Kuwa Gatatu tariki 1 Mata 2020 nibwo ku mbuga nkoranyambaga hasakajwe amafoto y’abantu bari inyuma y’inzu bakubita umusore, bavuga ko yabibiye telefone, none Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye...
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali,Rubingisa Pudence yatangaje ko ifungwa ry’isoko rikuru rya Nyarugenge ritazatuma ubukungu buzahara kuko hagiye kuba imikoranire na MINICOM ku buryo abacuruzi...
Umunyerondo witwa Habanabashaka Jean yatewe icyuma n’abazunguzayi ahita yitaba Imana ubwo yari kumwe na bagenzi be mu mukwabu wo kurwanya abacuruzi butemewe bukorerwa ku...
Mu karere ka Nyarugenge, mu mujyi wa Kigali imodoka yagendaga mu muhanda yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka kuri uyu wa 08 Mata 2023.
Ababibonye batangaje ko iyi modoka yo mu bwoko...
Iyi myenda niyo yari ifubitse urwo ruhinja rwatoraguwe
Uruhinja rw’ amezi abiri rwatabawe n’ abagiraneza mu murenge wa Gitega akagari ka Akabahizi mu karere ka Nyarugenge nyuma yo gusigwa ku...
Mu murenge wa Kimisagara w’ akarere ka Nyarugenge kuri uyu wa Mbere tariki 20 Werurwe Polisi yahatahuye ibiro 500 by’ urumogi, Umuyobozi w’ ako karere Kayisime Nzaramba avuga ari akaga ako karere...
Umusore uri mu kigero cy’imyaka 19 witwa Emmanuel (utaramenyakana imyirondoro yose), wakoreraga mu Murenge wa Rwezamenyo, mu Karere ka Nyarugenge, yitabye Imana kuri uyu wa 26 Gashyantare, aho...
Kuri sitasiyo ya Polisi ya Kimisagara hafungiwe uwitwa Nisingizwe Jean d’Amour, wafatiwe mucyuho agurisha moto ifite nomero za purake RD 060H bikekwa ko yibwe I Remera mu karere ka Gasabo....
Umumotari witwa Ndizeye Tito, wari usanzwe akorera akazi ke ko gutwara abagenzi, ku itariki ya 8 Ugushyingo yafatiwe mu murenge wa Kimisagara akarere ka Nyarugenge akekwaho gushaka guha umupolisi...
Biryogo iherereye mu Karere ka Nyarugenge, mu Murenge wa Nyarugenge. Umuntu uvuye mu bice by’icyaro bitandukanye akerekeza mu mujyi wa Kigali, iyo awuvuyemo atageze i Nyamirambo usanga...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko babyifuza ko kuwa mbere taliki ya 26/11/2018 saa tanu n’igice z’amanywa (11h30) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wanditse ku mazina...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa 03/12/2018 saa tanu n’igice z’amanywa (11h30) azasubukura igurisha mu cyamunara ry’umutungo utimukanwa wanditse ku mazina ya MIGABO...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko babyifuza ko kuwa mbere taliki ya 10/12/2018 saa tanu n’igice z’amanywa (11h30) azasubukura izagurisha mu cyamunara umutungo utimukanwa wanditse...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki ya 08/3/2019 saa sita z’amanywa (12h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka wa BIZIMANA...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki ya 05/3/2019 saa kumi z’amanywa (16h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bwubatseho...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu,mu mudugudu wa Rugano,uherereye mu Kagari ka Kora mu Murenge wa Gitega, harasiwe umuntu ucyekwaho ubujura bwa telefoni...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki ya 21/3/2019 saa sita z’amanywa (12h00) azagurisha muri cyamunara imitungo igizwe n’ubutaka gusa ya Bizimana John...