polisi y’u Rwanda ikorera mu murenge wa Bugeshi mu karere ka Rubavu yafashe uwitwa Hafashimana w’imyaka 22 bakunze kwita Jado. Uyu...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 18 Kamena 2020, habonetse abarwayi barindwi ba Coronavirus mu Rwanda bituma abamaze kwandura bose baba 646. Aba barwayi biganjemo abo mu...
Mu rukerere rwo kuri uyu wa Gatanu ku bufatanye bw’inzego z’ibanze n’iz’umutekano,Polisi y’igihugu yafashe abantu 14 bo mu karere ka Rusizi, bari batwaye magendu bayivana muri Repubulika Iharanira...
Abafite amazu akodeshwa mu mujyi wa Butare wo mu karere ka Huye uzwi cyane nk’umujyi w’ubukungu bushingiye kuri Kaminuza y’u Rwanda n’amashuri yisumbuye ahari, barataka igihombo cyo kubura abapangayi...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Nyakanga 2020,abanduye coronavirus bashya mu Rwanda ni 38 barimo 30 babonetse I Kigali (Itsinda riri mu kato ryitabwaho by’umwihariko), Nyabihu:7, Kirehe:1.
Abamaze...
Mu ntara ya Busia mu gihugu cya Kenya, umupolisi yambuwe intwaro anatabwa muri yombi mbere yo gushyirwa mu kato, nyuma yo gufatwa asambanya ku ngufu umurwayi wa Covid-19 wari mu...
Umugabo w’imyaka 31 yabaye umuntu wa 18 wahitanywe na COVID-19 mu Rwanda nkuko Minisiteri y’Ubuzima yabitangaje kuri uyu wa Kane tariki ya 03 Nzeri 2020.
Kuri Uyu wa Gatanu tariki ya 30 Ukwakira 2020,Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye imihigo y’abayobozi b’Uturere ndetse hanatangazwa uko uturere twitwaye mu kwezi imihigo muri...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 21 Ukuboza 2020,abantu 2 bagizwe n’umugore w’imyaka 39 wo mu mujyi wa Kigali hamwe n’umugabo w’imyaka 58 wo mu karere ka Gicumbi, bishwe na...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 30 Ukuboza 2020, abantu 7 bahitanywe na COVID-19 bituma umubare w’abamaze kwicwa n’iki cyorezo uba 86 mu gihe abanduye bo biyongereyeho 122 bose hamwe baba 8,250 mu bipimo...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 11 Mutarama 2021,abantu 4 bahitanywe na COVID-19 bituma umubare w’abamaze kwicwa n’iki cyorezo mu Rwanda ugera kuri 124 mu gihe abanduye bo...
Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje abakinnyi 15 bazitabira imyitozo mu byiciro bitatu, akaba ari bo bazavamo abakina irushanwa rya Tour du...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Mata 2021,abanyeshuri biga bacumbikirwa mu bigo, batangiye gusubira ku mashuri birinda gukererwa kugera ku masomo azatangira kuwa Mbere w’icyumweru...
Colonel Nshimiyimana Augustin wahoze yungirije ushinzwe amasomo mu mutwe wa FDLR/FOCA, yafatiwe mu rusengero ruherereye muri Teritwari ya Masisi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...
Umwarimukazi wo ku ishuri ribanza ry’Umucyo (EP Umucyo) riherereye mu Murenge wa Mushonyi,Akagari ka Rurara mu mudugudu wa Gisunzu mu Karere ka Rutsiro ,yakubiswe n’umunyeshuri wiga mu mwaka wa...
Kuri iki Cyumweru taliki ya 25 Nyakanga 2021, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje abantu bashya 616 banduye icyorezo cya COVID-19, bangana na 5.4% by’ibipimo 11,339 byafashwe mu masaha 24 ashize. Ni mu...